{"id":1827,"date":"2016-04-28T17:41:14","date_gmt":"2016-04-28T17:41:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/28\/umuryango-ibuka-urashimira-min-w-039-intebe-kubw-039-ijambo-yavuze-ryabaruhuye\/"},"modified":"2025-02-12T21:34:42","modified_gmt":"2025-02-12T19:34:42","slug":"umuryango-ibuka-urashimira-min-w-039-intebe-kubw-039-ijambo-yavuze-ryabaruhuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827","title":{"rendered":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Perezida wa Ibuka yashimiye Minisitiri w&#8217;Intebe Anastase Murekezi kubw&#8217;ubutumwa yatanze mu gihe cyo kwibuka Jonoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22<\/em> <\/strong><br \/>\nTariki ya 23 Mata 2016 mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Abatutsi biciwe ikibeho mu ri Jonoside, Perezida wa Ibuka Prof.Dusingizemungu Jean Pierre mu ijambo yahavugiye yavuze  ko ashimira Ministiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda mwizina rye n&#8217;umuryango wa Ibuka ahagarariye kubw&#8217;ijambo rikomeye yavuze Tariki ya 16 Mata 2016 ubwo abakozi bakora muri Minisiteri y&#8217;Intebe bibukaga Jonoside yakorewe Abatutsi bishwe muri Mata 1994 .<br \/>\n<figure id=\"attachment_31062\" aria-describedby=\"caption-attachment-31062\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-31062 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg\" alt=\"bwiza\" width=\"768\" height=\"535\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-31062\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Prof.Dusingizemungu J.Pierre Perezida wa Ibuka<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nProf.Dusingizemungu yavuze ko mu izina rya Ibuka ijambo ryavuzwe na Minisitiri w&#8217;Intebe ryatumye we n&#8217;abagenzi be ikibazo bajyaga bibaza ryatumye kivaho kubw&#8217;ibyo bamwe mu bacitse ku icumu bakaba bifuza kubonana na Minisitiri w&#8217;Intebe.<br \/>\nyakomeje kandi ashimira Musenyeri wa Gikongoro Celestin Hakizimana kubw&#8217;ibikorwa yakoze agakiza abahigwaga muri Jonoside bari kuri St Famille ndetse no mu nkengero zaho,aha mu Musenyeri akaba ashimwa na benshi kubw&#8217;ubutwari yagaragaje agakiza akanashakira ibyo kurya abarimo bahigwa.<br \/>\n<figure id=\"attachment_31049\" aria-describedby=\"caption-attachment-31049\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/25896337594_50bc938dbc_z.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-31049 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/25896337594_50bc938dbc_z.jpg\" alt=\"bwiza\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-31049\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Abakozi bakora muri serivise za Minisitiri w&#8217;Intebe<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nTariki ya 16 Mata 2016 ubwo abakozi bakora muri Minisiteri y&#8217;Intebe nibwa bakoze umuhango wo kwibuka kunshuro 22 Jonoside yakorewe Abatutsi bishwe muri Mata 1994 Minisitiri w&#8217;Intebe yatanze ubuhamya bwaranze ubuzima bwe kuva akiri umwana kugeza aho ageze aho yavuze ko kuriwe atakwirata ubwoko cyangwa ngo agire uwo yanga ngo ndetse nuwamwanga yaba yikojeje ubusa.<br \/>\n<figure id=\"attachment_31069\" aria-describedby=\"caption-attachment-31069\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/26227939400_2879148b46_z-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-31069 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/26227939400_2879148b46_z-1.jpg\" alt=\"bwiza\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-31069\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Perezida wa Ibuka Prof.Dusingizemungu Jean Pierre nawe yitabiriye umuhango wo kwibuka kunshuro ya 22 Jonoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994,ubwo abakozi ba Primature bibukaga<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nYavuze ko imirimo yagiye akora yamuhaye mahirwe yo kumenya byinshi ariko ngo hari abamurushaga ubutwari yabonaga, bamurusha ubwenge, bamurusha uburyo bwo gukora bashoboraga kugira amahirwe yo kuba mu mwanya arimo.<br \/>\nIcya kabiri kimutera kuvuga ko kuba Minisitiri w\u2019Intebe byatunguranye, nuko ngo mu mateka ye uyagereranyije n\u2019amateka y\u2019imyaka 30 ya nyuma mu Rwanda atabaye umutagatifu, bikavuga ko atari we wari kuba intore mbere y\u2019izindi ariko ngo kubera ubuntu bw\u2019Imana agenda ahinduka kuko yizera Imana n\u2019abantu.<br \/>\nAha yagize ati : \u00ab Njye nizera abantu..uko mumbona, nuwashaka guta umwanya we yaba umwanzi wanjye kuko ntabwo namwanga. \u00bb<br \/>\nYakomeje avuga ko iyo asubije amaso inyuma akareba abantu bose babanye, biganye cyangwa bakoranye, ntawe yumva yavuga ngo yaramuhemukiye  cyangwa se ngo aramwanga kubera impamvu iyi n\u2019iyi.<br \/>\nyagize ati:\u00ab Ntabwo nanga abantu. Nuwanyanga we yaba yihemukira. Kandi ukwanze, akabona ntumusubiza mu rwango, nawe aragukunda. \u00bb<br \/>\n<figure id=\"attachment_31051\" aria-describedby=\"caption-attachment-31051\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/26227922210_cbbb2b913a_z1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-31051 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/26227922210_cbbb2b913a_z1.jpg\" alt=\"bwiza\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-31051\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Minisitiri w&#8217;Intebe mu muhango wo kwibuka kunshuro ya 22 Jonoside yakorewe Abatutsi<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMuri iki gikorwa cyo kwibuka Minisitiri w\u2019Intebe yagarutse kuri minisiteri y\u2019intebe, avuga ko inyubako ikoreramo ifite amateka menshi cyane. Yavuze ko muri iyi nyubako ari ho Umunyamabanga Mukuru wa MRND yakoreraga ndetse na Habyarimana akaba yari ahafite ibindi biro byiyongera ku byo mu Urugwiro.<br \/>\nMu ijambo yavugiye aho, Minisitiri w\u2019Intebe yanagarutse ku buzima bwe, avuga ko ababyeyi be bakiriho, ariko ikintu abashimira ari uko batigeze bamwigisha amacakubiri ashingiye ku bwoko.<br \/>\nYakomeje avuga ariko ko ababyeyi be bamubeshye nubwo yababariye kuko bamubwiye ko bashakaga kuzakiza umuryango. Yavuze ko ubundi ubwoko bwabo bari Abatutsi kugeza ubwo nyirakuruza yajyaga gushaka ubuhake ku mutware w\u2019Umuhutu w\u2019i Nyaruguru, umwana yari ahetse nawe akahakurira, se wa sekuru agahinduka umuhutu gutyo ahereye kuri uwo mutware w\u2019umuhutu wari warahatse nyina.<br \/>\nUbwo kuva icyo gihe ngo babaye Abahutu ndetse no mu byangombwa byabo handikwamo ko ari Abahutu kugeza ku ndangamuntu ye ubwe ari nayo ngo yamukijije kuko hari handitsemo ko ari Umuhutu.<br \/>\nMu myaka ya nyuma ababyeyi be bamubwiye ko iyo baza kugenda bavuga ko ari Abatutsi baba barashije ariko ibuku ya sekuru bakaba barayigendeyeho ariko bazi neza mu mateka ko ari Abatutsi babaye Abahutu.<br \/>\nMinisitiri w&#8217;Intebe mu muhango wo kwibuka Abatutsi  biciwe Ikibeho ku inshuro ya 22 bazize Jonoside yo muri Mata 1994  mu ijambo rye yavuze ko aho u Rwanda rugeze ntawe ukwiye kugendera kumoko Abazungu bazanye kugirango baryanishe Abanyarwanda cyane ko aho igihugu kigeze bitahesha umuntu akazi cyangwa imibereho myiza ahubwo ubushobozi n&#8217;ubumenyi umuntu  yifitemo aribwo bwonyine  bw&#8217;igiciro.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Mecky@Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Ibuka yashimiye Minisitiri w&#8217;Intebe Anastase Murekezi kubw&#8217;ubutumwa yatanze mu gihe cyo kwibuka Jonoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22 Tariki ya 23 Mata 2016 mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Abatutsi biciwe ikibeho mu ri Jonoside, Perezida wa Ibuka Prof.Dusingizemungu Jean Pierre mu ijambo yahavugiye yavuze ko ashimira Ministiri w&#8217;Intebe w&#8217;u [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1827","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Ibuka yashimiye Minisitiri w&#8217;Intebe Anastase Murekezi kubw&#8217;ubutumwa yatanze mu gihe cyo kwibuka Jonoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22 Tariki ya 23 Mata 2016 mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Abatutsi biciwe ikibeho mu ri Jonoside, Perezida wa Ibuka Prof.Dusingizemungu Jean Pierre mu ijambo yahavugiye yavuze ko ashimira Ministiri w&#8217;Intebe w&#8217;u [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-28T17:41:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:34:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima\",\"datePublished\":\"2016-04-28T17:41:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827\"},\"wordCount\":714,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/DSC53914.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827\",\"name\":\"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/DSC53914.jpg\",\"datePublished\":\"2016-04-28T17:41:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/DSC53914.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/DSC53914.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1827#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA","og_description":"Perezida wa Ibuka yashimiye Minisitiri w&#8217;Intebe Anastase Murekezi kubw&#8217;ubutumwa yatanze mu gihe cyo kwibuka Jonoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22 Tariki ya 23 Mata 2016 mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Abatutsi biciwe ikibeho mu ri Jonoside, Perezida wa Ibuka Prof.Dusingizemungu Jean Pierre mu ijambo yahavugiye yavuze ko ashimira Ministiri w&#8217;Intebe w&#8217;u [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-28T17:41:14+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:34:42+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima","datePublished":"2016-04-28T17:41:14+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827"},"wordCount":714,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827","name":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg","datePublished":"2016-04-28T17:41:14+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1827"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC53914.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1827#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuryango Ibuka urashimira Min.w&#039;intebe kubw&#039;ijambo yavuze ryabaruhuye mu mitima"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1827","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1827"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1827\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1827"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1827"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1827"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}