{"id":19792,"date":"2019-12-11T11:07:03","date_gmt":"2019-12-11T11:07:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/11\/kuba-ibiribwa-byarahenze-ntaho-bihuriye-n-ibibazo-by-u-rwanda-na-uganda-nisr\/"},"modified":"2019-12-11T11:07:03","modified_gmt":"2019-12-11T11:07:03","slug":"kuba-ibiribwa-byarahenze-ntaho-bihuriye-n-ibibazo-by-u-rwanda-na-uganda-nisr","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792","title":{"rendered":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#8217;ibibazo by&#8217;u Rwanda na Uganda- NISR"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko kuba ibiciro by&#8217;ibiribwa mu Rwanda byarazamutse ntaho bihuriye no kuba hatakiri urujya n&#8217;uruza rw&#8217;ibicuruzwa hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda kuva muri Gashyantare 2019.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Abanyarwanda benshi bakunze gutunga agatoki iki kibazo cy&#8217;u Rwanda na Uganda kuba ku isonga mu gutuma ibiribwa nk&#8217;ibishyimbo, kawunga n&#8217;ibindi bihenda.<\/p>\n<p>NISR itangaza ko ibiciro by&#8217;ibiribwa ku isoko byiyongereye ku kigero cya 6.9% mu Gushyingo kivuye kuri  4.4% mu Kwakira 2019.<\/p>\n<p>Umuyobozi muri NISR, ushinzwe iby&#8217;ibarurishamibare mu by&#8217;ubukungu, Mwizerwa Jean Claude, kuri uyu wa 10 Ukuboza yavuze ko ibiciro by&#8217;ibiribwa n&#8217;iby&#8217;ibinyobwa bidasindisha byiyongere ku kigero cya 16.2% ugereranyije n&#8217;umwaka wa 2018 ariko ngo nta ruhare rw&#8217;ikibazo cy&#8217;umubano mubi uri hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda rurimo.<\/p>\n<p>Yabwiye igihe\/English dukesha iyi nkuru ko ukwiyongera ahanini kwaturutse ahanini ku bwiyongere bw&#8217;ibiciro by&#8217;ibigori, ibishyimbo n&#8217;inyama kandi biri mu biribwa n&#8217;Abanyarwanda benshi.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Ukwiyongera kw&#8217;ibiciro ntaho guhuriye n&#8217;umubano utameze neza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda nk&#8217;uko byagiye bihwihwishwa. Ibishyimbo byarazamutse kandi ntibyavanwaga hanze.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati &#8221; Ibishyimbo turya mu Rwanda ni bihingwa mu gihugu, Guhuza ukwiyongera kw&#8217;igiciro cy&#8217;ibishyimbo n&#8217;ibibazo bya Uganda n&#8217;u Rwanda nta mpamvu bifite mu gihe natwe twabyoherezag hanze nka Congo. Ikindi ni uko ukwiyingera kw&#8217;ibiciro by&#8217;ibiribwa ku isoko, biri no mu bindi bihugu mu Karere k&#8217;Ibiyaha Bigari. Si ikibazo cy&#8217;u Rwanda gusa. Urugero nko mu bindi bihugu byo mu karere byarabuze.&#8221;<\/p>\n<p>Mwizerwa avuga ko mu mpera z&#8217;umwaka umusaruro w&#8217;ibihingwa uba waragabanutse kandi abawukeneye bagenda bo batagabanuka, bigatuma ibiribwa bihenda.<\/p>\n<p>NISR igaragaza ko ibiciro by&#8217;ibinyobwa bidasindisha n&#8217;itabi byazamutse kuri 17.3% mu Gushyingo 2019 ugereranyije na 9.9% muri 2018.<\/p>\n<p>Ku myambaro n&#8217;inkweto, igiciro kiyongereyeho 8.3% ugereranyije na 0.5 muri 2018 mu Kwakira.<\/p>\n<p>Naho ibiciro by&#8217;ibishyimbo bigisarurwa n&#8217;imboga byazamutse kuri 25.3% ugereranyije na  6.7% mu Kwakira 2018.<\/p>\n<p>Mwizerwa avuga ko iki kibazo cy&#8217;izamuka by&#8217;ibiribwa ku isoko gihangayikishije kuko ubusanzwe izamuka rirenze 5% ari ikibazo  gikomeye. Avuga ko hari izindi nzego ziri kwita kuri ibi bibazo ngo bikemuke.<\/p>\n<p>Abaturage bakomeje gutaka inzara mu bice bitandukanye ku bwo kutabasha kwigondera ibicuruzwa by&#8217;ibanze.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko kuba ibiciro by&#8217;ibiribwa mu Rwanda byarazamutse ntaho bihuriye no kuba hatakiri urujya n&#8217;uruza rw&#8217;ibicuruzwa hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda kuva muri Gashyantare 2019. Abanyarwanda benshi bakunze gutunga agatoki iki kibazo cy&#8217;u Rwanda na Uganda kuba ku isonga mu gutuma ibiribwa nk&#8217;ibishyimbo, kawunga n&#8217;ibindi bihenda. NISR itangaza ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-19792","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#039;ibibazo by&#039;u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#039;ibibazo by&#039;u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko kuba ibiciro by&#8217;ibiribwa mu Rwanda byarazamutse ntaho bihuriye no kuba hatakiri urujya n&#8217;uruza rw&#8217;ibicuruzwa hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda kuva muri Gashyantare 2019. Abanyarwanda benshi bakunze gutunga agatoki iki kibazo cy&#8217;u Rwanda na Uganda kuba ku isonga mu gutuma ibiribwa nk&#8217;ibishyimbo, kawunga n&#8217;ibindi bihenda. NISR itangaza ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-11T11:07:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#8217;ibibazo by&#8217;u Rwanda na Uganda- NISR\",\"datePublished\":\"2019-12-11T11:07:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792\",\"name\":\"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n'ibibazo by'u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-11T11:07:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19792#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#8217;ibibazo by&#8217;u Rwanda na Uganda- NISR\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n'ibibazo by'u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n'ibibazo by'u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA","og_description":"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko kuba ibiciro by&#8217;ibiribwa mu Rwanda byarazamutse ntaho bihuriye no kuba hatakiri urujya n&#8217;uruza rw&#8217;ibicuruzwa hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda kuva muri Gashyantare 2019. Abanyarwanda benshi bakunze gutunga agatoki iki kibazo cy&#8217;u Rwanda na Uganda kuba ku isonga mu gutuma ibiribwa nk&#8217;ibishyimbo, kawunga n&#8217;ibindi bihenda. NISR itangaza ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-11T11:07:03+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#8217;ibibazo by&#8217;u Rwanda na Uganda- NISR","datePublished":"2019-12-11T11:07:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792"},"wordCount":367,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19792#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792","name":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n'ibibazo by'u Rwanda na Uganda- NISR - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-11T11:07:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19792"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19792#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kuba ibiribwa byarahenze ntaho bihuriye n&#8217;ibibazo by&#8217;u Rwanda na Uganda- NISR"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19792","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=19792"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19792\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=19792"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=19792"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=19792"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}