{"id":1880,"date":"2016-05-03T11:11:21","date_gmt":"2016-05-03T11:11:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/03\/ese-uwaciye-inyuma-uwo-bashakanye-agasambana-asaba-imana-imbabazi-gusa\/"},"modified":"2025-02-25T14:29:09","modified_gmt":"2025-02-25T12:29:09","slug":"ese-uwaciye-inyuma-uwo-bashakanye-agasambana-asaba-imana-imbabazi-gusa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880","title":{"rendered":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa?"},"content":{"rendered":"<p>Icyaha cy\u2019ubusambanyi ku bantu bubatse ingo ari nacyo aha twise guca inyuma uwo mwashakanye ( kuryamana n\u2019undi mugore utari uwawe), ni ubuhemu bukomeye, kikaba na kimwe mu mpamvu z\u2019isenyuka ry\u2019ingo rya hato na hato. Ubusanzwe iyo umwe mu bashakanye aciye inyuma mugenzi we bashobora gukurura amakimbirane mu muryango ashobora no kugeza abashakanye ku gutandukana, ariko hari n\u2019abadatandukana bagasigarana izina ry\u2019uko babana ariko baratandukaniye mu rugo iwabo.<br \/>\nIki cyorezo cy\u2019isenyuka ry\u2019ingo ni kimwe mu bibazo byugarijwe imiryango myinshi yaba iy\u2019abadakijijwe yewe n\u2019abakijijwe satani yamaze kwinjiramo kuburyo usanga umwiryane ari wose hagati yabo. Ingaruka z\u2019ibi zigenda zirushaho kuba nyinshi uko iminsi igenda kuko iki cyaha nacyo gifata indi ntera umunsi ku munsi.<br \/>\nIkibazo kenshi abantu bibaza, mbese uwaciye inyuma uwo bashakanye ko aba yakoze icyaha ku Mana n\u2019uwo bashakanye, mbese ni byiza ko asaba Imana imbabazi gusa?<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-31372 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg\" alt=\"gusambana\" width=\"700\" height=\"492\" \/><\/a><br \/>\nBamwe bahitamo ko umuntu uwo wahemukiye atabimenya kubera wenda kwihagararaho, kwanga ko nabimenya muhita mutandukana, kwanga gutakaza ikizere, n\u2019izindi mpamvu zitandukanye. Nubwo ariko izi mpamvu zose zishobora kuba zo bitewe n\u2019ubusobanuro zahawe, uyu muntu wahemukiye uwo bashakanye nubwo yihannye ku Mana, ntibimubuza guhorana umutima umucira urubanza ko yahemutse. Ese uyu mutima umucira urubanza wo akwiye kuwugumana nk\u2019umukristo wahisemo guhinduka? Ibi byatangwaho ubusobanuro butandukanye bitewe n\u2019ubisobanura.<br \/>\nIcyo kwimenya ni uko umukristo wagize iki cyago, intambwe ya mbere ikwiye kuba gusaba Imana imbabazi, ariko nanone hari hakwiye indi ntambwe yo kwihana k\u2019uwo wahemukiye kugira ngo umutima wawe utuze koko niba wiyemeje guhinduka no kureka iyo ngeso.<br \/>\nN\u2019ubusanzwe iyo wibye umuturanyi ntabwo ujya mu rusengero gusa ngo wihane birangire, iyo wahemukiye umuntu ntabwo wihana ku Mana gusa, kwihana gushyitse ni ukwegera n\u2019uwo wahemukiye ukamusaba imbabazi. Aha ntitwirengagije ingaruka zabyo zishobora no kuba nyinshi ariko se duhe agaciro ingaruka, tugateshe gukiza ubugingo? Ni amahitamo ya buri wese.<br \/>\nUmugabo witwa Russell Moore, umunyamerika w\u2019umuvugabutumwa akaba n\u2019impuguke mu by\u2019iyobokamana, avuga ko kwaturira ubuhemu wakoreye uwo mwashakanye ari ngombwa ndesde bidakwiye kwirengagizwa.<br \/>\nAshingiye ku ijambo ry\u2019Imana aho Bibiliya igira iti \u2018\u2019 kuko umugore adatwara umubiri we ahubwo utwarwa n\u2019umugabo we, kandi n\u2019umugabo na we adatwara umubiri we ahubwo utwarwa n\u2019umugore we.\u2019\u2019 1 Abakorinto 7:4, yavuze ko iyo wamaze gushaka uba ubujijwe kugira undi wese ufungurira amarembo ku mubiri wawe kuko uba uweguriye uwo mwashakanye.<br \/>\nAti\u2019\u2019 umugore nta bubasha afite ku mubiri we, ntaba akigenga ahubwo umubiri we utwarwa n\u2019umugabo we, kimwe n\u2019umugabo nawe ntabwo aba agitwara umubiri we uko abishaka ahubwo umubiri we utwarwa n\u2019umugore we.\u2019\u2019<br \/>\nYongeraho ariko ko ibi yaba umugabo cyangwa umugore nta n\u2019umwe bihesha uburenganzira bwo guhohotera undi abyitwaje.<br \/>\nAkomeza avuga ko kuko umubiri w\u2019umugore ari uw\u2019umugabo n\u2019uw\u2019umugabo ukaba uw\u2019umugore, icyaha cy\u2019umwe kigira ingaruka kuri mugenzi we. Ati \u2018nubwo atabimenya bigira ingaruka.\u2019\u2019<br \/>\nNk\u2019uko byanditswe mu nkuru ya The Christian Post indi mpamvu Johan avuga ni uko mu rushako hakwiye kwirindwa ikinyoma,ahubwo hakimakazwa umuco wo kubwizanya ukuri. Indi mpamvu avuga ni uko kwihana kuzura iyo uwihana yikiranuye n\u2019uwo yahemukiye. Ati \u2018\u2019 kwihana kuzura iyo umuntu yihannye ku wo bashakanye.\u2019\u2019<br \/>\nHai ikindi yongeraho cy\u2019uko abantu bishimira gukora ibyaha ariko ntibashake kwitwa abanyabyaha, ukwiye kwemera kwitirirwa icyaha cyawe nk\u2019uko wemeye kugikora. Ati \u2018\u2019Ukwiye kumenya ko uwo mwashakanye afite agaciro kurusha ko wanga kwirengera ingaruka z\u2019ibyo wamuhemukiye, ukwiye kubimwaturira nk\u2019icyaha wamukoreye.\u2019\u2019<br \/>\nUmuntu akwiye gutekereza gukora icyaha ariko yibuka no kwirengera ingaruka zacyo, bya ngombwa ntihabeho kwihagararaho cyangwa kubisobanuza impamvu runaka, oya, ukareka uwo wahemukiye agasuka agahinda niba kamujemo cyangwa se umujinya, amarangamutima y\u2019uko yakiriye ibyo wamukoreye uko yaza kose ukayakira, kandi byaba ngombwa ko mwiyunga ugafata iya mbere guca bugufi.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyaha cy\u2019ubusambanyi ku bantu bubatse ingo ari nacyo aha twise guca inyuma uwo mwashakanye ( kuryamana n\u2019undi mugore utari uwawe), ni ubuhemu bukomeye, kikaba na kimwe mu mpamvu z\u2019isenyuka ry\u2019ingo rya hato na hato. Ubusanzwe iyo umwe mu bashakanye aciye inyuma mugenzi we bashobora gukurura amakimbirane mu muryango ashobora no kugeza abashakanye ku gutandukana, ariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-1880","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyaha cy\u2019ubusambanyi ku bantu bubatse ingo ari nacyo aha twise guca inyuma uwo mwashakanye ( kuryamana n\u2019undi mugore utari uwawe), ni ubuhemu bukomeye, kikaba na kimwe mu mpamvu z\u2019isenyuka ry\u2019ingo rya hato na hato. Ubusanzwe iyo umwe mu bashakanye aciye inyuma mugenzi we bashobora gukurura amakimbirane mu muryango ashobora no kugeza abashakanye ku gutandukana, ariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-03T11:11:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:29:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa?\",\"datePublished\":\"2016-05-03T11:11:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:29:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880\"},\"wordCount\":632,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/gusambana.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880\",\"name\":\"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/gusambana.jpg\",\"datePublished\":\"2016-05-03T11:11:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:29:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/gusambana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/gusambana.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1880#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA","og_description":"Icyaha cy\u2019ubusambanyi ku bantu bubatse ingo ari nacyo aha twise guca inyuma uwo mwashakanye ( kuryamana n\u2019undi mugore utari uwawe), ni ubuhemu bukomeye, kikaba na kimwe mu mpamvu z\u2019isenyuka ry\u2019ingo rya hato na hato. Ubusanzwe iyo umwe mu bashakanye aciye inyuma mugenzi we bashobora gukurura amakimbirane mu muryango ashobora no kugeza abashakanye ku gutandukana, ariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-03T11:11:21+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:29:09+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa?","datePublished":"2016-05-03T11:11:21+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:29:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880"},"wordCount":632,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880","name":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg","datePublished":"2016-05-03T11:11:21+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:29:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1880"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/gusambana.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1880#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese uwaciye inyuma uwo bashakanye agasambana asaba Imana imbabazi gusa?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1880","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1880"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1880\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1880"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1880"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1880"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}