{"id":202,"date":"2015-08-25T09:36:45","date_gmt":"2015-08-25T09:36:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2015\/08\/25\/amayeri-10-abakoresha-bifashisha-iyo-bashaka-gukoresha-imibonano-mpuzabitsina\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:25","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:25","slug":"amayeri-10-abakoresha-bifashisha-iyo-bashaka-gukoresha-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202","title":{"rendered":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu gihe umukoresha wawe uba umufata nk\u2019umuntu udasanzw unakwiye kubaha, kuri we hari igihe aba atariko abibona, wamwubaha cyane akakubuza ngo ntukajye untinya,\u2026 ariko iyo ukurikiye neza uza gusanga hari ikindi agushakaho aba yarabuze uburyo akwisanzuraho ngo akigereho.<\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10904\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png\" alt=\"S\" width=\"648\" height=\"361\" \/><\/a><br \/>\nAbakoresha mu gihe bifuza kuryamana n\u2019abakobwa cyangwa abagore bakoresha, hari amwe mu mayeri bifashisha kugirango abanze akurye umutima, gusa ikibabaje n\u2019uko amara kugera ku cyo yifuzaga agahita atangira kugutoteza bikaba byanakuviramo kwirukanwa.<br \/>\n <strong>Amwe mu mayeri ni aya akurikira: <\/strong>  <strong><br \/>\n<\/strong><br \/>\n1. Kuguha akazi gatuma mubonana cyane kandi mwenyine : aha ngo ahanini aba agamije kukugumana umwanya, kabone n\u2019iyo akazi kaba karangiye; urugero kuba umunyamabanga wihariye, kandi wenda bidahuye n\u2019akazi usanzwe ukora, yaba adahari akaba yaguhamagara akakubaza uko byifashe ku kazi kandi bitanakureba<br \/>\n2.Guhora muri za misiyo zidashira, buri munsi uherekeje umukoresha wawe, iki nacyo gituma umutima wawe awigarurira bikarangira icyo ashaka kugeraho akigezeho.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10905 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S2.jpg\" alt=\"S2\" width=\"640\" height=\"480\" \/><\/a><br \/>\n3. Kuba Boss wawe ahora ashaka ko ukora amasaha atandukanye n\u2019ay\u2019abandi (gutaha bitinze, gukora muri weekends,\u2026rimwe na rimwe akaba yagufasha kuri transport<br \/>\n4. Guhabwa ibiro ( office) byitaruye abandi nta wundi muntu ukoreramo, ari boss wenyine uhagera.<br \/>\n5.Gushimwa cyane: Icyo wakora cyose urashimwa kabone niyo waba utuzuza inshingano, ibyo biba mbere y\u2019uko agera ku cyo yifuza kuko iyo birangiye uba ukabonye, ashobora kugutuma ikintu runaka waza akagushima akongeraho akajambo ko kwibazaho ati \u201curakoze! Uri umwana mwiza\u201d.<br \/>\n6. Guhora umukoresha ahora akubwira amagambo yerekeye ibitsina (sex) ndetse akaba yanagukoraho ku bice by\u2019umubiri ubusanzwe bidakorwaho na buri wese n\u2019ibindi, ariko aha atangira kubizana iyo mumaze kumenyerana.<br \/>\n7.gushaka kumenya imibereho yawe nyuma y\u2019akazi: Ahangaha usanga umukoresha aba akwereka ko arajwe ishinga no kumenya ubuzima ubayemo nyuma y\u2019akazi, akakwereka ko agufitiye impuhwe zidasanzwe agamije kuguteza imbere.<br \/>\n8.Kukwitaho bya buri kanya:Iyo umu boss yakwifuje nubwo bwose aba abishaka ntahite abibona ako kanya, usanga buri kanya aba akubaza amakuru, watashye se, urabyuka ryari uje ku kazi ngo mpace tuzamukane cyangwa se ngo nguhe rift,\u2026<br \/>\n<img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10906 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S3.jpg\" alt=\"S3\" width=\"600\" height=\"450\" \/><br \/>\n9.Impano zitunguranye kandi z\u2019ibanga: Aha usanga umukoresha aba ashaka kukwereka ko yitaye ku buzima bwawe, ku munsi mukuru w\u2019amavuko cyangwa se ku yindi minsi (mikuru) akaba yaguha impano ariko itunguranye, akenshi aba atifuza ko abandi bakozi babimenya, agahora akubwira ko umubano wanyu atifuza ko umunyekana.<br \/>\n10.Kugusaba gahunda: Iyo ari umusore agusaba ko wazamusura iwe mu rugo, iyo yubatse usanga aba agusaba ko mwaganirira ahantu hatuje ariko akaba atakubwira kuzamusanga mu rugo, iyo ubyemeye usanga yarateguje aho muzaganirira hihishe ku buryo azabona uko yagukozaho imitwe y\u2019intoki nta muntu ubareba.<br \/>\nIyo agusindishije amagambo yuzuye ubwuzu bugeretseho ay\u2019urukundo, akwizeza ibitangaza no kukwitaho bidasanzwe, wisanga uri mu mashuka.<br \/>\nUsanga abakobwa n\u2019abagore benshi babura uko babyifatamo ; akenshi kubera ko umuntu aba akeneye akazi Umutima umwe ukakubwira uti wikwemera ibyo bigeragezo, undi uti niwanga birakuviramo kwirukanwa, watekereza ubuzima ubayemo ugashiduka wemeye akabikora utitaye ku ngaruka zishobora kuvuka nyuma yaho.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Th\u00e9oneste@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe umukoresha wawe uba umufata nk\u2019umuntu udasanzw unakwiye kubaha, kuri we hari igihe aba atariko abibona, wamwubaha cyane akakubuza ngo ntukajye untinya,\u2026 ariko iyo ukurikiye neza uza gusanga hari ikindi agushakaho aba yarabuze uburyo akwisanzuraho ngo akigereho. Abakoresha mu gihe bifuza kuryamana n\u2019abakobwa cyangwa abagore bakoresha, hari amwe mu mayeri bifashisha kugirango abanze akurye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-202","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=202\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe umukoresha wawe uba umufata nk\u2019umuntu udasanzw unakwiye kubaha, kuri we hari igihe aba atariko abibona, wamwubaha cyane akakubuza ngo ntukajye untinya,\u2026 ariko iyo ukurikiye neza uza gusanga hari ikindi agushakaho aba yarabuze uburyo akwisanzuraho ngo akigereho. Abakoresha mu gihe bifuza kuryamana n\u2019abakobwa cyangwa abagore bakoresha, hari amwe mu mayeri bifashisha kugirango abanze akurye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=202\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-08-25T09:36:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora\",\"datePublished\":\"2015-08-25T09:36:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/S.png\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202\",\"name\":\"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/S.png\",\"datePublished\":\"2015-08-25T09:36:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/S.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/S.png\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=202#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA","og_description":"Mu gihe umukoresha wawe uba umufata nk\u2019umuntu udasanzw unakwiye kubaha, kuri we hari igihe aba atariko abibona, wamwubaha cyane akakubuza ngo ntukajye untinya,\u2026 ariko iyo ukurikiye neza uza gusanga hari ikindi agushakaho aba yarabuze uburyo akwisanzuraho ngo akigereho. Abakoresha mu gihe bifuza kuryamana n\u2019abakobwa cyangwa abagore bakoresha, hari amwe mu mayeri bifashisha kugirango abanze akurye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2015-08-25T09:36:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:25+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora","datePublished":"2015-08-25T09:36:45+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202"},"wordCount":490,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=202#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202","name":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png","datePublished":"2015-08-25T09:36:45+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=202"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/S.png"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=202#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/202","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=202"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/202\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=202"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=202"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=202"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}