{"id":21223,"date":"2020-01-31T08:27:33","date_gmt":"2020-01-31T08:27:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/01\/31\/muhanga-umuturage-avuga-ko-ibyuma-yatewe-n-umusirikare-byatumye-aba-ikiremba\/"},"modified":"2020-01-31T08:27:33","modified_gmt":"2020-01-31T08:27:33","slug":"muhanga-umuturage-avuga-ko-ibyuma-yatewe-n-umusirikare-byatumye-aba-ikiremba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223","title":{"rendered":"Muhanga: Umuturage avuga ko  ibyuma yatewe n&#8217;umusirikare byatumye aba ikiremba"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma n\u2019umusirikare w&#8217;u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rw\u2019Umuvunyi rwakiraga ibibazo by\u2019abagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere y\u2019Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye z\u2019akarere ndetse n\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Inkuru dueksha  TV1 ivuga ko  Ndayisenga Shadrack  yakoraga akazi ko gucunga izamu ku muhanda, ashaka abantu binjira mu kabari k\u2019uwitwa Vincent mu Mujyi wa Muhanga.<\/p>\n<p>Avuga ko yateraguwe ibyuma mu 2018 ubwo abasirikare  bari kumwe n\u2019abakobwa babiri, baje aho yakoreraga, bamubwira ko badashaka kunywa, ko ahubwo baje kuryama.<\/p>\n<p>Ati:<em> \u201c Saa munani abasirikare bazanye abakobwa babiri, barambwira ngo ntabwo bajya mu kabare,ko baje kuryama. Twaje kuryamana hashize iminota 15 umukobwa witwa Claire yatabaje nyir\u2019akabare avuga ko bamwishe!\u2019 Yari [umusirikare] amaze kumukuramo amenyo abiri.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ndayisenga avuga ko yagiye gutabara, ngo wa musirikare  aramubaza ati: \u201c Uzi uwo ndi we?\u201d  yahise amutera ibyuma ku mubiri ari nabyo Ndayisenga avuga ko byatumye atakibasha kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.<\/p>\n<p>Ku bijyanye n\u2019ubutabera yaba yarahawe nyuma yo guterwa ibyuma n&#8217;umusirikare,  Ndayisenga avuga ko yaburanye na Nyandwi mu rukiko rwa gisirikare i Nyamirambo, Nyandwi aratsindwa, akatirwa igifungo cy\u2019imyaka itatu n\u2019impozamarira ya 7,205,000 RWF. Icyo gihe yahawe iminsi 30 yo kujuririra iki gihano, atsinda ubujurire, agirwa umwere.<\/p>\n<p>Nyuma yo kubona Nyandwi agizwe umwere, Ndayisenga ntiyanyuzwe n\u2019umwanzuro w\u2019urukiko rw\u2019ubujurire. Tariki ya 14 Ugushyingo 2018 yandikiye uru rukiko asaba kujurira ariko ngo kugeza ubu nta gisubizo arahabwa.<\/p>\n<p>Anastase Murekezi yavuze ko icyo Urwego rw\u2019Umuvunyi rugiye gukora kuri iki kibazo ari ukwibutsa Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019U bujurire, Ndayisenga natanyurwa n\u2019umwanzuro ruzafata, azaba afite iminsi 30 yo kwandikira Urwego rw\u2019Umuvunyi rukurikirane iby\u2019uru rubanza.<\/p>\n<p>U Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu rwego rw\u2019ubutabera gusa haracyari ibibazo by\u2019abafatwa n\u2019abakomeye badakorwaho iyo bigeze mu manza baburana n\u2019abaciye bugufi. <\/p>\n<p>Usanga inkiko zimwe na zimwe hari aho zigaragaza kubogama bitewe n\u2019umuntu cyangwa ibigo runaka cyangwa se zigatinda gufata imyanzuro. Kwitwa \u2018kudakorwaho\u2019 na ruswa ni byo biri ku isonga mu kudindiza ubutabera, nyamara bikaba akarengane ku nsina ngufi zidafite n\u2019urwara rwo kwishima.<\/p>\n<p> Byagiye byumvikana ko hari n\u2019abakomeza gukurikirana ibibazo byabo mu nkiko, bagaterwa ubwoba n\u2019abo barega ngo babireke cyangwa bazicwe nk\u2019uko Ndayisenga abivuga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma n\u2019umusirikare w&#8217;u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa. Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rw\u2019Umuvunyi rwakiraga ibibazo by\u2019abagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere y\u2019Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye z\u2019akarere ndetse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21223","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#039;umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#039;umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma n\u2019umusirikare w&#8217;u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa. Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rw\u2019Umuvunyi rwakiraga ibibazo by\u2019abagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere y\u2019Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye z\u2019akarere ndetse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-31T08:27:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#8217;umusirikare byatumye aba ikiremba\",\"datePublished\":\"2020-01-31T08:27:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223\"},\"wordCount\":396,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223\",\"name\":\"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n'umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-01-31T08:27:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21223#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#8217;umusirikare byatumye aba ikiremba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n'umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n'umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma n\u2019umusirikare w&#8217;u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa. Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rw\u2019Umuvunyi rwakiraga ibibazo by\u2019abagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere y\u2019Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye z\u2019akarere ndetse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-01-31T08:27:33+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#8217;umusirikare byatumye aba ikiremba","datePublished":"2020-01-31T08:27:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223"},"wordCount":396,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21223#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223","name":"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n'umusirikare byatumye aba ikiremba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-01-31T08:27:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21223"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21223#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n&#8217;umusirikare byatumye aba ikiremba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21223","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21223"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21223\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21223"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21223"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21223"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}