{"id":20194,"date":"2019-12-25T15:10:52","date_gmt":"2019-12-25T15:10:52","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/25\/mfite-umugabo-ugira-ubusambo-yantukiye-inyama-nzihurwa-ubwo-nkore-iki\/"},"modified":"2019-12-25T15:10:52","modified_gmt":"2019-12-25T15:10:52","slug":"mfite-umugabo-ugira-ubusambo-yantukiye-inyama-nzihurwa-ubwo-nkore-iki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194","title":{"rendered":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p>Mbifurije Noheli nziza abo duhuje ukwemera nkanabasaba inama nyuma y&#8217;ibyambayeho kubera umugabo wanjye ugira ubusambo. Kuva ku itariki ya 24 ukuboza 2018 ntabwo nari nongera kurya inyama iwanjye. Mbarizwa mu Karere ka Ruhango.<\/p>\n<p>Mu by&#8217;ukuri umugabo wanjye dufitanye abana batatu, ni wa mugabo uba ushaka kwihahira byose, akanashaka kumenya ibiri mu nkono, ibyiriwe, ibihashywe mbese ni muri ka gatebo kamwe ka babagabo bagera niko numva bivugwa.<\/p>\n<p>Mu buzima busanzwe afite akazi koroheje, sindamubonana n&#8217;abandi bagabo baganira, ava mu kazi feri ya mbere mu rugo, hari igihe ataha yizaniye ibyo guteka, aba anashaka kubyitekera cyangwa agacunga uburyo bikorwamo.<\/p>\n<p>Navuga ko ari umururumba pe ariko iyo bigeze ku nyama bwo igikoni kiba icye, ni we uziteka, nanjye nkamuha amahoro nkirebera filimi byashya akangaburira. Hari igihe abagabo bitwa inganzwa ariko aribo babyigize abagore barengana pe.<\/p>\n<p>Umunsi ubanziriza Noheli w&#8217;umwaka ushize, ubwo yagize gutya aguze inyama ibiro nka bitatu, yarazizaniye avuye mu kazi nka saa kumi n&#8217;imwe z&#8217;umugoroba. Umugabo yabwiye umwana ngo namufashe barakeba. Ubwo bashyize ku ziko ndimo gutegura imyanda tuzajyana mu misa, nyuma nawe ajya mu bye.<\/p>\n<p>Nyuma haje umubyeyi ufite abana babiri dusanzwe duturanye ariko nyine hari hashize iminsi umugabo we afunzwe, ubwo yaje afite umwana umwe muto, asahinda ngo nje kurya noheli hano mbese bisanzwe by&#8217;abaturanyi, nanjye nti &#8216;Kalibu&#8217;.<\/p>\n<p>Mbese ni ihurizo ryari rinkomereye cyane, inyama zarahumuraga aho, ndeba ukuntu arava aho n&#8217;umwana nta kintu muhaye bimbera ikibazo. Rwose narihaze ndagenda narurira umwana inyama n&#8217;isosi ndetse mpa n&#8217;abanjye bararya ariko ibyabaye nyuma ni akumiro.<\/p>\n<p>Uwo mubyeyi amaze kugenda kuko nanamugurije udufaranga ngo arebe uko yakwigenza kuri Noheli ariko akimara kugenda naratutswe, niswe umwasama, nitwa injiji itabaho ku Isi, ngo ndya ntakoze, ngo sinzi kubihaha nkamenya kubitagaguza, ibintu byinshi cyane ntasubiramo. Izo nyama ntabwo naziriye, naraziretse kuva uwo munsi kugeza n&#8217;iyi saha umugabo aragura akarya n&#8217;abana.<\/p>\n<p>Rwose numva bikingoye cyane, numva ntagikeneye no kongera kuzirira imbere ye, ni igihe cy&#8217;umwaka nari narihaye ntarya ikitwa inyama ngo ndebe ko azikosora ariko wapi, narabishoboye ariko n&#8217;ubundi sinteganya kongera kuzirira imbere ye. Natekereje ko nzajya mfata abana banjye igihe nzishaka tukajya ahantu  twasohotse tukazirya tukazihaga, ariko izo nahahiwe n&#8217;umugabo naciyeho akarongo.<\/p>\n<p>Inama, ese haba hari umuti umuntu yaha undi ubusambo bugashira, ese iki kibazo cyaba kiba kuri njyewe njyenyine cyangwa hari abandi badamu bahuye n&#8217;iri geragezwa. Umugabo wihahira inyanya, intoryi, umunyu,&#8230; ibi koko ni ibiki? ntegereje inama zanyu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbifurije Noheli nziza abo duhuje ukwemera nkanabasaba inama nyuma y&#8217;ibyambayeho kubera umugabo wanjye ugira ubusambo. Kuva ku itariki ya 24 ukuboza 2018 ntabwo nari nongera kurya inyama iwanjye. Mbarizwa mu Karere ka Ruhango. Mu by&#8217;ukuri umugabo wanjye dufitanye abana batatu, ni wa mugabo uba ushaka kwihahira byose, akanashaka kumenya ibiri mu nkono, ibyiriwe, ibihashywe mbese [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-20194","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbifurije Noheli nziza abo duhuje ukwemera nkanabasaba inama nyuma y&#8217;ibyambayeho kubera umugabo wanjye ugira ubusambo. Kuva ku itariki ya 24 ukuboza 2018 ntabwo nari nongera kurya inyama iwanjye. Mbarizwa mu Karere ka Ruhango. Mu by&#8217;ukuri umugabo wanjye dufitanye abana batatu, ni wa mugabo uba ushaka kwihahira byose, akanashaka kumenya ibiri mu nkono, ibyiriwe, ibihashywe mbese [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-25T15:10:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-12-25T15:10:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194\"},\"wordCount\":408,\"commentCount\":12,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194\",\"name\":\"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-25T15:10:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20194#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Mbifurije Noheli nziza abo duhuje ukwemera nkanabasaba inama nyuma y&#8217;ibyambayeho kubera umugabo wanjye ugira ubusambo. Kuva ku itariki ya 24 ukuboza 2018 ntabwo nari nongera kurya inyama iwanjye. Mbarizwa mu Karere ka Ruhango. Mu by&#8217;ukuri umugabo wanjye dufitanye abana batatu, ni wa mugabo uba ushaka kwihahira byose, akanashaka kumenya ibiri mu nkono, ibyiriwe, ibihashywe mbese [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-25T15:10:52+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?","datePublished":"2019-12-25T15:10:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194"},"wordCount":408,"commentCount":12,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20194#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194","name":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-25T15:10:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20194"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20194#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20194","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=20194"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20194\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=20194"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=20194"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=20194"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}