{"id":20635,"date":"2020-01-11T07:44:08","date_gmt":"2020-01-11T07:44:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/11\/gen-laurent-nkunda-mu-rungabangabo-rw-imyaka-10\/"},"modified":"2020-01-11T07:44:08","modified_gmt":"2020-01-11T07:44:08","slug":"gen-laurent-nkunda-mu-rungabangabo-rw-imyaka-10","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635","title":{"rendered":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#8217;imyaka 10"},"content":{"rendered":"<p><strong>Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Gen. Laurent Nkunda amare imyaka 10 ari mu rungabangabo bitazwi niba afunzwe cyangwa adafunzwe.Nirinze gukoresha ijambo &#8221; afunzwe&#8221; kuko ntaho nigeze numva umuntu ufungwa imyaka 10 atari muri gereza izwi cyangwa ngo abe aburanishwa n&#8217;inkiko ku byaha akurikiranweho.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Nirinze kandi gukoresha ijambo &#8220;adafunzwe&#8221; kuko udafunzwe yidegembya akagaragara iwe mu rugo, mu nshuti, mu bavandimwe no mu mihango itandukanye nk&#8217; ihuriza abantu hamwe mu ruhame n&#8217;iyindi.<\/p>\n<p>Sinaba nibeshye mvuze ko mu buryo bumwe cyangwa ubundi ibye wabifata nko kuba mu rungabangabo kuko mu by&#8217; ukuri ntawapfa kumenya iyo uyu musirikari mukuru wa DR Congo yaba aherereye mu Rwanda n&#8217;amaherezo ye nyuma y&#8217;aho afatiwe mu Rwanda ku Gisenyi mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira 23 Mutarama 2009.<\/p>\n<p>Muri iryo joro ni bwo amakuru yacicikanye hose ku isi ko uyu mujenerali yafatiwe mu Rwanda aho byavuzwe ko yari yahamagajwe mu nama yari igamije guhosha intambara yari irimo kubera mu burasirazuba bwa  Congo, intambara yari iyobowe n&#8217;uyu mujenerali wari umaze kuba ikirangirire kubera kujegeza ubutegetsi bwa Congo.<\/p>\n<p>Ibyo gufatwa byabaye nyuma y&#8217;icyari kimeze nka &#8220;military coup&#8221; yakorewe n&#8217;undi mu jenerali Bosco Ntaganda ( ubu ufingiwe i La Haye mu Buholandi), uyu akaba yari icyegera cye cya hafi igihe bombi bari bafatanyije kuyobora umutwe wa politiki n&#8217;igisirikari, CNDP.<\/p>\n<p>Bavugaga ko bari bagamije guharanira uburenganzira bwa benewabo bahohoterwaga n&#8217;ubutegetsi bwa Congo no gucyura ibihumbi by&#8217;impunzi zari zarahungiye mu Rwanda mu gihe cy&#8217; intambara zabanjirije iya CNDP.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;ifatwa ry&#8217;uyu mu jenerali ntabwo byatinze, uwamusimbuye Jenerali Bosco Ntaganda aza kugirana imishyikirano n&#8217;ubutegetsi bwa Congo, yabyaye amasezerano y&#8217;amahoro no guhagarika intambara ku wa 23 werurwe 2009.<\/p>\n<p>Ngarutse kuri Jenerali Nkunda, yaje gukomeza kuba mu Rwanda ndetse umuryango we urega mu nkiko ko yahagaritswe mu buryo butemewe n&#8217;amategeko ariko uko icyo kibazo cyacwekereye ntibyumvikana kubera ubukana cyari gifite kuko haregwagamo bamwe mu bayobozi bakomeye b&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p> Ntibizwi niba umuryango we waba warabonye ko uta umwanya, ntacyo uzageraho cyangwa hari ukundi kuntu byaba  byaragenze ngo uhagarike ikirego.<\/p>\n<p>Gusa ikidashidikanywaho ni uko uyu musirikari mukuru akiri mu Rwanda mu buryo nise ko ari mu rungabangabo kuko nta makuru ye azwi neza nk&#8217;aho yaba aherereye n&#8217;ibyo abamo. Ikindi kidashidikanywaho ni uko atigeze yoherezwa mu gihugu cye cya Congo ngo aburanishwe ku byaha aregwa n&#8217;icyo gihugu cyangwa ngo ahabwe imbabazi.<\/p>\n<p>Mu rwego rw&#8217;ubutabera ni ho byakundaga gutangazwa ko kuri iki kibazo hari imbogamizi mu rwego rw&#8217;amategeko; ko ibihugu byombi bidafitanye amasezerano yo guhererekanya abanyabyaha. Ibi nabyo bigatera urujijo kuko byagaragaye ko Congo yagiye yoherereza u Rwanda abanyabyaha barimo abarurwanya na bamwe mu bakekwaho ibyaha bya jenoside. <\/p>\n<p>Aha hibazwa niba ikibazo cya Gen. Nkunda kitaza mu rwego rumwe nk&#8217;urwo tumaze kuvuga. Gusa kuri we hari umwihariko ushobora kuba udashingiye ku mategeko gusa ahubwo no kuri politiki.<\/p>\n<p>Kohereza Nkunda muri Congo nk&#8217;igihugu cye urebye ni uburyo bwiza ku ruhande rumwe ariko ni na bubi ku rundi ruhande kuko hari ibyaha aregwa byatuma ahanishwa igihano cy&#8217;urupfu kuko muri icyo gihugu icyo gihano kikiri mu mategeko mu gihe u Rwanda rwagikuyeho. <\/p>\n<p>Indi mpamvu ni uko muri rusange Abakongomani batari bake bagiye bagaragaza urwango rukomeye ku baturage bagenzi babo bavuga ururimi rw&#8217; Ikinyarwanda ku buryo bahora babita abanyamahanga no kubamenesha akenshi bakabakura mu byabo.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-20634\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\" alt=\"drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\" align=\"center\" width=\"800\" height=\"543\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg 800w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2-300x204.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2-768x521.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><br \/>\n<em> <strong>Gen. Laurent Nkunda\/interineti<br \/>\n<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Kuri ibyo hakiyongeraho n&#8217;uko u Rwanda rutahara uwo mu jenerali w&#8217;Umukongomani rwateguye rukanarera mu bya gisirikari dore ko rwaregwaga ko ari rwo rwamufashaga mu ntambara yagiye ayobora muri Congo no kuba afite amaraso y&#8217;Abanyarwanda. Ibi ariko u Rwanda rwarabihakanye inshuro nyinshi.<\/p>\n<p>Kubera ko ntawapfa kubona uyu mu jenerali ngo amenye uko amerewe n&#8217;icyo yifuza nyuma y&#8217; imyaka 10 amaze ibye bidasobanutse, ngo bimenyekane niba yakomeza kwibera umuturage w&#8217; u Rwanda cyangwa niba yasubizwa mu gihugu cye.<\/p>\n<p>Kubera urwo rujijo n&#8217;ibyo nigeze kwandikaho na none nibaza nti: <em>&#8220;Amaherezo azaba ayahe?&#8221;<\/em> Uko byagenda kose imyaka 10 ni myinshi na we ubwe nkeka ko akeneye ubwisanzure no kwidegembya akaba yakomeza umwuga we w&#8217; igisirikari cyangwa agakora ibindi.<\/p>\n<p>Niba ntari kuvomera mu rutete cyangwa ngo ngosorere mu rucaca, ntekereza ko Gen. Laurent Nkunda aho ari n&#8217;uko amerewe byaba atari yo mahitamo ye kuko imyaka 10 ni myinshi kandi ubwayo biramutse ari igihano yaba akirangije cyangwa ari hafi kukirangiza.<\/p>\n<p>Mu gihe hibukwa agiye kumara imyaka 10 ibye bidasobanutse neza, abantu bakaba bakomeza kwibaza aho ikibazo cye kiganisha dore ko kuva Congo yabona Perezida mushya iki kibazo kitumvikanye gikomozwaho.<\/p>\n<p>Uyu mwaka wa 2020 aho yazawugiriramo umugisha akazarekurwa? Byose n&#8217;ukubiharira Imana.<\/p>\n<p>Gen. Laurent Nkunda, bakundaga kwita Karumuna yavukiye muri Teritwari ya Rutshuru, ku wa 6  Gashyantare 1967, akaba azwiho cyane kuba intyoza mu kuvuga no gutebya mu mbwirwaruhame ze, avuga neza Igifaransa, Icyongereza, Igiswahili n&#8217;Ikindandi (ururimi rw&#8217; ubwoko bumwe bw&#8217;Abakongomani bwitwa &#8216;Abandandi&#8217; bwiganje muri Rutshuru). <\/p>\n<p>Ni umuvugabutumwa wabitangiye ari umutampera w&#8217;abadivantisiti mu myaka ya za 80. Ni umugabo w&#8217;urubavu ruto, ukunda gusabana kandi utiremereza, akaba akunda gutega amatwi umugana no kwitegerereza mu madarubindi ye akuramo  gusa iyo aryamye.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;ubuyobozi bwe muri CNDP, ibintu byarahindutse nyuma y&#8217;amasezerano arangiza intambara, ibintu ariko bitatinze kuko ari bwo havutse umutwe wa M23 wikuye muri ayo masezerano kucyo bise ko Leta ya Congo itubahirije, umutwe waje gutsindwa urugamba maze abarwanyi bamwe bahungira muri Uganda abandi bahungira mu Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Gen. Laurent Nkunda amare imyaka 10 ari mu rungabangabo bitazwi niba afunzwe cyangwa adafunzwe.Nirinze gukoresha ijambo &#8221; afunzwe&#8221; kuko ntaho nigeze numva umuntu ufungwa imyaka 10 atari muri gereza izwi cyangwa ngo abe aburanishwa n&#8217;inkiko ku byaha akurikiranweho. Nirinze kandi gukoresha ijambo &#8220;adafunzwe&#8221; kuko udafunzwe yidegembya akagaragara iwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":20634,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[131],"class_list":["post-20635","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-zicukumbuye","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#039;imyaka 10 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#039;imyaka 10 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Gen. Laurent Nkunda amare imyaka 10 ari mu rungabangabo bitazwi niba afunzwe cyangwa adafunzwe.Nirinze gukoresha ijambo &#8221; afunzwe&#8221; kuko ntaho nigeze numva umuntu ufungwa imyaka 10 atari muri gereza izwi cyangwa ngo abe aburanishwa n&#8217;inkiko ku byaha akurikiranweho. Nirinze kandi gukoresha ijambo &#8220;adafunzwe&#8221; kuko udafunzwe yidegembya akagaragara iwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-11T07:44:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"543\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635\"},\"author\":{\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\"},\"headline\":\"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#8217;imyaka 10\",\"datePublished\":\"2020-01-11T07:44:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635\"},\"wordCount\":872,\"commentCount\":30,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/01\\\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\",\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635\",\"name\":\"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw'imyaka 10 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/01\\\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\",\"datePublished\":\"2020-01-11T07:44:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/01\\\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/01\\\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\",\"width\":800,\"height\":543,\"caption\":\"drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20635#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#8217;imyaka 10\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\",\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=6\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw'imyaka 10 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw'imyaka 10 - BWIZA","og_description":"Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Gen. Laurent Nkunda amare imyaka 10 ari mu rungabangabo bitazwi niba afunzwe cyangwa adafunzwe.Nirinze gukoresha ijambo &#8221; afunzwe&#8221; kuko ntaho nigeze numva umuntu ufungwa imyaka 10 atari muri gereza izwi cyangwa ngo abe aburanishwa n&#8217;inkiko ku byaha akurikiranweho. Nirinze kandi gukoresha ijambo &#8220;adafunzwe&#8221; kuko udafunzwe yidegembya akagaragara iwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-11T07:44:08+00:00","og_image":[{"width":800,"height":543,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Munyakayanza Samuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Munyakayanza Samuel","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635"},"author":{"name":"Munyakayanza Samuel","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83"},"headline":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#8217;imyaka 10","datePublished":"2020-01-11T07:44:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635"},"wordCount":872,"commentCount":30,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg","keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635","name":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw'imyaka 10 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg","datePublished":"2020-01-11T07:44:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20635"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/01\/drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg","width":800,"height":543,"caption":"drcongo-unrest-nkunda-speech-kongo_tittel2.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20635#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw&#8217;imyaka 10"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83","name":"Munyakayanza Samuel","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=6"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20635","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=20635"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20635\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/20634"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=20635"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=20635"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=20635"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}