{"id":18194,"date":"2019-11-04T06:06:47","date_gmt":"2019-11-04T06:06:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/11\/04\/ubuhanuzi-bwa-hon-sebaba-ku-rwanda\/"},"modified":"2019-11-04T06:06:47","modified_gmt":"2019-11-04T06:06:47","slug":"ubuhanuzi-bwa-hon-sebaba-ku-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194","title":{"rendered":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Sebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze.<\/p>\n<p>Umurage nasigiwe n\u2019ababyeyi n\u2019abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy\u2019umugisha gitemba amata n\u2019ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo gusenga bo bakabaza Imana ibimenyetso kugira ngo ibyahanuwe bibone kugezwa kubo bireba ( abaturage).<\/p>\n<p>Sinigeze ndotera nabi urwambaye kuko ari urunyamugisha, kuko nasanze ababyeyi no mu rusengero bambwira ko \u201cyirirwa ahandi igataha i Rwanda.\u201d Uwo ni umugisha! Nanjye rero sinawitesha, kuko byantera guteshaguzwa nkagana mu buyobe. Rwanda gihugu cyanjye mugisha wanjye ndagukunda nkabura uko ngira. Urakabaho Rwanda nziza!<\/p>\n<p>Icyo dupfa ngobyi iduhetse ni uko wuzuye abanyabwenge ariko rimwe na rimwe nkabona umpekanye n\u2019ibigwari, abataguhesha ishema uko Imana yakuduhaye. Ibyo bigwari, aho nahereye mbigutungira agatoki , uzabyururutsa ryari? Nawe ntubona ko bindambiye? Ngaho rero gira icyo ukora maze mpite mpekwa mu ngobyi yera izira ibyasha kugira ngo ntahotorwa n\u2019agahinda n\u2019intimba.<\/p>\n<p>Ndambiwe abashinyaguzi bandaza ijoro bambuza amahwemo bagatuma ntafata igisamu cy\u2019iza mwimanyi, amata ndetse n\u2019ubuki nk\u2019uko Data wa twese yabidusezeranije idukura mu buretwa. <\/p>\n<p>Rwanda nziza gihugu cyanjye ibuka ko twabatuwe tukaba tutakiri imbata ishyanga. Ndaguhanuriraho ibyiza bibaho byose kugira ngo nkuronkereho umugisha wo kabyara we! Nkiza nkiza abicanyi, abahotozi, abajura, babandi bose babarirwa mu masibo ya sekibi shitani. Uko nkuzi ubwo bugome ntiwabwihanganira kuko ukunda amahoro n\u2019ituze mu bagutuye.<\/p>\n<p>Ahwiii ndakangutse nisanga mu iyerekwa rikomeye ariko nshimishwa no kuba nari mu byiza gusa gusa! Umugisha ku gihugu cyawe? Ntako bisa! Nisanze ntabyihererana, nshuti za Sebaba. Abigeze gusoma inyandiko zanjye ubushize, nahanuye iby\u2019abami b\u2019u Rwanda n\u2019u Burundi basinyanye amasezerano yo kutazongera kugabanaho ibitero, amasezerano yabereye &#8221; mu Twicarabami twa Nyaruteja&#8221; navugaga ko nifuza kuzumva ahazitwa &#8221; mu twicara ba perezida&#8221; bidateye kabiri numva ngo &#8221; habayeho mu twicaraba perezida twa Luanda&#8221;. Ibyo biranyereka ko ndi umuhanuzi wuzuye pe! <\/p>\n<p>Ndahanurira amahoro ku rwambyaye, ndaruhanurira umutekano, ndaruhanurira ituze, ndaruhanurira iterambere, ndaruhanurira icyatuma ruba icyitegererezo mu karere no muhanga, ndahanurira abaturage kubana neza. Ibyo byose ni byo byibumbiye ku migisha idutegereje imbere.<\/p>\n<p>Hahirwa abasoma iby\u2019ubu buhanuzi kandi abafite amatwi nibumve kugira ngo tubashe gusingira imigisha yacu twese. Murakagira amata n\u2019ubuki mu rwatubyaye!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Sebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze. Umurage nasigiwe n\u2019ababyeyi n\u2019abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy\u2019umugisha gitemba amata n\u2019ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[131],"class_list":["post-18194","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ibitekerezo-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Sebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze. Umurage nasigiwe n\u2019ababyeyi n\u2019abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy\u2019umugisha gitemba amata n\u2019ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-11-04T06:06:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194\"},\"author\":{\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\"},\"headline\":\"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda\",\"datePublished\":\"2019-11-04T06:06:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194\"},\"wordCount\":377,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194\",\"name\":\"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-11-04T06:06:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18194#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\",\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=6\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA","og_description":"Sebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze. Umurage nasigiwe n\u2019ababyeyi n\u2019abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy\u2019umugisha gitemba amata n\u2019ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-11-04T06:06:47+00:00","author":"Munyakayanza Samuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Munyakayanza Samuel","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194"},"author":{"name":"Munyakayanza Samuel","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83"},"headline":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda","datePublished":"2019-11-04T06:06:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194"},"wordCount":377,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18194#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194","name":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-11-04T06:06:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18194"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18194#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83","name":"Munyakayanza Samuel","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=6"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18194","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=18194"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18194\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=18194"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=18194"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=18194"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}