{"id":21117,"date":"2020-01-26T18:30:02","date_gmt":"2020-01-26T18:30:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/26\/icyari-cyihishe-inyuma-y-ihirikwa-rya-col-muammar-qaddafi\/"},"modified":"2020-01-26T18:30:02","modified_gmt":"2020-01-26T18:30:02","slug":"icyari-cyihishe-inyuma-y-ihirikwa-rya-col-muammar-qaddafi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117","title":{"rendered":"Icyari cyihishe inyuma y&#8217;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Col. Muammar Qaddafi wari Perezida wa Libya yishwe mu 2011 nyuma y\u2019imyigaragambyo y\u2019abataravugaga rumwe na we yari imaze igihe imusaba kwegura. Ihirikwa rye ryagizwemo uruhare n\u2019umuryango wa NATO (North Atlantic Treaty Organisation) nyuma yo kumusaba kwegura, akanangira.<em><\/h2>\n<p>Col. Qaddafi yari avuze byinshi ku bumwe bw\u2019Africa ndetse yagize igitekerezo ko uyu mugabane waba leta zunze ubumwe gusa hari n\u2019urundi ruhande rwamufataga nk\u2019umunyagitugu wanze kurekura ubutegetsi, wanagize uruhare mu mutekano muke mu bihugu bimwe mu majyaruguru y\u2019Afurika ndetse no hanze y\u2019umugabane.<\/p>\n<p>Hirengagijwe ubusabanuro bwa Col. Qaddafi kuri Africa, abambwa uyu mugabane wose urebera, kuryumaho no gushyigikira ko uyu musaza ahirikwa byari ibitekerezo bibiri aboroheje n\u2019abakomeye bari bafite. None aho bigeze, haba muri Libya ndetse n\u2019Afurika nzima, hatangiye kubaho kwicuza impamvu yatereranwe.<\/p>\n<p>Nshingiye ku gitekerezo cya Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, uherutse kugaragaza kwicuza, abwira BBC i Londres ko Qaddafi yari akwiriye gutabarwa, ntiyicwe cyangwa se  ngo ahirikwe ku butegetsi. Museveni yemera ko ari akagambane Afurika yagiriye Libya na Col. Qaddafi kuko ngo yari guhagarika NATO. Aha hatumye nibaza nti ni bande bari bakwiriye gutera iya mbere batabara Col. Qaddafi?<\/p>\n<p>Museveni yicujije nyuma ya Barack Obama wahoze ayoboye Leta Zunze Ubumwe z\u2019America wivugiye ubwe ko rimwe mu makosa yakoze ari ku butegetsi, ari ukugira uruhare mu rupfu rwa Col. Qaddafi.<\/p>\n<p>Africa ntiyumvaga kimwe ibibazo bya Libya kuko yari yaracitsemo ibice bitatu: Afurica y\u2019Amajyepfo itarashyigikiraga ko Col. Qaddafi yahiriwa, Africa yo hagati n\u2019igice cy\u2019uburengerazuba cyashyigikiraga ko yahirikwa (byari ku ruhande rw\u2019abigaragambyaga ndetse na NATO) ndetse n\u2019urundi ruhande mu bice bitandukanye rutari rufite aho rubogamiye (byaryumyeho).<\/p>\n<p>Mu by\u2019ukuri intandaro cyangwa imbarutso y&#8217;ihirikwa rya Col. Qaddafi ni imyigaragambyo yakozwe n&#8217;abaturage guhera mu mujyi wa Benghazi, aho Col. Qaddafi yamishe ibisasu biremereye akoresheje indege mu gushaka gucecekesha abigaragambyaga. Ibyo ntibyamuhiriye kuko ari byo amahanga yitwaje mu kubanza gufata ikirere no gutangira kumutera bivugwa ko yahohoteye abaturage, igikorwa cyafashwe nk&#8217;igitugu n&#8217;iterabwoba. <\/p>\n<p>N\u2019ubwo byari bimeze bityo ariko, birazwi ko ibyo atari byo ntandaro kuko byari umugambi muremure amahanga yari amufitiye kubera igitekerezo Qaddafi yari afite cyo guhuriza hamwe ibihugu by\u2019Africa, bityo bikaba igihugu kimwe gifite ubuyobozi bwa politiki bumwe, igisirikare kimwe, n&#8217;izindi nzego.<\/p>\n<p>Uyu mugambi wa Qaddafi na wo ntiwavugwagaho rumwe kuko ubwawo wari waraciyemo ibice ibihugu by\u2019Africa harimo ibimushyigikiye ko iyo gahunda yakwihutishwa, ibindi bikavuga ko ibihugu bigomba kwitonda, ibintu bikagenda gahoro mu ntambwe ( political integration steps) n&#8217;ibindi bitari bishyigikiye na mba uwo mugambi ari na byo byari bishyigikiwe n&#8217;amahanga.<\/p>\n<p>Uyu mugambi wa Qaddafi birumvikana ko amahanga yo hanze y\u2019Africa yawubonagamo kuyigaranzura kuko Africa ari yo mahahiro yayo abatunze. Icyo ni cyo gikekwa ko yaba yarazize kubera gushaka kubangamira inyungu z\u2019ayo mahanga.<\/p>\n<p>Kunga ubumwe no kwigira ni inzozi abarimo Julius Nyerere na ba Qaddafi baroteye Africa n\u2019ubwo bigaragara ko hakiri urugendo rurerure rugihari. Kunga ubumwe bisobanuye gufatanya mu byateza ibihugu byacu imbere no gutabarana mu gihe cy\u2019ibibazo nk\u2019inzara, amapfa, imyuzure ndetse no gutabarana nk\u2019uko byari kugenda kuri Col. Qaddafi. <\/p>\n<p>Iryo kosa Col. Qaddafi yakorewe kimwe n&#8217;iryakorewe Saddam Hussein, hazamuwe ibinyoma n&#8217;ibyo uyu munsi, ibihugu bimwe byicuza kuba ntacyo bagezeho, ahubwo intambara n&#8217;umutekano muke bikaba ari byo birangwa aho bakoresheje imbaraga za gisirikari bishinyikirije ikinyoma cya politiki. Ni byo bikomeje kugaragara muri Libya ya nyuma y&#8217;2011, aho umutekano wakomeje uba inzozi muri iki gihugu, bikaba bivugwa ko n&#8217;abaturage ubwabo bicuza. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Col. Muammar Qaddafi wari Perezida wa Libya yishwe mu 2011 nyuma y\u2019imyigaragambyo y\u2019abataravugaga rumwe na we yari imaze igihe imusaba kwegura. Ihirikwa rye ryagizwemo uruhare n\u2019umuryango wa NATO (North Atlantic Treaty Organisation) nyuma yo kumusaba kwegura, akanangira. Col. Qaddafi yari avuze byinshi ku bumwe bw\u2019Africa ndetse yagize igitekerezo ko uyu mugabane waba leta zunze ubumwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21117","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyari cyihishe inyuma y&#039;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyari cyihishe inyuma y&#039;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Col. Muammar Qaddafi wari Perezida wa Libya yishwe mu 2011 nyuma y\u2019imyigaragambyo y\u2019abataravugaga rumwe na we yari imaze igihe imusaba kwegura. Ihirikwa rye ryagizwemo uruhare n\u2019umuryango wa NATO (North Atlantic Treaty Organisation) nyuma yo kumusaba kwegura, akanangira. Col. Qaddafi yari avuze byinshi ku bumwe bw\u2019Africa ndetse yagize igitekerezo ko uyu mugabane waba leta zunze ubumwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-26T18:30:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Icyari cyihishe inyuma y&#8217;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi\",\"datePublished\":\"2020-01-26T18:30:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117\"},\"wordCount\":576,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117\",\"name\":\"Icyari cyihishe inyuma y'ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-26T18:30:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21117#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyari cyihishe inyuma y&#8217;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyari cyihishe inyuma y'ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyari cyihishe inyuma y'ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA","og_description":"Col. Muammar Qaddafi wari Perezida wa Libya yishwe mu 2011 nyuma y\u2019imyigaragambyo y\u2019abataravugaga rumwe na we yari imaze igihe imusaba kwegura. Ihirikwa rye ryagizwemo uruhare n\u2019umuryango wa NATO (North Atlantic Treaty Organisation) nyuma yo kumusaba kwegura, akanangira. Col. Qaddafi yari avuze byinshi ku bumwe bw\u2019Africa ndetse yagize igitekerezo ko uyu mugabane waba leta zunze ubumwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-26T18:30:02+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Icyari cyihishe inyuma y&#8217;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi","datePublished":"2020-01-26T18:30:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117"},"wordCount":576,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21117#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117","name":"Icyari cyihishe inyuma y'ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-26T18:30:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21117"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21117#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyari cyihishe inyuma y&#8217;ihirikwa rya Col. Muammar Qaddafi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21117","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21117"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21117\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21117"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21117"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21117"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}