{"id":21071,"date":"2020-01-24T07:56:45","date_gmt":"2020-01-24T07:56:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/24\/musanze-umwarimu-yakubiswe-na-diregiteri-amuziza-ko-yanze-ko-baryamana\/"},"modified":"2020-01-24T07:56:45","modified_gmt":"2020-01-24T07:56:45","slug":"musanze-umwarimu-yakubiswe-na-diregiteri-amuziza-ko-yanze-ko-baryamana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071","title":{"rendered":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwarimu mu ishuri ry\u2019Incuke ku kigo cy\u2019amashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe n\u2019umuyobozi w\u2019ishuri,  Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina.<em><\/h2>\n<p>Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi y\u2019ishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse n\u2019ijisho rye rimwe risa n\u2019iritareba neza.<\/p>\n<p>Mwarimu Umutesi yavuze ko yakibiswe na diregiteri Nsabimana bapfa ko amwatse raporo ariko ngo n\u2019ibintu uyu muyobozi yari yaramuteguje ko azamukubita bitewe no kwanga ko baryamana. Ibi ngo diregiteri yabifataga nk\u2019agasuzuguro k\u2019uyu mwarimukazi.<\/p>\n<p>Yagize ati: <em>\u201c Kugira ngo nkubitwe, diregiteri yantumyeho mu biro ansaba raporo. Mu kuyimuha nyimusabye ngo nyifotoze arayinyima. Amaze kwanga, yahise amfata arankubita, arampondagura, imigeri, ingumi ankubita no ku ryinyo avuga nko yarikuramo agasigara yishyura, ngo ntwabwo ari umwana yabyaye.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Mwarimu Umutesi avuga ko uku gukubitwa nanone kwatewe no kuba yaragiye aha diregiteri amafaranga yishyuwe n\u2019abana b\u2019incuke ariko ntagire aho ayandika. Diregiteri yamusabaga ko ibyo kwandika babireka kuko ngo adateze kuyarya. Ni ingingo akeka ko yatumaga amwima raporo ngo ayifotoze.<\/p>\n<p>Ati:\u201c <em> Intandaro ni amafaranga y\u2019abanyeshuri nagiye muha nkeka ko ari umutego yanteze kuko abarimu ntidukora ku mafaranga. Yari yarakoresheje inama avuga ko ari we bagomba kujya bishyura nyuma antega umutego ngo bajye bayampa. Iyo namaraga kuyakira, mbere yo gutaha narayamushyikirizaga. Bwa mbere  anyandikisha urupapuro ko nyamuhaye ariko nyuma narayamuhaga namubwira ngo twandike n\u2019ubundi akavuga ko nta kibazo, ngo nimbireke nzaba nandika kuko ngo atateze kuyarya. Ejo natunguwe no kunyaka amafarnga kandi yose narayamuhaye. Nkeka ko ari yo mpamvu yatumaga anyima iriya raporo kugira ngo agire andi makosa anshyiraho.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Mwarimu Umutesi avuga ko n\u2019ubusanzwe yari atabanye neza na diregiteri, wahoraga amubwira ko azamwereka kuko yanze ko baryamana.<\/p>\n<p>Ati:<em> &#8220;Akigera [ Nsabimana] hariya umunsi wa mbere aza mu biro, namujyaniye raporo y\u2019abanyeshuri bahari n\u2019abasibye, ahita ansaba kujya kumusura iwe, ansaba ko turyamana, ndabyanga.  Yakomeje anyishyuza ambwira ko nzabona,ngo agasuzuguro ngira. Yarambwiye ngo wowe urafata umuntu w\u2019umugabo ugaterera hariya, ngo uba ubona nabura abandi bantu bankunda,\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201c  Narakomeje ndabyanga ariko na n\u2019ubu yarakibinyishyuza kuko yajyaga antumaho, akanyandikira utuntu turiho amarira kuri watsapu n\u2019ubwo telefoni yanjye bayibye, ngo azandiza. Yajyaga ambwira ko azanyereka.\u201d<\/p>\n<p>Diregiteri Nsabimana Alex yabwiye Flash FM ko nta kurwana kwabayeho hagati ye na mwarimu Umutesi ndetse ko ibyo kuvuga ko yashatse ko baryamana ari ukubeshya.<\/p>\n<p>Ati: <em>\u201cNtabwo twarwanye ahubwo namwatse lisiti yari yashyize mu gikapu kiracika. Kuvuga ko namusabye ko turyamana ni za mpamvu. Ndumva ibyo bitaba intandaro kuko njye naje mu kazi hano.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Umwe mu banyeshuri bari bahari iki kibazo kiba, yavuze uko yabibonye.<br \/>\nAti: <em>\u201cDusanga bafashe Mutesi bari kumukubita. Asohotse diregiteri yamushikuje igikapu kiba kiracitse. Diregiteri yari ari kumutuka ngo wa mujinga we.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Nsabimana ngo azwiho ibyo gusambanya abarimukazi bose bigisha ku ishuri ayoboye.<\/p>\n<p> Umwe mu baturage batuye hafi y\u2019iri shuri atangaza ko bafite amakuru ko ditegiteri Nsabimana asambanya abarimukazi bigisha ku kigo ayoboye. Ibi ngo abikora mu rwego rwo kugira ngo kubongerera uburambe.<\/p>\n<p>Uwitwa Hafashimana Premier ati: <em>\u201cUmutesi si we wenyine dufitiye amakuru kuko diregiteri  asanzwe akora ibyo bintu kandi bikirengagizwa n\u2019abantu babizi. N\u2019abaturage bagahaturiye bamwe yagiye abibakorera, yabivamo akaza no kubisansibiliza mu barezi barera aba bana. Tubizi neza, dufite amakuru yimbitse ko asambanya abagore, abarimu bigisha kuri kino kigo kuko kugira ngo bagire uburambe no kubazamurira imishahara.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Musanze, Jeannine Nuwumremyi avuga ko iby\u2019ayo makuru ntacyo yari abiziho ariko agiye kubikurikirana.<\/p>\n<p>Ati: <em>\u201cNi ubwa mbere mbyumvise ariko igihari ni uko guhohotera, kugukubita ntabwo byemewe. Uretse no kurmerwa mu by\u2019amategeko, si n\u2019umuco nyarwarwanda. Ni ibintu bibabaje by\u2019umwihariko mu burezi. Nk\u2019akarere tugiye kubikurikirana.\u201d<\/em><br \/>\nKuri ubu nk\u2019uko Mwarimu Umutesi abitangaza, ikirego cye yakigejeje ku rwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha.<\/p>\n<p>Ikibazo cy\u2019ihohoterwa rishingiye ku gitsina gikomeza kumvikana hirya no hino mu Rwanda. Bivugwa ko abatinyuka kwatura bakavuga ibyo bakorerwa ari mbarwa, ingingo ikomeza gutiza umurindi iki kibazo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwarimu mu ishuri ry\u2019Incuke ku kigo cy\u2019amashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe n\u2019umuyobozi w\u2019ishuri, Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi y\u2019ishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse n\u2019ijisho rye rimwe risa n\u2019iritareba neza. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21071","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwarimu mu ishuri ry\u2019Incuke ku kigo cy\u2019amashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe n\u2019umuyobozi w\u2019ishuri, Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi y\u2019ishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse n\u2019ijisho rye rimwe risa n\u2019iritareba neza. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-24T07:56:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana\",\"datePublished\":\"2020-01-24T07:56:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071\"},\"wordCount\":658,\"commentCount\":20,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071\",\"name\":\"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-24T07:56:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21071#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA","og_description":"Umwarimu mu ishuri ry\u2019Incuke ku kigo cy\u2019amashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe n\u2019umuyobozi w\u2019ishuri, Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi y\u2019ishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse n\u2019ijisho rye rimwe risa n\u2019iritareba neza. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-24T07:56:45+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana","datePublished":"2020-01-24T07:56:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071"},"wordCount":658,"commentCount":20,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21071#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071","name":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-24T07:56:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21071"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21071#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21071","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21071"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21071\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21071"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21071"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21071"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}