{"id":1980,"date":"2016-05-10T11:52:06","date_gmt":"2016-05-10T11:52:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/10\/polisi-y-u-rwanda-irasaba-abadivantisiti-ubufatanye-mu-kurwanya-ibiyobyabwenge\/"},"modified":"2025-02-12T21:28:20","modified_gmt":"2025-02-12T19:28:20","slug":"polisi-y-u-rwanda-irasaba-abadivantisiti-ubufatanye-mu-kurwanya-ibiyobyabwenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980","title":{"rendered":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yasabye Itorero ry\u2019Abadivantisiti b\u2019Umunsi wa Karindwi mu Ntara y\u2019Amajyepfo kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge bigisha urubyiruko n\u2019abayoboke b\u2019iryo torero muri rusange ingaruka zabyo.<\/p>\n<p>Ubu butumwa bwatanzwe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari, mu nama yagiranye n\u2019abayoboke b\u2019iri torero bagera ku 1500; iyo nama ikaba yarabereye ku Kibuga cy\u2019umupira w\u2019amaguru cya Nyanza ku itariki 8 Gicurasi.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye, SP Ruganintwari yasobanuriye abo bakristo ingaruka z\u2019ibiyobyabwenge kandi abasaba kugira uruhare mu kubirwanya.<\/p>\n<p>Yababwiye ko ibiyobyabwenge bihindura imitekerereze, imigirire n\u2019imyitwarire y\u2019umuntu ubinywa kugera ubwo bimutera gukora ibikorwa binyuranije n\u2019amategeko kuko  ko nta mutimanama aba afite.<\/p>\n<p>Yababwiye ati:&#8221;Ibiyobyabwenge bishyira mu kaga ubuzima bw\u2019umuntu ubinywa kubera ko bimutera uburwayi butandukanye. Ingaruka zabyo zishobora kugaragara vuba cyangwa zikagaragara nyuma y\u2019igihe kirekire. Abantu bamwe bareka akazi abandi bakakirukanwaho kubera kubinywa. Na none imiryango imwe n\u2019imwe irasenyuka bitewe no kunywa ibiyobyabwenge. Si izo ngaruka zabyo zonyine kuko bishobora no guhitana umuntu ubinywa cyangwa bikamutera uburwayi budakira.&#8221;<\/p>\n<p>SP Ruganintwari yababwiye ko hari aho umunywi wabyo agera ntabe agishoboye kubireka ku buryo asigara akoreshwa na byo aho bimukoresha ibikorwa bihungabanya umutekano.<\/p>\n<p>Yagize ati:&#8221;Bitera ubinywa gukora ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa, ubujura, gufata ku ngufu no gusambanya abana. Ibi byaha kimwe n\u2019ibindi babikora kubera ko nta bwenge baba bagifite. Ni yo mpamvu ubufatanye bukenewe mu kubirwanya; hatangwa amakuru y\u2019umuntu ubinywa  cyangwa ubicuruza.&#8221;<\/p>\n<p>SP Ruganintwari yasobanuriye abayoboke b\u2019iri torero  bari bagwiriyemo urubyiruko ko ibiyobyabwenge bitera urubyiruko gutwara inda zitateganijwe zikurikirwa rimwe na rimwe no kwandura zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019iri torero mu ntara y\u2019Amajyepfo, Abidan Ruhongeka yashimye Polisi y\u2019u Rwanda ku kwita ku cyatuma imibereho y\u2019abayoboke b\u2019iri torero irushaho kuba myiza, maze ayizeza ko bazafatanya na yo kurwanya ibiyobyabwenge.<\/p>\n<p>Na none mu rwego rwo kurwanya ibiyobyabwenge, mu mpera z\u2019icyumweru gishize Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Kirehe yagiranye inama n\u2019abashoferi bagera ku 120 bakorera muri Gare ya Nyakarambi, aho umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere , Superintendent of Police (SP) James Rutaremara yabakanguriye kuba abafatanyabikorwa mu kubirwanya.<\/p>\n<p>Yababwiye kujya buri gihe bagira amakenga y\u2019ibiri mu mitwaro y\u2019abagenzi kugira ngo badatwara ibintu binyuranije n\u2019amategeko, kandi abasaba kujya bihutira kumenyesha Polisi y\u2019u Rwanda igihe bagize uwo bakeka ko yaba afite ibintu bitemewe cyangwa ugiye gukora igikorwa icyo aricyo cyose gihungabanya ituze rya rubanda.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yasabye Itorero ry\u2019Abadivantisiti b\u2019Umunsi wa Karindwi mu Ntara y\u2019Amajyepfo kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge bigisha urubyiruko n\u2019abayoboke b\u2019iryo torero muri rusange ingaruka zabyo. Ubu butumwa bwatanzwe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari, mu nama yagiranye n\u2019abayoboke b\u2019iri torero bagera ku 1500; iyo nama [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1980","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yasabye Itorero ry\u2019Abadivantisiti b\u2019Umunsi wa Karindwi mu Ntara y\u2019Amajyepfo kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge bigisha urubyiruko n\u2019abayoboke b\u2019iryo torero muri rusange ingaruka zabyo. Ubu butumwa bwatanzwe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari, mu nama yagiranye n\u2019abayoboke b\u2019iri torero bagera ku 1500; iyo nama [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-10T11:52:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:28:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge\",\"datePublished\":\"2016-05-10T11:52:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:28:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980\"},\"wordCount\":436,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980\",\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-05-10T11:52:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:28:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1980#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda yasabye Itorero ry\u2019Abadivantisiti b\u2019Umunsi wa Karindwi mu Ntara y\u2019Amajyepfo kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge bigisha urubyiruko n\u2019abayoboke b\u2019iryo torero muri rusange ingaruka zabyo. Ubu butumwa bwatanzwe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari, mu nama yagiranye n\u2019abayoboke b\u2019iri torero bagera ku 1500; iyo nama [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-10T11:52:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:28:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge","datePublished":"2016-05-10T11:52:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:28:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980"},"wordCount":436,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1980#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980","name":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-05-10T11:52:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:28:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1980"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1980#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba Abadivantisiti ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1980","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1980"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1980\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1980"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1980"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1980"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}