{"id":2112,"date":"2016-05-20T14:26:00","date_gmt":"2016-05-20T14:26:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/20\/dore-impamvu-3-zituma-amasezerano-y-imana-asa-natinda-gusohora\/"},"modified":"2025-02-25T14:28:58","modified_gmt":"2025-02-25T12:28:58","slug":"dore-impamvu-3-zituma-amasezerano-y-imana-asa-natinda-gusohora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112","title":{"rendered":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Nuko Umwami abwira Hamani ati: &#8220;ihute wende imyambaro n\u2019 ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry\u2019 ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose&#8221; &#8211; Esiteri 6:10-11.<\/strong><br \/>\nDukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: &#8220;Kuki nkora ibyiza kandi nkaba mfite n\u2019amasezerano ariko ntasohore?&#8221;<br \/>\nRimwe abigishwa babajije Yesu ngo nkatwe twasize byose tuzahabwa iki? Bishoboka ko batangira kumukurikira bari bazi ko bazahita bagira ibyo bahabwa ariko barategereza biratinda bahitamo kumubaza. Abasubiza neza ko nta wasize ibye utazabishumbushwa inshuro 100 kandi akazahabwa ubugingo buhoraho.<br \/>\nBirumvikana ko ukwiye gusubizwa kuko ufite amasezerano ariko turi burebere hamwe impamvu atinda kandi ari ayacu.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-32668 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg\" alt=\"African woman from Masai tribe working in front of her village house\" width=\"700\" height=\"411\" \/><\/a><br \/>\nUbusanzwe nta n\u2019ubwo amasezerano yacu ari aya vuba. Imana yadusezeranije ibyiza kuva kera kuko Biblia ivuga ko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu ngo tuyigenderemo (Abefeso 2:10).<\/p>\n<ol>\n<li>Satani arwanya amasezerano yacu ngo adasohora. Iyo dusenze mw\u2019ijuru banzura kudusubiza ariko Satani akazibira ngo ntibitugereho. Urugero: Daniyeli yarasenze kuva umunsi wa mbere ijuru ryaramusubije ariko igisubizo kimugeraho hashize iminsi 21. Malaika yamwiseguyeho ko kuva atangiye gusenga bamusubije ariko umutware w\u2019ibwami bw\u2019 u Buperesi akamara iminsi 21 amubuza kumugeraho (Danieli 10:12-13).<\/li>\n<\/ol>\n<p>Abefeso 6:12 Havuga ko abo dukirana atari ab\u2019inyama n\u2019amaraso ahubwo ari imyuka mibi y\u2019 ahantu ho mu kirere abo nibo batangira amasengesho y\u2019abera n\u2019ibisubizo byabo.<br \/>\nKandi Yesu yavuze ko nta wakwinjira mu nzu y\u2019umunyamaboko ngo amwambure ibintu bye atabanje kumuboha (Mariko 3:27). Kamere ya Satani ni ukwiba, kwica, kurimbura (Yohana 10:10) Ariko Yesu nawe atanga ubugingo kandi bwinshi.<br \/>\nHari abantu benshi bagiye barwanywa mu buryo bukomeye ariko nyuma bakagera ku byo basezeranijwe, Isaka yacukuye amariba bayashyiramo ibitaka ariko nyuma agera ku rindi riba aryita Rehoboti kuko Imana yari imugejeje ahagutse (Itangiriro 26:12-22). Dawidi yasutsweho amavuta aba umwami ariko amara imyaka myinshi amerewe nabi mu mashyamba ataragera ku masezerano.<br \/>\nHari inama Yesu yatanze yavuze ko dukwiye gusenga ntiturambirwe aca umugani w\u2019umucamanza atubaha Imana n\u2019 abantu ariko umupfakazi amutitirije aravuga ngo reka nze murengere Yesu ati niko n\u2019Imana izabarengera nimusenga mutarambiwe. Imana yishimira kuduha ibyiza ariko mumenye imbaraga turwana nazo.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li>Ikindi gitera amasezerano gutinda ni imyitwarire yacu mu kigeragezo. Hari ubwo umuntu asenga ariko uyu munsi akaba ahagaze neza ejo akaba yaguye ibyo bitinza amasezerano bishoboka ko ashobora no kudasohora burundu kuko aho wasezeraniye n\u2019Imana warahavuye (Gutegekwa kwa Kabiri 28:1-14) havuga ko nitugira umwete wo kumvira amategeko y\u2019Imana, imigisha izatuzaho ikatugeraho ariko nitutumvira uhereye ku murongo 15-68 havuga imivumo y\u2019abatumvira. Ibyari amasezerano y\u2019umugisha bizakubera umuvumo kuko utumviye Imana. Niwumvira uzagira umugisha.<\/li>\n<\/ol>\n<p>3. Hari ubwo Imana itinza amasezerano kugira ngo itwigishe kuyubaha. Urugero: Abisirayeri bava muri Egiputa byari byoroshye ko bagera mu gihugu cy\u2019amasezerano vuba ariko Imana yashimye kubanyuza mu butayu kugira ibanze ibarebe ko nibagera mu gihugu bazitondera amategeko burya ijisho Imana irebesha mu mutima ni ikigeragezo (Gutegeka kwa Kabiri 8).<br \/>\nIsuzume umenye icyatindije amasezerano yawe hanyuma umenye uko ubyifatamo we guhora wivovotera Imana kuko yo ntigira urubanza izabikora neza. Imana igushoboze kuyitegereza.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nuko Umwami abwira Hamani ati: &#8220;ihute wende imyambaro n\u2019 ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry\u2019 ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose&#8221; &#8211; Esiteri 6:10-11. Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: &#8220;Kuki nkora ibyiza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-2112","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nuko Umwami abwira Hamani ati: &#8220;ihute wende imyambaro n\u2019 ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry\u2019 ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose&#8221; &#8211; Esiteri 6:10-11. Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: &#8220;Kuki nkora ibyiza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-20T14:26:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:28:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora\",\"datePublished\":\"2016-05-20T14:26:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:28:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112\"},\"wordCount\":520,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/maison.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112\",\"name\":\"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/maison.jpg\",\"datePublished\":\"2016-05-20T14:26:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:28:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/maison.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/maison.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2112#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA","og_description":"Nuko Umwami abwira Hamani ati: &#8220;ihute wende imyambaro n\u2019 ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry\u2019 ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose&#8221; &#8211; Esiteri 6:10-11. Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: &#8220;Kuki nkora ibyiza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-20T14:26:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:28:58+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora","datePublished":"2016-05-20T14:26:00+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:28:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112"},"wordCount":520,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112","name":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg","datePublished":"2016-05-20T14:26:00+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:28:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2112"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/maison.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2112#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore impamvu 3 zituma amasezerano y\u2019Imana asa natinda gusohora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2112","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2112"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2112\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2112"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2112"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2112"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}