{"id":20873,"date":"2020-01-20T04:30:56","date_gmt":"2020-01-20T04:30:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/20\/urukuta-rutandukanya-u-rwanda-na-rdc-u-rwanda-na-israel-mu-guhashya-iterabwoba\/"},"modified":"2020-01-20T04:30:56","modified_gmt":"2020-01-20T04:30:56","slug":"urukuta-rutandukanya-u-rwanda-na-rdc-u-rwanda-na-israel-mu-guhashya-iterabwoba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873","title":{"rendered":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#8217;icyumweru"},"content":{"rendered":"<p><strong>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z&#8217;ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk&#8217;uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n&#8217;utundi, imikino ndetse n&#8217;imyidagaduro.<em><\/h2>\n<p><strong>Igitekerezo cyo kubaka urukuta hagati y\u2019u Rwanda na RDC<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 16 Mutarama 2020 ni bwo byamenyekanye ko umuyobozi w\u2019ishyaka rya \u2018Unite des Valeurs\u2019, Michel Okongo yatangarije ubuyobozi bw\u2019igihugu n\u2019umuryango w\u2019Abibumbye umugambi wo kubaka urukuta rw\u2019ibilometero 213 rutandukanya u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, gusa intumwa nkuru y\u2019uyu muryango muri iki gihugu (Congo), Madamu Leila Zerrougui yarabyamaganye kuri uwo munsi.<\/p>\n<p>Tariki ya 13 Nzeri 2019 ngo ni bwo Okongo yagejeje ku banyamakuru itangazo rivuga kuri iyi ngingo, mu rwego avuga ko ari urwo kurangiza ibibazo by\u2019umutekano muke ugaragara mu gice cy\u2019uburasirazuba bw\u2019igihugu  gusa Zerrougi ntabyumva mu gihe Africa ngo ifite gahunda nziza yo gukuraho imipaka itandukanya ibihugu, ikimakaza ubumwe. Kuri Zerrougui ngo si wo muti w\u2019ikibazo.<\/p>\n<p><strong>U Rwanda na Isra\u00ebl  byiyemeje guhashya ibikorwa by\u2019iterabwoba<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 15 Mutarama 2020, abahagarariye ingabo, polisi, urwego rw\u2019abinjira n\u2019abasohoka muri Isra\u00ebl  no mu Rwanda mu mahugurwa y\u2019umunsi umwe yabereye muri Kigali Convention Center biyemeje gufatanya kurwanya  ibikorwa by\u2019iterabwoba, bashingiye ku mateka ibihugu byombi bisangiye.<\/p>\n<p>Amahugurwa yari agamije kungurana ubumenyi bwo guhangana n\u2019ibibazo by\u2019umutekano muke bigaragara ku mipaka. Uruhande rw\u2019u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w\u2019ingabo Major Gen. Albert Murasira, mu gihe urwa Isra\u00ebl  rwari ruhagarariwe na Brig. Gen. (Rtd) Yair Kulas, ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga muri Minisiteri y\u2019Umutekano.<\/p>\n<p><strong>Abakozi ba Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga babubijwe kuvuga ku mubano w\u2019u Rwanda na Uganda<\/strong><\/p>\n<p>Mu gihe leta y\u2019u Rwanda na Uganda ziri gushaka uburyo bwo gukemura umwuka mubi umaze imyaka irenga ibiri uri mu mubano w\u2019ibihugu byombi, tariki ya 14 Mutarama, abakozi bo muri Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga muri Uganda babujijwe kuvuga kuri uyu mubano, kugira ngo badasubiza inyuma intambwe imaze guterwa.<\/p>\n<p>Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibibazo Mpuzamahanga, Okello Oryem yabwiye Komisiyo ishinzwe Ububanyi n\u2019Amahanga mu nteko ishinga amategeko ati: \u201cNasabwe kutavuga kuri iki kibazo hano cyangwa kubivuganaho n\u2019undi muntu wese. Turacyari mu rugendo kandi sinakwifuza kujya impaka kuri ibyo bibazo hano. Twanabujije abakozi bacu kugira icyo bavuga kuri icyo kibazo kuko ibi bishobora gukereza inzira yose.\u201d<\/p>\n<p><strong>Babiri bari mu bayobozi bakuru b\u2019umutwe wa FLN berekanwe mu Rwanda<\/strong><\/p>\n<p>Capt. Herman Nsengimana wari umuvugizi w\u2019umutwe wa FLN urwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda ndetse na Mutarambirwa Theobald wari ushinzwe kwinjiza urubyiruko muri uyu mutwe bombi bafatiwe bari bahanganyemo n\u2019abarwanyi ba Mai Mai Raia Mutomboki, beretswe itangazamakuru ry\u2019u Rwanda yariki ya 17 Mutarama 2020.<\/p>\n<p>Aba bombi bafatiwe mu gitero cya tariki ya 11 Ukuboza 2019, byavuzwe ko cyakomerekeyemo abarwanyi ba FLN 60, bashyikirizwa ingabo z\u2019igihugu muri Teritwari ya Fizi iri mu ntara ya Kivu y\u2019Amajyepfo. Iki gihe byavuzwe ko na Brig. Gen. Antoine Hakizimana uzwi nka Jeva wari ushinzwe ibikorwa bya operasiyo n\u2019iperereza  na we yafashwe ariko habuze urwego rubihamya. Capt. Nsengimana na Mutarambirwa bagejejwe mu Rwanda tariki ya 16 Ukuboza.<\/p>\n<p><strong>Ibitero byibasira Abanyamulenge byongeye kubura<\/strong><\/p>\n<p>Mu gitondo tariki ya 13 Mutarama 2020, ubwoko bw\u2019Abanyamulenge butuye i Mulenge mu misozi ya Minembwe bwongeye kugabwaho igitero n\u2019umutwe wa Mai Mai, uvugwaho kubica, kubatwikira inzu, kubanyaga amatungo no gutuma bata ingo zabo.<\/p>\n<p>Ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge bwageranyijwe na jenoside bitewe n\u2019ibibakorerwa ndetse n\u2019amagambo ashishikariza kwica Abanyamulenge. Bivugwa ko bukorwa n\u2019imitwe irimo Mai Mai ya Gen. Yakutumba wo muri Congo, Red Tabara na FOREBU ikomoka mu Burundi. Iki gitero cyaje gikurikira icyavuzwe tariki ya 10 na Me Moise Nyarugabo, Umunyamulenge uri mu nteko ishinga amategeko, watangaje ko uduce twa Mpugamo, Kivumu, Rubanda na Musingi twatewe mu gitondo. Icyo gihe ngo humvikanaga urusaku rw\u2019amasasu.<\/p>\n<p><strong>UTUNTU N\u2019UTUNDI<\/p>\n<p>Isengesho rya Pasteri Ezra Mpyisi ryahindutse urwenya<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 17 Mutarama 2020, mu birori by\u2019abanyeshuri bigaga muri kaminuza ya UNILAK barangije amasomo, Muzehe  Muzehe Ezra Mpyisi yahawe umwanya ngo asenge, muri iki gikorwa cyari gikomeje, bose baraturika baraseka.<\/p>\n<p>Muri video yaturutse kuri Igihe TV yacicikanye ku mbuga zitandukanye, Muzehe Mpyisi yagize ati: <em>&#8220;Ubu aba bana barangije ishuri ariko ibizakurikiraho ntibabizi. Nyagasani! Ndakwinginga ngo bishyire mu maboko y\u2019uzi ibizababaho ejo. Bamwe bazaba abakire, abandi bazaba abatindi, bamwe bazabaho, abandi bagiye kujya i Rusororo. Ibyo byose nta we ubizi. Mwami Imana duciye bugufi ngo twishyire mu maboko y\u2019uzi ibizatubaho ejo. Tubyambarije mu izina rya Yesu, Amena!&#8221;<\/em><\/p>\n<p><strong>IMIKINO<\/p>\n<p>APR FC yatsikiriye kuri Etincelles, Rayon Sports inyagira Espoir FC, Manchester United inanirwa guhagarika umuvuduko wa Liverpool FC<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 18 Mutarama, APR FC yakinaga na Etincelles FC i Rubavu kuri Sitade Umuganda,amakipe yombi anganya 1-1, mu gihe Rayon Sports yanyagiye 3-0 Espoir FC yari yakiriye  kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo. Tariki ya 19 muri Shampiyona y\u2019Ubwongereza, Manchester United yananiwe guhagarika umuvudo wa Liverpool FC wo kudatsindwa, itsindwa ibitego 2-0 kuri Sitade ya Anfield. Arsenal yari yanganyije na Shiefiel 1-1, Manchester City na yo inganya na Crystal Palace 2-2, New Castle itsinda Chelsea 1-0.<\/p>\n<p><strong>IMYIDAGADURO<\/p>\n<p>Miss Rwanda: Ijonjora ry&#8217;ibanze ryapfundikiriye i Kigali, abakobwa 20 bemererwa gukomeza ku yindi ntambwe<\/strong><\/p>\n<p>Ijonjora ry\u2019ibanze mu irushanwa ry\u2019ubwiza n\u2019ubumenyi by\u2019abakobwa b\u2019Abanyarwanda (Miss Rwanda 2020) ryapfundikiriwe mu mugi wa Kigali, aho abakobwa 20 bemerewe gukomeza ku yindi ntambwe.<\/p>\n<p>Iri jonjora ryatangiriye mu ntara y\u2019Uburengerazuba tariki ya 28 Ukuboza 2019, hakomeza abakobwa 6, rigera mu ntara y\u2019amajyaruguru tariki ya 4 Mutarama 2020, hakomeza 6, rigera mu ntara y\u2019Amajyepfo hakomeza 7, mu ntara y\u2019Uburasirazuba tariki ya 11 hakomeje 15, bose hamwe bakaba bageze muri 54. Aba bose bazajya mu mwiherero (Boot Camp) uzavamo abagera ku musozo w\u2019irushanwa, aba bazatorwamo Nyampinga uzasimbura Nimwiza Meghan watowe mu 2019.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z&#8217;ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk&#8217;uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n&#8217;utundi, imikino ndetse n&#8217;imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132],"class_list":["post-20873","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#039;icyumweru - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#039;icyumweru - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z&#8217;ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk&#8217;uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n&#8217;utundi, imikino ndetse n&#8217;imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-20T04:30:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#8217;icyumweru\",\"datePublished\":\"2020-01-20T04:30:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873\"},\"wordCount\":954,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873\",\"name\":\"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z'icyumweru - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-20T04:30:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=20873#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#8217;icyumweru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z'icyumweru - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z'icyumweru - BWIZA","og_description":"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z&#8217;ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk&#8217;uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n&#8217;utundi, imikino ndetse n&#8217;imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-20T04:30:56+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#8217;icyumweru","datePublished":"2020-01-20T04:30:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873"},"wordCount":954,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20873#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873","name":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z'icyumweru - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-20T04:30:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=20873"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=20873#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Isra\u00ebl mu guhashya iterabwoba mu nkuru z&#8217;icyumweru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20873","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=20873"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/20873\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=20873"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=20873"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=20873"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}