{"id":21176,"date":"2020-01-29T08:03:05","date_gmt":"2020-01-29T08:03:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/29\/abanyarwanda-basabye-ko-abanyeshuri-biga-mu-bushinwa-bakurwayo\/"},"modified":"2020-01-29T08:03:05","modified_gmt":"2020-01-29T08:03:05","slug":"abanyarwanda-basabye-ko-abanyeshuri-biga-mu-bushinwa-bakurwayo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176","title":{"rendered":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga  mu Bushinwa bakurwayo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Bamwe mu Banyarwanda barasaba ko Abanyarwanda by&#8217;umwihariko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwa muri iki gihugu na Leta bakazanwa mu Rwanda mu rwego rwo kurindwa icyorezo cya Novel Coronavirus.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Benshi bifashishije Twitter, batanga igitekerezo ku nama za Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga yasabye Abanyarwanda kwirinda ingendo zitari ngombwa  mu ntara ya Kubei mu Bushinwa, basabye ko ahubwo abari mu Bushinwa bakwiriye gucyurwa na Leta cyane abanyeshuri.<\/p>\n<p>Uwitwa Oscar Munezero kuri Twitter yerekanye videwo y&#8217;umwe mu banyeshuri b&#8217;Abanyarwanda biga mu Bushinwa ari mu gace ka Wuhan. Uyu agaragara yipfutse  mu maso, ku mazuru no ku munwa.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221;  Mu gace byagaragaye ko karimo Coranavirus mu Bushinwa, harimo abanyeshuri b&#8217;Abanyarwanda bigayo kandi bigaragara ko bagowe n&#8217;ubuzima. Ese nta cyakorwa kugira ngo bavanwe muri iriya ntara, bakomereze  kwiga ahandi?&#8221;<\/p>\n<p>Mugenzi we na we yagaragaye ahumeka cyane yavuze ko n&#8217;ubwo indwara imeze nabi yagombaga gusohoka akajya gushaka ibyo kurya kuko byari byamushiranye.<\/p>\n<p>Ati&#8221; Ibiryo byanshiranye nagombaga kujya hanze ariko indwara iri hano irakaze. Nifubitse ariko mfite ubwoba. Ngiye gushaka ibyo kurya mbibike hano ku ishuri.&#8221;<\/p>\n<p>Uwitwa GomezMarshall2  wavuze ko aba mu Bushinwa yavuze ko Abanyarwanda bavanwa mu Ntara ya Wuhan kuko hari n&#8217;ibindi bihugu byabikoze.<\/p>\n<p>Ati &#8221;  Ubuyapani, Ubufaransa, Amerika n&#8217;ibindi bihugu byakuye abaturage babyo mu Ntara ya Wuhan, Leta y&#8217;u Rwanda nayo yabikora, tukajyana abacu iwabo kuko hari inshuti n&#8217;imiryango hariya hantu.&#8221;<\/p>\n<p>Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y&#8217;Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye Bwiza.com ko iki kibazo bari kugikoraho bafatanyije na Amabasade y&#8217;u Rwanda mu Bushinwa.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Turimo turabikoraho, dufatanyije na Ambasade yacu.&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda rurasaba abaturage barwo kwirinda gukora ingendo zitari gombwa mu Bushinwa. Ruvuga ko ruzakomeza kumenyesha abaturage barwo amakuru mashya kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Kuwa 28 Mutarama, Umunyeshuri wagaragaje ibimenyetso by\u2019indwara ya Novel Coronavirus imaze kyagaragaye muri Kenya ahita ajyanwa mu Bitaro bya Kenyatta National Hospital (KNH) mu kato.<\/p>\n<blockquote class=\"wp-embedded-content\" data-secret=\"663qV95cW8\"><p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/\">Ahabanza<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><iframe class=\"wp-embedded-content\" sandbox=\"allow-scripts\" security=\"restricted\" style=\"position: absolute; visibility: hidden;\" title=\"&#8220;Ahabanza&#8221; &#8212; BWIZA\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/embed\/#?secret=2sRfIMz8z2#?secret=663qV95cW8\" data-secret=\"663qV95cW8\" width=\"600\" height=\"338\" frameborder=\"0\" marginwidth=\"0\" marginheight=\"0\" scrolling=\"no\"><\/iframe><\/p>\n<p>Ibi byumvikanisha ko hakenwe ukwigengesera mu rwego rwo kwirinda iki cyorezo kimaze  guhitana abantu 130 mu Bushinwa naho abandi  ibihumbi bitandatu bakaba barayanduye.<\/p>\n<p>Mu gihe aba baba bazanwe mu Rwanda byasaba kwitonda no kugenzura ko harimo abanduye ubu burwayi kugira ngo batabwinjiza mu gihugu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu Banyarwanda barasaba ko Abanyarwanda by&#8217;umwihariko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwa muri iki gihugu na Leta bakazanwa mu Rwanda mu rwego rwo kurindwa icyorezo cya Novel Coronavirus. Benshi bifashishije Twitter, batanga igitekerezo ku nama za Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga yasabye Abanyarwanda kwirinda ingendo zitari ngombwa mu ntara ya Kubei mu Bushinwa, basabye ko ahubwo abari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21176","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu Banyarwanda barasaba ko Abanyarwanda by&#8217;umwihariko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwa muri iki gihugu na Leta bakazanwa mu Rwanda mu rwego rwo kurindwa icyorezo cya Novel Coronavirus. Benshi bifashishije Twitter, batanga igitekerezo ku nama za Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga yasabye Abanyarwanda kwirinda ingendo zitari ngombwa mu ntara ya Kubei mu Bushinwa, basabye ko ahubwo abari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-29T08:03:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo\",\"datePublished\":\"2020-01-29T08:03:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176\"},\"wordCount\":371,\"commentCount\":16,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176\",\"name\":\"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-29T08:03:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21176#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA","og_description":"Bamwe mu Banyarwanda barasaba ko Abanyarwanda by&#8217;umwihariko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwa muri iki gihugu na Leta bakazanwa mu Rwanda mu rwego rwo kurindwa icyorezo cya Novel Coronavirus. Benshi bifashishije Twitter, batanga igitekerezo ku nama za Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga yasabye Abanyarwanda kwirinda ingendo zitari ngombwa mu ntara ya Kubei mu Bushinwa, basabye ko ahubwo abari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-29T08:03:05+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo","datePublished":"2020-01-29T08:03:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176"},"wordCount":371,"commentCount":16,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21176#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176","name":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-29T08:03:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21176"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21176#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21176","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21176"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21176\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21176"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21176"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21176"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}