{"id":20233,"date":"2019-12-26T14:32:02","date_gmt":"2019-12-26T14:32:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/12\/26\/papa-ni-umuhinde-mama-ni-umunyarwandakazi-ndi-mwiza-ariko-nahuzwe-urukundo\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:08","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:08","slug":"papa-ni-umuhinde-mama-ni-umunyarwandakazi-ndi-mwiza-ariko-nahuzwe-urukundo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233","title":{"rendered":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Mbifurije Noheli nziza n&#8217;umwaka mushya muhire twinjira mu cyerekezo 2020 amahoro. Nitwa Jolie, ndi umukobwa w&#8217;imyaka 23 y&#8217;amavuko nize amashuri yisumbuye ubu nkaba ndi mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza,niga muri Kigali.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ndabakunda kandi nezezwa n&#8217;uburyo mukoramo, mutugira inama  nziza, kubera ikibazo nahuye nacyo mu buzima bwanjye, naganiriye n&#8217;umubyeyi umwe, arangije angira inama yo kubacaho ko byanyubaka.<\/p>\n<p>Mu by&#8217;ukuri navutse mu mwaka wa 1996, mu Rwanda mbwirwa ko byari bikaze igihugu kivuye mu mateka benshi muzi atari meza. Mama yakoraga muri Hoteli nirinze kuvuga, nibwo ngo yakundanye cyane n&#8217;umunyamahanga wari uje mu Rwanda ariko nyuma baraburana.<\/p>\n<p>Mama yakoraga muri iyo hoteli, yamenyanye n&#8217;umusore yambwiye ko yari umuhinde, kuko mama hashize imyaka itatu na we yitahiye. Ngo yamenyanye n&#8217;uwo muhinde ndetse ngo baza kuryamana, ndavuka.<\/p>\n<p>Ni kenshi nakunze gutesha mama umutwe mubaza uwo ndiwe, data, impamvu n&#8217;ibindi byinshi, mama yaje kumbwiza ukuri abona maze kuba mukuru. Yambwiye ko yaryamanye n&#8217;uwo muhinde mvuka akiri mu Rwanda. Ku bw&#8217;ibyango ngo akazi kari karamuzanye kararangiye ahava yerekeza mu kindi gihugu gituranye n&#8217;u Rwanda amwizeza ko azahava agaruka kumureba.<\/p>\n<p>Mama yari mwiza cyane, ntabwo ari ukwirarira, ubutaha nzabereka ifoto ye. Uwo muhinde yari yaramukunze ku buryo ngo yari kugaruka mu Rwanda ahita amujyana iwabo bakabana. Ambwira ko aho yagiye gukorera muri Zayire ngo mu myaka ya za 1997-2000 hariyo intambara ikaze, atabashije kongera kumenya amakuru ye ndetse ko aheruka amubwira ko umutekano utifashe neza aho bari.<\/p>\n<p>Mama ntazi niba papa yarapfuye cyangwa niba ariho. Ibi byarambabaje ku buryo numva narahuze n&#8217;iby&#8217;inkundo. Ni ibintu byanjemo kuko mama yambwiye ko atigeze ahirwa mu rukundo, yakunze kumbwira ko byagiye bimugora gukundana n&#8217;abasore, yarinze apfa atabanye n&#8217;umugabo kubera ibyagiye bimubaho rimwe na rimwe ahemukirwa.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko nabivuze haruguru, reka mvuge ko ndi mwiza, abasore bansaba ukurundo ni benshi cyane ariko nkunda gusesengura abenshi nkababona nk&#8217;abanshaka mu buriri. Ndi amaraso yombi [Inde &#038; Rwanda] ariko numva nakwiberaho uku, ese naba ndwaye? ese nakora iki ngo wenda ngire umusore umwe nizera? Barankunda ariko tuganira kabiri inshuro ya Gatatu nkamuhakanira.<\/p>\n<p>Mungire inama kuko ngiye kwandika iki gitabo cyose mbabaye, Imana ibahe umugisha!!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbifurije Noheli nziza n&#8217;umwaka mushya muhire twinjira mu cyerekezo 2020 amahoro. Nitwa Jolie, ndi umukobwa w&#8217;imyaka 23 y&#8217;amavuko nize amashuri yisumbuye ubu nkaba ndi mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza,niga muri Kigali. Ndabakunda kandi nezezwa n&#8217;uburyo mukoramo, mutugira inama nziza, kubera ikibazo nahuye nacyo mu buzima bwanjye, naganiriye n&#8217;umubyeyi umwe, arangije angira inama yo kubacaho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-20233","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbifurije Noheli nziza n&#8217;umwaka mushya muhire twinjira mu cyerekezo 2020 amahoro. Nitwa Jolie, ndi umukobwa w&#8217;imyaka 23 y&#8217;amavuko nize amashuri yisumbuye ubu nkaba ndi mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza,niga muri Kigali. Ndabakunda kandi nezezwa n&#8217;uburyo mukoramo, mutugira inama nziza, kubera ikibazo nahuye nacyo mu buzima bwanjye, naganiriye n&#8217;umubyeyi umwe, arangije angira inama yo kubacaho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-12-26T14:32:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-12-26T14:32:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233\"},\"wordCount\":371,\"commentCount\":30,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233\",\"name\":\"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-12-26T14:32:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20233#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Mbifurije Noheli nziza n&#8217;umwaka mushya muhire twinjira mu cyerekezo 2020 amahoro. Nitwa Jolie, ndi umukobwa w&#8217;imyaka 23 y&#8217;amavuko nize amashuri yisumbuye ubu nkaba ndi mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza,niga muri Kigali. Ndabakunda kandi nezezwa n&#8217;uburyo mukoramo, mutugira inama nziza, kubera ikibazo nahuye nacyo mu buzima bwanjye, naganiriye n&#8217;umubyeyi umwe, arangije angira inama yo kubacaho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-12-26T14:32:02+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:08+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?","datePublished":"2019-12-26T14:32:02+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233"},"wordCount":371,"commentCount":30,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20233#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233","name":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-12-26T14:32:02+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20233"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20233#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20233","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=20233"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20233\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=20233"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=20233"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=20233"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}