{"id":18210,"date":"2019-11-04T06:56:51","date_gmt":"2019-11-04T06:56:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/11\/04\/gakenke-inyubako-yari-iy-akarere-ka-bugarura-imaze-imya-17-ntacyo-ikorerwamo\/"},"modified":"2019-11-04T06:56:51","modified_gmt":"2019-11-04T06:56:51","slug":"gakenke-inyubako-yari-iy-akarere-ka-bugarura-imaze-imya-17-ntacyo-ikorerwamo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210","title":{"rendered":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo  ikorerwamo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Inyubako iri  mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n\u2019izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. <\/p>\n<p>Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n\u2019Akarere ka Bugarura nk\u2019uko byari byitezwe kuko haje indi gahunda igahuza Komini Bukonya na Nyarutovu bikavamo Akarere ka Gakenke y\u2019ubu.<\/p>\n<p>Bamwe mu baturage bubatse kuri iyi nzu ndetse n\u2019abayitanzeho muganda n\u2019umusanzu w\u2019amafaranga babwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko igiye gusenyuka ntacyo ibamariye kandi yarabavunnye.<\/p>\n<p>Uwabaye umuzamu w\u2019iyi nyubako kuva yubakwa kugeza ubu,   Nkurikiyimana Felicien avuga ko iyi nyubako yabaye igihombo ku baturage. <\/p>\n<p>Ati \u201c Iyi nzu rwose,bayubatse ahangaha tuzi ko igiye kuduteza imbere ariko ntibyashobotse kuko yaruzuye ariko ntiyakoreshwa icyo yubakiwe cyangwa se bagire ikindi bayikoreramo.\u201d<\/p>\n<p>Serugero Emmanuel ni umwe mu bubatse kuri iyi nyubako. Avuga ko iyi nzu yatangiye kubakwa na Rwiyemezamirimo Seburikoko Emmanuel kuva 20 Gashyantare 2002, imaze kubakwa ntiyakorerwamo icyo yari igenewe, bityo agasaba ko akarere kareba igikwiye ngo ibe yakoreshwa ibindi.<\/p>\n<p>Ati \u201cIkimara kuzura,akarere kimuriwe mu Gakenke, inzu ntiyakoreshwa uko byari byagenwe none ikaba igenda yangirika , tukaba twasaba Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko yadufasha iyi nyubako igakoreshwa nk\u2019ikigo nderabuzima cyangwa ivuriro rito (Poste de Sante) kuko byadufasha cyane kuko kugeza ubu dukora ibirometero bigera mu icumi tujya kuvuza kure yacu. Ikindi kandi byatanga n\u2019akazi ku bashomeri ndetse n\u2019inzu ikareka gupfa ubusa kandi yaratuvunnye.\u201d<\/p>\n<p>Ngo kuba bavuga ko yangiritse nk\u2019umufundi avuga ko baramutse bayivuguruye neza bakoresheje ibikoresho bikomeye yakoreshwa kandi igakomeza kugira ubwiza bwayo.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cIyi nzu yakorwa kuko uwafata sima agashyira hejuru ndetse hagakorwa n\u2019igisenge , ikigo nderabuzima cyaboneka kuko inzu ubwayo ni nini kuko ifite ibyumba 42 kandi bigari. Ni ukuvuga ko habonekamo ibyumba by\u2019ababyeyi , abana , ahavurirwa ibisebe, aho batangira serivisi zo kuboneza urubyaro, aho gutangira imiti(Pharmacie) , aho gusuzumira n\u2019ibindi , bityo tukaruhuka imvune twahuraga nazo.\u201d<\/p>\n<p>Nyirahabumuremyi Collette ngo we yahakoze umuganda abumba kandi agatunda amatafari mu cyizere cy\u2019uko bagiye kuva mu bwigunge ariko ngo byarangiye ntacyo bitanze.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cKuba akarere katarahakoreye ntibyari kuba intandaro yo gupfusha ubusa inyubako nk\u2019iyi ahubwo Leta yakagombye kureba ikindi cyakorerwamo. Nk\u2019ubu bayihinduye ikigo ngerabuzima , nk\u2019ababyeyi twaba tugize amahirwe yo kwipimishiriza bugufi dutwite , kubyarira hafi , gukingiza abana ndetse n\u2019abakuru bakivuriza hafi.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deogratias avuga ko kuba inyubako itarakoreshejwe nk\u2019ibiro by\u2019akarere byatewe nuko hahujwe icyari akarere ka Bukonya n\u2019akarere ka Nyarutovu , bityo icyicaro cy\u2019akarere ka Gakenke kiba ahahoze akarere ka Nyarutovu.<\/p>\n<p>Gusa ngo iyi nyubako yamaze gusurwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyi ngiro (WDA) kugira go ikoreshwe nk\u2019ishuri ry\u2019imyuga kandi go ubuyobozi bukomeje kubikurikirana.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati\u201cHari abaterankunga bagitegerejwe ngo batangize ishuri ry\u2019imyuga gusa ntituzi icyabidindije ariko byari byamaze gusesengurwa ko ishuri ritangira.<\/p>\n<p>Turizerako abo baterankunga nibamara kunoza ibyo bariho banoza iyo nyubako izakoreshwa , gusa sinahamya ngo ni ryari ariko ni uko gahunda iteye , turacyakomeza kubikurikirana.\u201d<\/p>\n<p>Iyi nyubako yubatse mu buryo bw\u2019inzu yagombaga kubakwa nk\u2019igeretse (Etage) yahagaze huzuye icyiciro cya mbere (Premir\u00e8re phase) ifite ibyumba 42 binini , icyumba cy\u2019inama(Salle de reunion) ,ubwiherero bw\u2019imbere mu nzu no hanze,koridoro(Cordor) ndetse ikagira n\u2019ubusitani imbere n\u2019inyuma.<\/p>\n<p>Nkuko umuzamu w\u2019iyi nyubako Nkurikiyimana Felicien abivuga ngo yabanje gukorana na Rwiyemezamirimo Seburikoko Emmanuel batandukana ataramuhemba noneho akomeza kuyirarira n\u2019ibikoresho byarimo ariko adahembwa.<\/p>\n<p>Igihe kigeze yashikirije ikibazo ubuyobozi bw\u2019akarere buramwigurutsa bumubwira ko butamuhaye akazi ariko na we akomeza kwinangira kugeza na n\u2019ubu ariko ubuyobozi ngo bwaje kubona ko akwiye agahimbazamusyi maze bufata icyemezo cyo kumwubakira inzu y\u2019amabati 30, igikoni n\u2019ubwiherero.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n\u2019izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n\u2019Akarere ka Bugarura nk\u2019uko byari byitezwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-18210","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n\u2019izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n\u2019Akarere ka Bugarura nk\u2019uko byari byitezwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-11-04T06:56:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo\",\"datePublished\":\"2019-11-04T06:56:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210\"},\"wordCount\":621,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210\",\"name\":\"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-11-04T06:56:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18210#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA","og_description":"Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n\u2019izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n\u2019Akarere ka Bugarura nk\u2019uko byari byitezwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-11-04T06:56:51+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo","datePublished":"2019-11-04T06:56:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210"},"wordCount":621,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18210#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210","name":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-11-04T06:56:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18210"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18210#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gakenke: Inyubako yari iy\u2019Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18210","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=18210"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18210\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=18210"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=18210"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=18210"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}