{"id":21124,"date":"2020-01-27T10:21:29","date_gmt":"2020-01-27T10:21:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/27\/kisoro-abaturage-basabye-ko-amasambu-y-abanyarwanda-afatirwa\/"},"modified":"2020-01-27T10:21:29","modified_gmt":"2020-01-27T10:21:29","slug":"kisoro-abaturage-basabye-ko-amasambu-y-abanyarwanda-afatirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124","title":{"rendered":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#8217;Abanyarwanda afatirwa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abaturage b&#8217;Akarere ka Kisoro ko muri Uganda gahana imbibi n&#8217;aka Burera mu Rwanda basabye ubutegetsi bwabo kudatuma hari Umunyarwanda waguze isambu muri iki gihugu wakongera kugira ibyo ayikoreramo.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Basabye ibi nyuma yo kwakira umurambo w&#8217;umuturage wabo, Theogene Ndagijimana byavuzwe ko yari atwaye magendu ayinjiza mu Rwanda, akaraswa n&#8217;inzego z&#8217;umutekano.<\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko gukumira Abanyarwanda ngo badakoza akarenge mu masambu bafite muri iki gihugu ngo zaba zimwe mu ngamba zo kwamagana iyicwa ry&#8217;uyu muturage bigaragaza ko ryateye umujinya Abanya-Uganda.<\/p>\n<p>Ubwo bakiraga umurambo wa Ndagijimana ku Mupaka wa Cyanika, abaturage mu magambo akomeye kuri mikoro za Radio Ijwi ry&#8217;Amerika, bagize icyo basaba ubutegetsi bwabo.<\/p>\n<p>Umwe mu rurimi rw&#8217;Igifumbira ati &#8221; Ubu natwe twifuza kureba nka Uganda, tukareba ikintu kigomba gukorwa, carinda abantu bacu.  Uyu munsi ndikubabwira ngo dufite abantu b&#8217;iyo i Rwanda baguze amataka [amasambu] bagagura mu Uganda kandi ni mwe mubakira [abategetsi]. Kuva uyu munsi nta muntu [Umunyarwanda] ugomba kongera guhinga mu Uganda.&#8221;<\/p>\n<p>Ni igitekerezo cyakirijwe urufaya rw&#8217;amajwi byumvikanisha ko cyishimiwe n&#8217;abaturage b&#8217;iki gihugu. Uyu muturage kandi yakomeje avuga ngo &#8221;  Mwewe ico twabasaba mwe kubica mwica, ariko turinde igihugu cacu. Aho igihugu canyu kigarukiye murahazi. Bagume iwabo, natwe tugume iwacu.&#8221;<\/p>\n<p>Aba baturage bagaragaje ukutishimira ijambo rya Depite James Nsababuturo ubahagariye mu nteko. Ubwo yatangiraga abasaba gutuza no kutagira uwo bahohotera, batangiye kumuvugiramo. Ibi bigaragaza ko batitaye ku nama yabagiraga.<\/p>\n<p>Nsababuturo ati &#8221; Birababaje si rimwe nk&#8217;uko namwe mubizi si rimwe, si kabiri si gatatu. Aho hari ikibazo kinini. None njewe ico mbasaba ni ibintu bibiri. Iyo watewe umuntu akaza akakugirira nabi ic&#8217;ubwenge si ukugira ngo na we ugende umugirire nabi. Ubwo ntwabo ari ubwenge. Ibyo byavamo intambara kandi hapfaga abantu benshi, ntwabwo ari ibintu byoroshe. Ku bw&#8217;ico ndabasaba kwitonda, mutuze purezidenti yabimenye. Ndabona uburakari mufite nanje ndabufite ariko mube intwari mwihangane.&#8221;<\/p>\n<p>Uwari uherekeje uyu murambo, Meya w&#8217;Akarere ka Burera, Uwanyirigira Marie Chantal yihanganishije abaturage ba Uganda ku bw&#8217;iki gikorwa avuga ko kitari kigambiriwe.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Mutubabarire nk&#8217;Abanyarwanda, ntabwo ari igikorwa  twari twateguwe kuko Abanyarwanda n&#8217;Abanya-Uganda ni inshuti.  Ubutumwa naha  Abanyarwanda n&#8217;Abanya-Uganda ni ukubahiriza amategeko. Mu Rwanda  ntabwo byemewe gucuruza ibiyobyabwenge na  magendu. Ushaka gukorera mu Rwanda akoresha inzira zemewe zo ku mupaka.&#8221;<\/p>\n<p>Yabwiye VOA ko Ndagijimana yari afite ibiyobyabwenge kandi ngo yarwanyije inzego z&#8217;umutekano.<\/p>\n<p>Iki kibazo cyahagurukije abadepite muri Uganda mu cyumweru gishize basaba Leta ko yavuga niba byemewe kujya mu Rwanda ku Banya-Uganda.<\/p>\n<p>Biteganyijwe  ko Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa Kahamba azageza ku Nteko ishingamategeko raporo yaguye kuri iki kibazo cya Uganda n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Kuri ubu hamaze kuraswa Abanya-Uganda bane bivugwa ko bagiye bagerageza kwinjira mu Rwanda batwaye magendu banyuze mu nzira zitemewe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage b&#8217;Akarere ka Kisoro ko muri Uganda gahana imbibi n&#8217;aka Burera mu Rwanda basabye ubutegetsi bwabo kudatuma hari Umunyarwanda waguze isambu muri iki gihugu wakongera kugira ibyo ayikoreramo. Basabye ibi nyuma yo kwakira umurambo w&#8217;umuturage wabo, Theogene Ndagijimana byavuzwe ko yari atwaye magendu ayinjiza mu Rwanda, akaraswa n&#8217;inzego z&#8217;umutekano. Aba baturage bavuga ko gukumira Abanyarwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21124","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#039;Abanyarwanda afatirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#039;Abanyarwanda afatirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage b&#8217;Akarere ka Kisoro ko muri Uganda gahana imbibi n&#8217;aka Burera mu Rwanda basabye ubutegetsi bwabo kudatuma hari Umunyarwanda waguze isambu muri iki gihugu wakongera kugira ibyo ayikoreramo. Basabye ibi nyuma yo kwakira umurambo w&#8217;umuturage wabo, Theogene Ndagijimana byavuzwe ko yari atwaye magendu ayinjiza mu Rwanda, akaraswa n&#8217;inzego z&#8217;umutekano. Aba baturage bavuga ko gukumira Abanyarwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-27T10:21:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#8217;Abanyarwanda afatirwa\",\"datePublished\":\"2020-01-27T10:21:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124\"},\"wordCount\":455,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124\",\"name\":\"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y'Abanyarwanda afatirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-27T10:21:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21124#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#8217;Abanyarwanda afatirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y'Abanyarwanda afatirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y'Abanyarwanda afatirwa - BWIZA","og_description":"Abaturage b&#8217;Akarere ka Kisoro ko muri Uganda gahana imbibi n&#8217;aka Burera mu Rwanda basabye ubutegetsi bwabo kudatuma hari Umunyarwanda waguze isambu muri iki gihugu wakongera kugira ibyo ayikoreramo. Basabye ibi nyuma yo kwakira umurambo w&#8217;umuturage wabo, Theogene Ndagijimana byavuzwe ko yari atwaye magendu ayinjiza mu Rwanda, akaraswa n&#8217;inzego z&#8217;umutekano. Aba baturage bavuga ko gukumira Abanyarwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-27T10:21:29+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#8217;Abanyarwanda afatirwa","datePublished":"2020-01-27T10:21:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124"},"wordCount":455,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21124#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124","name":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y'Abanyarwanda afatirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-27T10:21:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21124"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21124#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y&#8217;Abanyarwanda afatirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21124","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21124"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21124\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21124"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21124"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21124"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}