{"id":19973,"date":"2019-12-17T12:44:36","date_gmt":"2019-12-17T12:44:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/17\/uburemba-bwatumye-umusore-w-umurokore-arusenya-ijoro-rimwe-ashyingiwe\/"},"modified":"2019-12-17T12:44:36","modified_gmt":"2019-12-17T12:44:36","slug":"uburemba-bwatumye-umusore-w-umurokore-arusenya-ijoro-rimwe-ashyingiwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973","title":{"rendered":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe"},"content":{"rendered":"<p>Umusore umwe yari umurokore akaba yarakundaga gusenga, yubahaga akaninginga Imana. Yagendanaga ubumuga bwo kutagira agatege ngo abe yatera akabariro nk abandi bagabo.  Ntabyo yari yarigeze abigerageza na rimwe mu buzima bwe ngo yumve uko bimera. Yagiraga ababyeyi bombi na bashiki be babiri mu mudugudu iwabo. Ngo bucye bashiki be bamuteraniraho bamubaza impamvu atarongora kimwe n&#8217;abandi dore ko ari we wari imfura  iwabo. <\/p>\n<p>Ubwo yari mu kigero cy imyaka nka 27. Nyamusore ibyo kumubwira kurongora ntiyabikozwaga yanangaga umuntu wese umuzanaho icyo kiganiro. Nuko bashiki be bakomeza kumumerera nabiiiii, bigeraho nawe arabasarana ababwirana umujinya mwinshi ati \u201cariko igihe mwampereye muntesha umutwe ko mufite abakobwa b\u2019inshuti zanyu kuki mutampangira umwe muribo?\u201d<\/p>\n<p>Baba babitaye mu gutwi, nuko sikuva hasi baba bamurangiye umukobwa umwe basenganaga mu rusengero rwabo. Gahunda z\u2019ubukwe ziba ziratangiye, bafata irembo, barasaba no gukwa, bajya muri komini barasezerana imbere y\u2019Imana.<\/p>\n<p>Hagati aho umusore mbere y\u2019ubukwe nyirizina yararimo kwibaza uko azabigenza nibamuzanira umugeni kuko yari azi ko ari ikiremba. Akomeza kwihagararaho ariko iwabo ibyishimo ari byose kuko bakekaga ko umwana wabo bamuhumanyije kuko atiyegerezaga abakobwa yajoraga yiyumanganya no kwijijisha ko abiterwa no kwizera.<\/p>\n<p>Ubukwe rero buba buratashye abatumiwe bararya barananywa bigera n\u2019igihe cyo gutwikurura. Uwo muhango wa nyuma uhumuje, haba hageze igice noneho cyo kurongora nyirizina.<\/p>\n<p>Nyamusore abantu bose batashye aganiriza umugeni ati \u201crero Ch\u00e9rie ndashima Imana yakumpaye kandi narayisenze iranyumva, rero urabizi ko ntakurongora ntabanje kuyishimira no kuyisenga kugira ngo iduhire, izanaduhe urubyaro.\u201d Umugeni ati \u201cniko biri Ch\u00e9ri.\u201d<\/p>\n<p>Nuko umusore ati \u201ctwubahe Imana dusenge duhumirije dupfukamye. Bombi batangira ubwo gusenga cyane maze umusore ajya mu mwuka atangira kuvuga mu ndimi sinababwira. Yesu ugira neza, Mana ihambaye isumba izindi zose. Ndagushimira urukundo ungirira kandi wankunze kuva kera. Ndibuka ubwo narongoraga Jeanne, kubera imbaraga wampaye yaguye ku buriri bwanjye. Uribuka na Beyata ko ariko byamugendekeye akampfiraho. Siliviya nawe yanguye ho uko. Ndakwinginze Mana noneho uyu ntangweho kuko urabizi niwowe wamumpaye Mana. Umusore arasenga arasenga, nyamugeni agira ubwoba ko nawe agiye gupfa kimwe n\u2019abamubanjirije. <\/p>\n<p>Nuko aranyonyomba gahorogahoro arakingura, yahukana atyo atarongowe kubera amayeri y\u2019umukwe ngo hato  atazaseba imbere y\u2019umukobwa ko atuzuza inshingano ze uko bikwiye!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umusore umwe yari umurokore akaba yarakundaga gusenga, yubahaga akaninginga Imana. Yagendanaga ubumuga bwo kutagira agatege ngo abe yatera akabariro nk abandi bagabo. Ntabyo yari yarigeze abigerageza na rimwe mu buzima bwe ngo yumve uko bimera. Yagiraga ababyeyi bombi na bashiki be babiri mu mudugudu iwabo. Ngo bucye bashiki be bamuteraniraho bamubaza impamvu atarongora kimwe n&#8217;abandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-19973","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umusore umwe yari umurokore akaba yarakundaga gusenga, yubahaga akaninginga Imana. Yagendanaga ubumuga bwo kutagira agatege ngo abe yatera akabariro nk abandi bagabo. Ntabyo yari yarigeze abigerageza na rimwe mu buzima bwe ngo yumve uko bimera. Yagiraga ababyeyi bombi na bashiki be babiri mu mudugudu iwabo. Ngo bucye bashiki be bamuteraniraho bamubaza impamvu atarongora kimwe n&#8217;abandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-17T12:44:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973\"},\"author\":{\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\"},\"headline\":\"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe\",\"datePublished\":\"2019-12-17T12:44:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973\"},\"wordCount\":359,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973\",\"name\":\"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-17T12:44:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=19973#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\",\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=6\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA","og_description":"Umusore umwe yari umurokore akaba yarakundaga gusenga, yubahaga akaninginga Imana. Yagendanaga ubumuga bwo kutagira agatege ngo abe yatera akabariro nk abandi bagabo. Ntabyo yari yarigeze abigerageza na rimwe mu buzima bwe ngo yumve uko bimera. Yagiraga ababyeyi bombi na bashiki be babiri mu mudugudu iwabo. Ngo bucye bashiki be bamuteraniraho bamubaza impamvu atarongora kimwe n&#8217;abandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-17T12:44:36+00:00","author":"Munyakayanza Samuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Munyakayanza Samuel","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973"},"author":{"name":"Munyakayanza Samuel","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83"},"headline":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe","datePublished":"2019-12-17T12:44:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973"},"wordCount":359,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19973#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973","name":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-17T12:44:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=19973"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=19973#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uburemba bwatumye umusore w\u2019umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83","name":"Munyakayanza Samuel","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=6"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19973","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=19973"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/19973\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=19973"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=19973"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=19973"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}