{"id":192,"date":"2015-08-20T11:16:31","date_gmt":"2015-08-20T11:16:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2015\/08\/20\/apotre-paul-gitwaza-yifatiye-ku-gahanga-ku-bamuvuzeho-kujya-ikuzimu-no-kurara\/"},"modified":"2025-02-25T14:35:41","modified_gmt":"2025-02-25T12:35:41","slug":"apotre-paul-gitwaza-yifatiye-ku-gahanga-ku-bamuvuzeho-kujya-ikuzimu-no-kurara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192","title":{"rendered":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu"},"content":{"rendered":"<p> <em>Umukuru wa Zion Temple Apotre Dr Paul Gitwaza aravuga ko abamuvuzeho kujya I Kuzimu no kurarar mu isanduku y\u2019abapfu babeshejweho n\u2019amagambo atuma bubaka amazu ndetse bakanarihira abana babo amashuri.<\/em><br \/>\nHagati mu kwezi kwa kane no mu ntangiriro z\u2019ukwa gatanu uyu mwaka nibwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje nkuru ivuga ko Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion Temple ku isi yaba ajya ikuzimu ndetse ko iwe mu rugo rwe ngo ahafite icyumba kitavogerwa kirimo isanduku yiberamo. Nyuma y\u2019igihe kinini yaranze kugira icyo abitangazaho, ubu yagize icyo abivugaho.<br \/>\nMuri iyo nkuru yanditswe kuri Apotre Gitwaza ikababaza abakristo by\u2019umwihariko abo mu itorero Zion Temple yavugaga ko umugore wa Gitwaza, Pastor Angelique Nyinawingeri ngo yaje guhahamuka nyuma yo gusanga umugabo we mu isanduku y\u2019abapfu mu gihe yari amaze kumuherekeza ku kibuga cy\u2019indege agiye hanze mu ivugabutumwa ariko yagera mu rugo yakwinjira mu cyumba yari yaramubujije kujyamo, asangangamo isanduku yayifungura ngo agasangamo umugabo we.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-10724 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg\" alt=\"Paul Gitwaza 1\" width=\"750\" height=\"450\" \/><\/a><br \/>\nMu muhango wo kwimika Apotre Bizimana Abraham n\u2019umugore Apotre Liliane Mukabadege wabaye ku itariki ya 8 Kanama 2015 wabereye Kimisagara ku itorero Umusozi w\u2019Ibyiringiro, Apotre Paul Gitwaza yavuze ko mu bwami bw\u2019Imana ariko bimeze ngo ntibashobora gutuka umuvugabutumwa mu gihe Apotre ahari, ati  \u201c Apotre ni urugi rwo hanze nirwo bakubita kugira ngo bagere ku rugi rw\u2019imbere, ikintu cya mbere kiranga intumwa kurusha ibindi ni imibabare. Ni ukuri kw\u2019Imana iyaba uyu murimo ari uw\u2019umuntu yihamagaramo mba nareguye nkajya gushaka ubuzima ahandi hose.<br \/>\nYakomeje avuga ku nkuru iherutse kumwandikwaho y\u2019uko aba mu isanduku y\u2019abapfu, ashimira Apotre Gitwaza yavuze ko kumutuka bitamubabaza ahubwo bimushimisha kuko aba yababereye umugisha bamuvuga nabi abana babo bakabaho neza, ibyo kuri we ngo biramushimisha.<br \/>\nApotre Gitwaza ati: Abantu benshi babeshejweho n\u2019amagambo, bigomba kubaho kuko hari abubaka amazu, hari abarihira abana babo amafaranga y\u2019ishuri kubera gusebya abandi kandi nabo Imana ibahe umugisha.<br \/>\nNiba gutuka Gitwaza byatuma abaho neza nakomeze, tugomba kuba umugishia mu buryo bwose. Ni umuntu kubaho kwe ari ukuntuka njye sinababara ahubwo ni umugisha.<br \/>\nApotre Dr Paul Gitwaza avuga ko akurikije imibabaro n\u2019ibibazo byinshi yahuriye nabyo mu murimo n\u2019umuhamagaro w\u2019Intumwa, ngo abaye ariwe wihamagaye, kuri we yakabaye yareguye akareka kuba Intumwa akajya gushaka ubuzima nk\u2019abandi bose akajya ahantu abantu batamutuka, ariko kuko yahamagawe n\u2019Imana niyo mpamvu ngo akiri mu nshingano.ati \u201c <em>Ugura ishati bati yibye amaturo, wagura urukweto ngo ni amaturo, akantu kose ufite ngo ni amaturo, basi mujye muyaduha ariko mushime Imana\u201d<\/em><br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/paul-gitwaza-2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-10725\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/paul-gitwaza-2.jpg\" alt=\"paul gitwaza 2\" width=\"749\" height=\"407\" \/><\/a><br \/>\nApotre Dr Paul Gitwaza agereranya umuhamagaro w\u2019Intumwa mu Rwanda nk\u2019ikibuye kiremereye gikubiswe mu mazi kuko amazi ahita azamuka. Ibyo yabivuze atanga ingero z\u2019ibyagiye bimuvugwaho nyuma yo kuba Intumwa kuko yahaswe ibibazo bitandukanye bamubaza ibyo yadukanye by\u2019Intumwa aho abikuye kuko ngo intumwa bazi ari 12 gusa. Gitwaza ati<br \/>\n <em>Iyo umuntu yirirwa avugwa cyane byaba byiza byaba bibi, biba bigaragara ko hari pression arimo ashyira ku bantu noneho bakazamura amazi. Kuvugwa, gutukwa gusebywa n\u2019ibindi n\u2019uko haba hari influence quelque part uba ufite mu mitima y\u2019abantu, hari ibibazo uba wateje abantu cyangwa ibisubizo kuko iyo umuntu yasubijwe arishima iyo yababajwe araboroga.<\/em><br \/>\nApotre Gitwaza avuga ko Imana yashyizeho Guverinoma yo mu ijuru kugira ngo ibashe kuyobora itorero, ikaba igizwe n\u2019imirimo itanu ariyo Intumwa, Umuhanuzi, Umuvugabutumwa, Umushumba n\u2019Umwigisha. Muri iyo Guverinoma, Intumwa ngo niyo ibazwa ibintu byose, akaba ari nayo mpamvu nawe nk\u2019umwe mu ntumwa za mbere zageze mu Rwanda, yatutswe, akavumwa n\u2019ibindi byinshi byagiye bimuca intege.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Alphonse Munyankindi \/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukuru wa Zion Temple Apotre Dr Paul Gitwaza aravuga ko abamuvuzeho kujya I Kuzimu no kurarar mu isanduku y\u2019abapfu babeshejweho n\u2019amagambo atuma bubaka amazu ndetse bakanarihira abana babo amashuri. Hagati mu kwezi kwa kane no mu ntangiriro z\u2019ukwa gatanu uyu mwaka nibwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje nkuru ivuga ko Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-192","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=192\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukuru wa Zion Temple Apotre Dr Paul Gitwaza aravuga ko abamuvuzeho kujya I Kuzimu no kurarar mu isanduku y\u2019abapfu babeshejweho n\u2019amagambo atuma bubaka amazu ndetse bakanarihira abana babo amashuri. Hagati mu kwezi kwa kane no mu ntangiriro z\u2019ukwa gatanu uyu mwaka nibwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje nkuru ivuga ko Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=192\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-08-20T11:16:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:35:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu\",\"datePublished\":\"2015-08-20T11:16:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:35:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192\"},\"wordCount\":599,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Paul-Gitwaza-1.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192\",\"name\":\"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Paul-Gitwaza-1.jpg\",\"datePublished\":\"2015-08-20T11:16:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:35:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Paul-Gitwaza-1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Paul-Gitwaza-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=192#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA","og_description":"Umukuru wa Zion Temple Apotre Dr Paul Gitwaza aravuga ko abamuvuzeho kujya I Kuzimu no kurarar mu isanduku y\u2019abapfu babeshejweho n\u2019amagambo atuma bubaka amazu ndetse bakanarihira abana babo amashuri. Hagati mu kwezi kwa kane no mu ntangiriro z\u2019ukwa gatanu uyu mwaka nibwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje nkuru ivuga ko Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2015-08-20T11:16:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:35:41+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu","datePublished":"2015-08-20T11:16:31+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:35:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192"},"wordCount":599,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=192#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192","name":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg","datePublished":"2015-08-20T11:16:31+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:35:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=192"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Paul-Gitwaza-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=192#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y\u2019abapfu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/192","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=192"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/192\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=192"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=192"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=192"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}