{"id":2039,"date":"2016-05-15T07:38:04","date_gmt":"2016-05-15T07:38:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/15\/abaretse-ibiyobyabwenge-bavuze-ingaruka-zabyo\/"},"modified":"2025-02-12T19:16:20","modified_gmt":"2025-02-12T17:16:20","slug":"abaretse-ibiyobyabwenge-bavuze-ingaruka-zabyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039","title":{"rendered":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo"},"content":{"rendered":"<p>Abagabo babiri bo mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi baretse kunywa ibiyobyabwenge bavuze ingaruka byabagizeho, kandi  bakangurira ababikora kubireka.<\/p>\n<p> Abo ni Nshuti Michel ufite imyaka 25 y\u2019amavuko na Tuyisabe Emmanuel ufite imyaka 26 y\u2019amavuko.<\/p>\n<p>  Mu buhamya bwe, Nshuti yavuze ko yatangiye kunywa urumogi na Kanyanga afite imyaka 18, aza kubireka amaze imyaka itatu.<\/p>\n<p>Yagize ati:&#8221;Ndi umugabo wo guhamya ingaruka zo kunywa ibiyobyabwenge kubera ko nabifungiwe inshuro ebyiri. Ndagira inama umuntu ubinywa n\u2019ubicuruza kubireka kuko nta cyiza cyabyo.&#8221;<\/p>\n<p> Yavuze ko nyuma yo kubireka akifatanya na bagenzi be gukora umwuga wo kwikorerera abantu imizigo hanyuma bakabaha amafaranga, amaze kugura igare rifite agaciro k\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 60.<\/p>\n<p> Umwaka ushize Tuyisabe yafunzwe azira gufatanwa urumogi. Afunguwe yafashe umwanzuro wo kureka ibiyobyabwenge bitewe no gusobanukirwa ububi bwabyo.<\/p>\n<p>Yavuze ko yatangiye kunywa urumogi afite imyaka 22, aza kurureka nyuma y\u2019imyaka itatu, ni ukuvuga mu mwaka ushize.<\/p>\n<p> Tuyisabe yagize ati:&#8221;Ibiyobyabwenge nabinywereye ku muhanda aho nagiye kuba maze kunanira ababyeyi banjye. Mfunguwe nahise mfata umwanzuro wo kubireka; kandi kuva mbiretse maze kwiteza imbere.&#8221;<\/p>\n<p>Yasabye ababinywa kubireka, kandi yizeza Polisi y\u2019u Rwanda ko nagira uwo abibonana azabiyimenyesha.<\/p>\n<p>Aba bombi ni abanyamuryango ba Koperative yitwa Ubumwe igizwe n\u2019abagabo 65 baretse kunywa ibiyobyabwenge n\u2019ubujura, ubu bakaba babeshejweho no kwikorerera abantu imizigo maze bakabahemba.<\/p>\n<p> Ku matariki 9, 10 na 11 Gicurasi, mu mirenge ya Bungwe, Rusarabuye na Cyanika, ho mu karere ka Burera habaye ibikorwa byo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miriyoni zisaga 7 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda, byagiye bifatirwa mu mikwabu Polisi y&#8217;u Rwanda muri aka karere yakoze mu bice bitandukanye bya ko mu mezi ane ashize.<\/p>\n<p>Ibyo biyobyabwenge bigizwe na litiro 2097 za Kanyanga, amaduzeni 793 ya Blue Sky, amaduzeni 200 ya Kitoko , amaduzeni 128 ya Host Waragi, amaduzeni 95 ya Kick, amaduzeni 89 ya Coffee Spirit, amaduzeni 71  ya Chief Waragi, amaduzeni 2 ya Zebra, n\u2019ikiro n\u2019igice cy\u2019urumogi.Ibikorwa byo kubyangiza byitabiriwe n\u2019abaturage bagera ku 4000 batuye mu bice iyo mikwabu yakorewemo.<\/p>\n<p> Umuyobozi w\u2019akarere ka Burera, Uwambajemariya Florence yabwiye abitabiriye igikorwa cyo kubyangiza ati:&#8221;Nta cyiza cy\u2019ibiyobyabwenge kubera ko ubifatanywe arafungwa ndetse agacibwa n\u2019ihazabu, kandi akagira igihombo cy\u2019uko abura n\u2019ayo yashoye. Birakenesha aho gukiza; nk\u2019uko ababyishoramo baba bibwira. Nti bibuza umuntu kwibagirwa ibibazo afite; ahubwo bimwongerera ibindi.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere, Superintendent of Police (SP) Dieudonn\u00e9 Rwangombwa yababwiye ati:&#8221; Ibi biyobyabwenge byangijwe byafashwe biturutse ku makuru mwahaye Polisi y\u2019u Rwanda. Dukomeze gufatanya kubirwanya kandi tugaragaze n\u2019ikindi kintu cyose kinyuranije n\u2019amategeko.&#8221;<\/p>\n<p>Yabasabye kubyirinda no guha Polisi y\u2019u Rwanda amakuru y\u2019ababinywa, ababicuruza n\u2019ababikwirakwiza nk&#8217;uko iyi nkuru y&#8217;urubuga rwa polisi isoza ivuga.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagabo babiri bo mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi baretse kunywa ibiyobyabwenge bavuze ingaruka byabagizeho, kandi bakangurira ababikora kubireka. Abo ni Nshuti Michel ufite imyaka 25 y\u2019amavuko na Tuyisabe Emmanuel ufite imyaka 26 y\u2019amavuko. Mu buhamya bwe, Nshuti yavuze ko yatangiye kunywa urumogi na Kanyanga afite imyaka 18, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2039","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagabo babiri bo mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi baretse kunywa ibiyobyabwenge bavuze ingaruka byabagizeho, kandi bakangurira ababikora kubireka. Abo ni Nshuti Michel ufite imyaka 25 y\u2019amavuko na Tuyisabe Emmanuel ufite imyaka 26 y\u2019amavuko. Mu buhamya bwe, Nshuti yavuze ko yatangiye kunywa urumogi na Kanyanga afite imyaka 18, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-15T07:38:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T17:16:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo\",\"datePublished\":\"2016-05-15T07:38:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:16:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039\"},\"wordCount\":455,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039\",\"name\":\"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-05-15T07:38:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:16:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2039#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA","og_description":"Abagabo babiri bo mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi baretse kunywa ibiyobyabwenge bavuze ingaruka byabagizeho, kandi bakangurira ababikora kubireka. Abo ni Nshuti Michel ufite imyaka 25 y\u2019amavuko na Tuyisabe Emmanuel ufite imyaka 26 y\u2019amavuko. Mu buhamya bwe, Nshuti yavuze ko yatangiye kunywa urumogi na Kanyanga afite imyaka 18, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-15T07:38:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T17:16:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo","datePublished":"2016-05-15T07:38:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:16:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039"},"wordCount":455,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2039#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039","name":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-05-15T07:38:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:16:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2039"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2039#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaretse ibiyobyabwenge bavuze ingaruka zabyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2039","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2039"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2039\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2039"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2039"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2039"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}