{"id":21313,"date":"2020-02-04T05:35:40","date_gmt":"2020-02-04T05:35:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/02\/04\/uko-ruswa-ituma-abo-muri-ruhago-bataha-barira-abandi-bagaseka\/"},"modified":"2020-02-04T05:35:40","modified_gmt":"2020-02-04T05:35:40","slug":"uko-ruswa-ituma-abo-muri-ruhago-bataha-barira-abandi-bagaseka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313","title":{"rendered":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka"},"content":{"rendered":"<p>Umupira w\u2019amaguru usigaye usa n\u2019uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk\u2019iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka.<\/p>\n<p>Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n\u2019ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari ugukirigita ifaranga.<\/p>\n<p>Iri faranga ryatwaye imitima ya benshi, rituma umwana yica cyangwa akagambanira incuti ye atanasize umubyeyi we, rituma umuntu yitwikira ijoro akajya gutwara ibya mugenzi we atavunikiye, rituma umuntu ava mu gihugu kimwe agasuhukira mu kindi; ni ryo zingiro ry\u2019amanyanga akunze kurangwa muri ruhago.<\/p>\n<p>Hari abavuze ko \u2018aho ifaranga rikubise horoha\u2019. Ni na ko muri ruhago aho rikomanze hahita hafunguka, abakeneye amanota bakayabona nta nkomyi.<\/p>\n<p>Uburiganya muri ruhago tuzabwumva Gicumbi FC yakinnye na asogi United, tubwumve mu igura n\u2019igurishwa ry\u2019abakinnyi, tubwumve mu guhitamo abafite impano yo gukina umupira w\u2019amaguru, tubwumve mu mikino ikomeye itandukanye, yemwe tunabwumve mu bihembo bikomeye nka za Ballon d\u2019Or n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Ubushingiye kuri bitugukwaha bugira uruhare mu gutuma hari bamwe babihirwa na ruhago, abwihishe inyuma bagataha baseka.<br \/>\nNko muri ruhago nyarwanda, ni kenshi humvikana abatoza b\u2019amakipe mato bakunze kugaragaza ko guhurira na Rayon Sports cyangwa APR FC i Kigali waturutse mu ntara biba ari akaga.<\/p>\n<p>Aya ni amakipe avugwaho ruswa cyane mu gihe hari igikomeye arwanira. Hagati yayo nay o ntabwo ashirana amakenga. Ingingo ishimangira ibi, ni shampiyona y\u2019umwaka w\u2019imikino ushize ubwo yaryanaga insyataburenge arwanira igikombe cya shampiyona.<\/p>\n<p>APR FC ijya gukina na Kiyovu Sports abafana ba mukeba bavugaga ko bazi neza ko Kiyovu ntacyo yabafasha, bigashimangira uruhare ubukeba bugira mu gutuma imikino imwe n\u2019imwe igira uko irangira.<\/p>\n<p>Hari n\u2019ubwo abasifuzi ari bo bahabwa ruswa bikaba ngombwa habaho impinduka ku bijyanye n\u2019uko imikino yari kurangira.<br \/>\nRayon Sports ikina na Gicumbi FC muri uyu mwaka w\u2019imikino Banamwana Camarade utoza Gicumbi FC yavuze ko ikipe ye yibwe ikabuzwa inota rimwe yashoboraga gukura ku kigugu Rayon Sports.<\/p>\n<p>Umukino wakurikiyeho Gicumbi FC yakinnye na Gasogi United kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo, Camarade na bwo yasutse amarira nyuma yo kwimwa penaliti yashoboraga gutuma umukino urangira amakipe yombi anganya 1-1.<\/p>\n<p>Uyu mukino wasize umusifuzi witwa Aline wari wawuyoboye afatiwe ibihano na Ferwafa, nyuma yo kugaragara koko y\u2019uko uyu mukobwa yari yarengayije Gicumbi FC.<\/p>\n<p>Mu gushimangira neza buryo ki iki kibazo gihari, umuntu yasubiza amaso muri shampiyona y\u2019u Rwanda ya 2015. Muri uyu mwaka, abakinnyi batanu b\u2019ikipe ya Etincelles FC batawe muri yombi bashinjwa kwakira ruswa, kugira ngo bahe Musanze FC amanita yari kuyigumisha mu kiciro cya mbere.<\/p>\n<p>Ku wa 18 Mata 2015 ubwo Isonga yanganyaga na Mukura VS igitego 1-1, na bwo byari byavuzwe ko iyi kipe y\u2019I Huye yatanze ruswa kugira ngo yoroherezwe kuguma mu kiciro cya mbere.<\/p>\n<p>Inyandikomvugo ya reunion technique ya Isonga yavugaga ko Seninga Innocent watozaga iyi kipe muri kiriya gihe yahawe n\u2019uwatozaga Mukura 300,000Rwf kugira ngo ikipe ye izitsindishe, ariko akayanga amubwira ko bagomba gupfa kigabo.<\/p>\n<p>Ahandi amanyanga akunze kugaragara ni mu bihembo bikomeye, amasoko akomeye ndetse no kwakira ibikombe bikomeye bitandukanye.<\/p>\n<p>Scandal izwi cyane ni iyo muri 2015, ubwo abari abayobozi b\u2019ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaguru ku isi FIFA ndetse n\u2019impuzamashyirahamwe ya ruhago i Burayi UEFA bamburaga leta zunze ubumwe za Amerika kwakira igikombe cy\u2019isi cyo muri 2022, bikarangira gihawe Qatar.<\/p>\n<p>Ababikurikiranira hafi bemeza ko byari bizwi ko leta zunze ubumwe za Amerika ari zo zigomba kwakira iki gikombe, gusa umukino ugahinduka ku munota wa nyuma ubwo igikomangoma cyo muri Qatar kinjiranaga ibahasha yarimo urufito rw\u2019ibifaranga.<\/p>\n<p>Ingaruka yabaye gucibwa mu bikorwa bya ruhago kuri Sepp Bratter wayoboraga FIFA na Michel Platini wayoboraga UEFA bombi bahagaritswe imyaka itandatu mu bikorwa bya ruhago.<\/p>\n<p>Iki kibazo cya ruswa gisa n\u2019icyabaye rusange kuko no mu mafderasiyo atandukanye gikunze kuvugwamo. Muri Ferwafa cyaravuzwe cyane ubwo ikipe y\u2019igihugu Amavubi yakinaga na Cote d\u2019Ivoire muri 2018, maze umusifuzi Jackson Pavaza wari wayoboye uyu mukino agashinja bamwe mu bayobozi ba Ferwafa gushaka kumuha ruswa. <\/p>\n<p>Ferwafa yagerageje gutanga ubusobanuro, birangira nta ngaruka zibayeho.<\/p>\n<p>Abanya-Ghana ni bo babihombeyemo cyane, nyuma y\u2019inkuru yakozwe n\u2019umunyamakuru Anas Aremeyaw Anas igaragaza buryo ki abayobozi b\u2019umupira muri kiriya gihugu babaye imbata ya ruswa.<br \/>\nIyi nkuru yasize umwe mu banyamakuru bayikoze yishwe, ariko inashegesha mu buryo bukomeye Federasiyo ya ruhago kuko abenshi mu bayobozi bayo n\u2019abasifuzi baciwe burundu mu bikorwa bya ruhago n\u2019impuzamashyirahamwe ya ruhago ku mugabane wa Afurika, CAF.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umupira w\u2019amaguru usigaye usa n\u2019uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk\u2019iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n\u2019ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132,133],"class_list":["post-21313","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post","tag-in-business-today"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umupira w\u2019amaguru usigaye usa n\u2019uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk\u2019iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n\u2019ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-04T05:35:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka\",\"datePublished\":\"2020-02-04T05:35:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313\"},\"wordCount\":742,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Featured Post\",\"In Business Today\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313\",\"name\":\"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-02-04T05:35:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21313#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA","og_description":"Umupira w\u2019amaguru usigaye usa n\u2019uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk\u2019iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n\u2019ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-02-04T05:35:40+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka","datePublished":"2020-02-04T05:35:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313"},"wordCount":742,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Featured Post","In Business Today"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21313#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313","name":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-02-04T05:35:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21313"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21313#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21313","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21313"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21313\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21313"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21313"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21313"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}