{"id":20105,"date":"2019-12-20T14:33:26","date_gmt":"2019-12-20T14:33:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/20\/mukuru-wanjye-yansabye-kuryamana-n-umugabo-we-ngo-arebe-ko-ikibazo-ari-we\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:08","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:08","slug":"mukuru-wanjye-yansabye-kuryamana-n-umugabo-we-ngo-arebe-ko-ikibazo-ari-we","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105","title":{"rendered":"Mukuru wanjye  yansabye kuryamana n&#8217;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Hari igihe umuntu ahura n&#8217;ibigeragezo bikaze akabura n&#8217;uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw&#8217;abandi.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara.<\/p>\n<p>Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga muri segonderi aribo bandihirira kuko barishoboye ku buryo bugaragara, ubu na kaminuza ndayigereje kandi ni pirive, nabwo nibo bandihirira.<\/p>\n<p>Barivuje ahantu hose bagasanga nta kibazo bafite ariko kubyara wapi. Mukuru wanjye mu minsi ishize nibwo yanganirije ambwira ibyo aba yaganiriye n&#8217;umugabo we, ni uko ambwira ko bemeranije ko buri wese azaca hirya n&#8217;undi hino bakareba ko umwe yabona akana.<\/p>\n<p>Mukuru wanjye ayitewe byaba ari amahirwe kurushaho kuko yabyarira umwana muri urwo rugo bikitwa ko ari uwabo bose, ariko na none akaba yifuza ko umugabo we yaryamana nanjye kugira ngo nanayintera azarere uwo mwana anamufata nk&#8217;uwe.<\/p>\n<p>Ubwo yarabinsabye aranapfukama, ngo nubwo atazi icyazakurikira ariko ngo aransabye nk&#8217;uko n&#8217;ubundi namwitangira cyangwa nkamupfira nka mukuru wanjye. Ngo ntabwo ashaka ko umugabo we aryamana n&#8217;undi muntu utari njyewe.<\/p>\n<p>Yambwiye ko umugabo yamusabye kumushakira umukobwa abona baryamana, noneho nawe amuha umukoro wo gushaka umusore. Ubwo rero ngiryo ihurizo ndimo, mungire inama. Ntuye muri Rulindo mfite imyaka 26.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari igihe umuntu ahura n&#8217;ibigeragezo bikaze akabura n&#8217;uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw&#8217;abandi. Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara. Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-20105","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#039;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#039;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari igihe umuntu ahura n&#8217;ibigeragezo bikaze akabura n&#8217;uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw&#8217;abandi. Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara. Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-20T14:33:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#8217;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-12-20T14:33:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105\"},\"wordCount\":229,\"commentCount\":28,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105\",\"name\":\"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n'umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-20T14:33:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20105#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#8217;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n'umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n'umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Hari igihe umuntu ahura n&#8217;ibigeragezo bikaze akabura n&#8217;uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw&#8217;abandi. Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara. Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-20T14:33:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:08+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#8217;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?","datePublished":"2019-12-20T14:33:26+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105"},"wordCount":229,"commentCount":28,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20105#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105","name":"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n'umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-20T14:33:26+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20105"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20105#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mukuru wanjye yansabye kuryamana n&#8217;umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20105","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=20105"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20105\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=20105"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=20105"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=20105"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}