{"id":21355,"date":"2020-02-05T07:38:44","date_gmt":"2020-02-05T07:38:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/02\/05\/biravugwa-ko-hari-abatanga-ruswa-ngo-abana-babo-bajyanwe-iwawa\/"},"modified":"2020-02-05T07:38:44","modified_gmt":"2020-02-05T07:38:44","slug":"biravugwa-ko-hari-abatanga-ruswa-ngo-abana-babo-bajyanwe-iwawa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355","title":{"rendered":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Amakuru agenda akwirakwira mu baturage ni uko hari bamwe muri bagenzi babo batanga amafaranga ngo abana babo bagezwe mu Kigo kigorororerwamo ababa barabaswe n&#8217;ibiyobyabwenge n&#8217;indi myitwarire mibi ibangamira ituze rya rubanda.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Aba baturage babwiye Bwiza.com ikibibatera ari uko Iwawa hatangirwa serivisi zo kwigisha imyuga ku bahagorerwa kandi bikaba bigoye kuba nk&#8217;ababyeyi bazigondera mu bigo bisanzwe bya Leta.<\/p>\n<p>Umwe ati &#8221; None se ntubona ko kugira ngo umwana nibura yige ubwubatsi bisaba amafaranga atari make. Ariko iyo ageze Iwawa avayo yarabyize kandi na discipline [kinyabupfura] avanayo iba ifatika.&#8221;<\/p>\n<p>Abaturage bakunze kumvikana mu bitangazamakuru bavuga ko bashima uburyo Iwawa hagorora abana. Ku babyeyi bamwe na bamwe bafite abana bananiranye bifuza ko bajyanwa kugororerwa Iwawa.<\/p>\n<p>Ku ngingo yo kuba hari ababyeyi baba batanga ruswa ngo abana babo bajyanwe kugororerwa Iwawa bityo bahabwe ubumenyi ku buntu, Umuyobozi w&#8217;Ibigo Ngororamuco mu Rwanda, Bosenibamwe Aime avuga ko kugeza ubu serivisi zitangwa ku bajyanwa Iwawa ari ubuntu kandi ko bikorwa mu nyungu zo kugarura umudendezo n&#8217;umutekano mu baturage.<\/p>\n<p>Ati &#8221;  Kugeza ubu muri rehabilitation center za Leta [Ibigo ngororamuco] izi serivisi zitangwa ku buntu. Ntabwo twishyuza serivisi kuko umwana we agiye mu kigo ngororamuco kugeza ubu.&#8221;<\/p>\n<p>Ubwo yasuraga iki kigo mu mpera z\u2019umwaka ushize wa 2019, Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nyirarukundo Ignatienne yavuze ko hagiye gushyirwaho uburyo abagororerwa Iwawa bazajya babyishyurira kuko ngo byamaze kugaragara ko hari n\u2019ababyeyi batari bake babisabira abana babo nyamara serivisi zihatangirwa ngo zihenda Leta.<\/p>\n<p>Ku mpungenge zagaragajwe na Bwiza.com ko bishobora kuzaba ingorabahizi kuba izi serivisi zizishyurwa, Bosenibamwe yasubije ko hazifashishwa ibyiciro.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Hazabaho ibyiciro nk&#8217;uko no mu mashuri bimeze. Ntabwo uwmana wa Bosenibamwe bajya kumuha serivisi y&#8217;ubuntu kandi mfite ubushobozi, ndi umuyobozi muri Leta. Ibi bizadufasha kumenya abana bagize ibibazo byo mu miryango kugira ngo hamenyekane ukwiriye kuba yishyurirwa. Ibi bizanahwitura ababyeyi  bumvaga ko Leta ari yo igomba kwita ku mirimo y&#8217;abantu batita ku nshingano zabo.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yashimangiye ko bizagabanya amafaranga Leta yatakazaga agera kuri miliyoni 80 buri cyumweru. Yasabye ababyeyi gufata abana nk&#8217;umutungo wabo ukomeye, bakabarinda guhungabana bakiri bato kugira ngo batazakura barananiranye.<\/p>\n<p>Imibare igaragaza ko mu myaka 10 Ikigo Ngororamuco cy&#8217;Iwawa kimaze gishinzwe, umubare w\u2019abahagororerwa buri mwaka ugenda wiyongera aho ubu harimo kugororerwa abarenga ibihumbi 4 bari mu byiciro bitandukanye.<\/p>\n<p>Byaba ibibatunga, amasomo bahabwa n\u2019ubuvuzi bagenerwa byose ikiguzi cyabyo gitangwa na Leta, nyamara ngo hari abahazanwa baturuka mu miryango yifashije yakabaye ifasha Leta kubagorora.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru agenda akwirakwira mu baturage ni uko hari bamwe muri bagenzi babo batanga amafaranga ngo abana babo bagezwe mu Kigo kigorororerwamo ababa barabaswe n&#8217;ibiyobyabwenge n&#8217;indi myitwarire mibi ibangamira ituze rya rubanda. Aba baturage babwiye Bwiza.com ikibibatera ari uko Iwawa hatangirwa serivisi zo kwigisha imyuga ku bahagorerwa kandi bikaba bigoye kuba nk&#8217;ababyeyi bazigondera mu bigo bisanzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21355","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru agenda akwirakwira mu baturage ni uko hari bamwe muri bagenzi babo batanga amafaranga ngo abana babo bagezwe mu Kigo kigorororerwamo ababa barabaswe n&#8217;ibiyobyabwenge n&#8217;indi myitwarire mibi ibangamira ituze rya rubanda. Aba baturage babwiye Bwiza.com ikibibatera ari uko Iwawa hatangirwa serivisi zo kwigisha imyuga ku bahagorerwa kandi bikaba bigoye kuba nk&#8217;ababyeyi bazigondera mu bigo bisanzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-05T07:38:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa\",\"datePublished\":\"2020-02-05T07:38:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355\"},\"wordCount\":416,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355\",\"name\":\"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-02-05T07:38:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21355#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA","og_description":"Amakuru agenda akwirakwira mu baturage ni uko hari bamwe muri bagenzi babo batanga amafaranga ngo abana babo bagezwe mu Kigo kigorororerwamo ababa barabaswe n&#8217;ibiyobyabwenge n&#8217;indi myitwarire mibi ibangamira ituze rya rubanda. Aba baturage babwiye Bwiza.com ikibibatera ari uko Iwawa hatangirwa serivisi zo kwigisha imyuga ku bahagorerwa kandi bikaba bigoye kuba nk&#8217;ababyeyi bazigondera mu bigo bisanzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-02-05T07:38:44+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa","datePublished":"2020-02-05T07:38:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355"},"wordCount":416,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21355#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355","name":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-02-05T07:38:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21355"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21355#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Biravugwa ko hari abatanga ruswa ngo abana babo bajyanwe Iwawa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21355","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21355"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21355\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21355"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21355"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21355"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}