{"id":19964,"date":"2019-12-17T08:52:28","date_gmt":"2019-12-17T08:52:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/17\/ni-iki-kirimo-gutera-abakobwa-gukunda-cyane-abagabo-bubatse-kurusha-abasore\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:08","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:08","slug":"ni-iki-kirimo-gutera-abakobwa-gukunda-cyane-abagabo-bubatse-kurusha-abasore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964","title":{"rendered":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?"},"content":{"rendered":"<p><strong>Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n&#8217;uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda.<\/strong><\/p>\n<p>Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo igira iti ni &#8216;ugukura ibyinyo&#8217;.<\/p>\n<p>Hari n&#8217;aho usanga abakobwa babyivugira bati &#8216;Abasore nta kibavaho, ntibavunguka, abagabo nibo barekura, nibo baba bazi gutanga Care n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>Inshuro nyinshi usanga hari umukobwa wumva ko kuba agira umukunzi bizamufunga agahitamo kubireka. Ibi akumva ko bimuhesha uburenganzira bwo kuba yakundana n\u2019umuhungu uwo ari we wese ashaka n\u2019igihe abishakiye. Aba ni ba bandi usanga baragize abakunzi nka bane mu kwezi kumwe akumva ubuzima ni ubwo, kuri bo si ngombwa guteretwa n\u2019umuhungu udafite umukunzi, n\u2019umugabo ufite umugore cyangwa umusaza biba nta kibazo na kimwe.<\/p>\n<p>Hari n&#8217;abakobwa baba bafite amatsiko cyane cyane ashingiye ku mibonano mpuzabitsina, Kuri iki hari abatari bubyumve neza, ariko reka tubisanishe n\u2019abacana inyuma barashakanye. <\/p>\n<p>Hari ushobora guca inyuma uwo bashakanye kubera amatsiko yo gushaka kugerageza n\u2019ahandi uko biba bimeze (ni bibi ntibikwiye na gato ariko birakorwa cyane). No ku bagore cyangwa abakobwa benshi rero bajya bisanga barabaswe n\u2019ubushoreke kandi mu kugenda atari yo ntego, kuko aba yaragiye bwa mbere agiye kumva uko uburo bw\u2019ahandi bumera. Umugore akumva anyotewe cyane no kumva uko biba bimeze abaye ateretwa n\u2019undi mugabo bikarangira aheze mu ngeso atyo.<\/p>\n<p>Aha rero n&#8217;umukobwa hari igihe aba asanzwe asambana n&#8217;abasore noneho akifuza kwiyegereza n&#8217;abagabo ngo yumve itandukaniro riri hagati y&#8217;aba bantu.<\/p>\n<p>Wowe muri iyi minsi urabibona ute? niba uri umukobwa ubibona ute? niba uri umuhungu ubibona ute? Ese mugabo wowe ibi ntibirakubaho ngo umukobwa akubwire ko agukunda kandiufite umugore?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n&#8217;uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda. Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-19964","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n&#8217;uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda. Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-17T08:52:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?\",\"datePublished\":\"2019-12-17T08:52:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964\"},\"wordCount\":310,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964\",\"name\":\"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-17T08:52:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19964#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA","og_description":"Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n&#8217;uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda. Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-17T08:52:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:08+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?","datePublished":"2019-12-17T08:52:28+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964"},"wordCount":310,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19964#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964","name":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-17T08:52:28+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19964"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19964#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19964","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=19964"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19964\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=19964"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=19964"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=19964"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}