{"id":21088,"date":"2020-01-24T18:09:12","date_gmt":"2020-01-24T18:09:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/24\/u-rwanda-ntirukozwa-ibyo-kwitabira-inama-y-ishyaka-riri-ku-butegetsi-muri\/"},"modified":"2020-01-24T18:09:12","modified_gmt":"2020-01-24T18:09:12","slug":"u-rwanda-ntirukozwa-ibyo-kwitabira-inama-y-ishyaka-riri-ku-butegetsi-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088","title":{"rendered":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#8217;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n&#8217;iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk&#8217;uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Ibitangazamakuru byo  muri Uganda, by&#8217;umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya &#8220;National Resistance Movement&#8221; (NRM) iteganyijwe kuwa 25 Mutarama 2020 kuri Sitade yitiriwe Mandela mu Mujyi wa Kampala.<\/p>\n<p>Byatangajwe n&#8217;Umuvugizi wa NRM, Rogers Mulindwa, wavugaga ko intumwa za FPR-Inkotanyi zizayitabira.<\/p>\n<p>Ibi uyu utatangajwe amazina wo muri FPR-Inkotanyi yabwiye TNT ko ayo makuru atari yo.<\/p>\n<p>Ati: <em>&#8220;U Rwanda cyangwa FPR-Inkotanyi ntiyigeze yemeza ko izitabira inama ya NRM. Ntabwo tuzi impamvu umuvugizi wa NRM yatanze ubwo butumwa butari bwo mu binyamakuru byo muri Uganda.&#8221;<\/em><\/p>\n<p>Uyu yavuze ko kugeza ubu nta myiteguro iri muri FPR yo kujya muri Uganda mu nama ya NRM.<\/p>\n<p>Ati: <em>&#8220;Ukuri ni uko kugeza ubu nta tangazo rirajya ku mugaragaro rivuye muri FPR ryemeza ko hazabaho ukwitabira inama ya NRM.&#8221;<\/em><\/p>\n<p>Ikindi kuri ubu kivugwa ku nama ya NRM ni uko byari byatangajwe ko hari abandi barwanshyaka b&#8217;andi mashyaka bazitabira iyi nama ariko bikaba bivugwa ko bashobora kutazahakandagira.<\/p>\n<p>Mu gihe ibyo bivugwa kandi ntaho byemejwe, nta naho bivugwa ko abahagarariye andi mashyaka atandukanye mu Rwanda baba yaratumiwe kuzitabira iyi nama ikomeye ya NRM.<\/p>\n<p>Biramutse bibabaye byaba ari agashya ku mpande zombi kuko bishibora no gutuma umubano hagati y&#8217; ibihugu byombi wasinziriye uzanzamuka.<\/p>\n<p>Ikindi ni uko ntaho bigaragara ko ku ruhande rwa FPR mu nama zayo zikomeye nayo yaba yarigeze gutumira NRM bityo amashyaka yombi akaba yari afitanye uwo mubano n&#8217;ubucuti bubasabanisha.<\/p>\n<p>Ibya politiki ariko bibamo amacenga menshi n&#8217; ukuri kudakunda gushyirwa ahagaragara kenshi, ntibyatangaza hari ibitunguranye byakwigaragaza muri iyo nama.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n&#8217;iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk&#8217;uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru. Ibitangazamakuru byo muri Uganda, by&#8217;umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya &#8220;National Resistance Movement&#8221; (NRM) iteganyijwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21088","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#039;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#039;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n&#8217;iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk&#8217;uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru. Ibitangazamakuru byo muri Uganda, by&#8217;umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya &#8220;National Resistance Movement&#8221; (NRM) iteganyijwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-24T18:09:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#8217;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda\",\"datePublished\":\"2020-01-24T18:09:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088\"},\"wordCount\":295,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088\",\"name\":\"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y'ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-24T18:09:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21088#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#8217;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y'ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y'ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA","og_description":"Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n&#8217;iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk&#8217;uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru. Ibitangazamakuru byo muri Uganda, by&#8217;umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya &#8220;National Resistance Movement&#8221; (NRM) iteganyijwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-24T18:09:12+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#8217;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda","datePublished":"2020-01-24T18:09:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088"},"wordCount":295,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21088#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088","name":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y'ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-24T18:09:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21088"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21088#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y&#8217;ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21088","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21088"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21088\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21088"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21088"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21088"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}