{"id":2144,"date":"2016-05-22T14:57:46","date_gmt":"2016-05-22T14:57:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/22\/ubuhamya-abagore-cyangwa-abakobwa-bafite-ibibuno-binini-mu-mibonano\/"},"modified":"2016-05-22T14:57:46","modified_gmt":"2016-05-22T14:57:46","slug":"ubuhamya-abagore-cyangwa-abakobwa-bafite-ibibuno-binini-mu-mibonano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144","title":{"rendered":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Abenshi b\u2019igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w\u2019igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n\u2019ubwo  bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini.<br \/>\nBruno ati\u201d njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n\u2019iki gikorwa bitewe n\u2019uwo bagikoranye cyangwa uburyo cyakozwemo gusa ariko njye nkunda umukobwa ufite taille kuko ariwe uryoshya ibintu.<br \/>\nUmukobwa udafite taille ntacyo navugana nawe kuko atanantera sentiment (tugenekereje twabyita nk\u2019ibyiyumviro, amarangamutima cyangwa ubushake )<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-32841 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg\" alt=\"fille3-horz\" width=\"700\" height=\"237\" \/><\/a><br \/>\nHashingiwe no kubushakashatsi bwa Simon Shield Umushakashatsi w\u2019umwongereza mubyerekeya ubuzima bw\u2019imyororokere, aho yasobanuye uruhare ikibuno kigira mu mibonano mpuzabitsina, yagaragaje  ko umugore cyangwa umukobwa ufite ikibuno kinini bituma aba uw\u2019igikundiro,maze benshi bamubona bakifuza gukorana nawe imibonano mpuzabitsina.<br \/>\nAvuga kandi ko mu gihe umugabo yifuje umugore nk\u2019uyu maze akagira amahirwe yo kumugeraho aryoherwa cyane n\u2019iyo mibonano, kuko aba ayibonye yarayifuje.<br \/>\nIbi ariko ntitwabishingiraho tubigira ihame kuko hari abakunda abafite ikibuno gito nk\u2019uko Jacques M. abyivugira.<br \/>\nJacques we agira ati\u201d ikibuno se kivuze iki? Njye mbona ntakeza kacyo, sinagikunda, njye mbona ntaho bihurira n\u2019imibonano mpuzabitsina wenda wasanga hari icyo kimara ntazi ariko njye sinkitaho cyane iyo ngiye gukunda umukobwa, mbese ntagaciro kanini mbiha\u2026.\u201d<br \/>\nUwamahoro , ni umwe mu bakora umwuga wo gucuruza agataro, aniyemerera ko anicuruza, ngo kuko yabitangiye akiri muto kubera ubuzima agira ati \u00ab njye ndabibona, abakobwa bafite taye( Taille )nibo abagabo bakunda.<br \/>\nNjye mbona ari uko  Ufite ikibuno kinini akenshi ngo aba afite igitsina gito bityo nti bibe byasaba umugabo utera akabariro kuba afite igitsina kirekire cyangwa kibyibushye kugira ngo amuhaze ( amagambo amwe yasimbujwe andi kuko ari urukozasoni cyane)<br \/>\nIbyo uyu Uwamahoro avuga kandi ntaho bitaniye n\u2019ibyo urubuga Mensfitness  rutangaza kuko narwo rugaragaza ko igitsina gito gifasha umugabo kuryoshya imibonano kuko aba yumva ko igitsina cye cyaba gito cyangwa kinini kiba gihagije muri icyo gikorwa.<br \/>\nUru rubuga rutangaza ko mu gihe umugore afite igitsina kinini, umugabo yumva igitsina cye cyabaye nk\u2019icy\u2019umwana bityo nti yiyumvishe ko imibonano yaryoshye, ku mugabo aba naho ngo aba yumva ameze nk\u2019urimo kumutobatoba cyangwa umugore akumva wagira ngo umugabo arimo gukoresha urutoki.<br \/>\nTwifashishije kandi urubuga rwa Wikipedia bigaragara ko Ubushakashatsi bwakozwe ku bagore 10.000 bafite ikibuno kinini muri reta ya Frorida ho muri Amerika bwagaragaje ko 67% baba bafite ububobere buhagije mu gitsina ndetse bakanagira amavangingo.<br \/>\nIbi ngo bituruka ku kuba baba bafite imisemburo myinshi Testisterone na Progesterone bityo bakagira amavangingo n\u2019ububobere bwinshi mu gitsina ari nabyo bigira uruhare runini mu kuryoherwa n\u2019imibonanompuzabitsina ikagenda neza.<br \/>\nUrubuga women\u2019s Life rugaragaza ko ikibuno kinini gifasha  umukobwa kwakira abagabo benshi batera akabariro ku munsi cyangwa akaba yabasha kwakira umugabo we igihe cyose akeneye gutera akabariro, uru rubuga runatangaza kandi ko umugabo yishimira cyane iki gikorwa mu gihe umugore yagiye hejuru mu gutera akabariro.<br \/>\nMuri ubu buryo bwo gutera akabariro iki kibuno cy\u2019umukobwa cyangwa umugore kiba cyitikura ku bibero by\u2019umugabo igihe yisimbiza  amunyongera maze bigatuma umugabo arushaho kugira ubushake n\u2019igitsina cye kikagumana umurego.<br \/>\nN\u2019ubwo atari kuri buri wese ufite ikibuno kinini uba ufite ibi byose ariko ubushakashatsi bugaragaza ko abenshi baba babifite cyangwa baburamo bike kimwe n\u2019ubwo binashoboka ko n\u2019ufite ikibuno gito ashobora kubigira ndetse akaba yanarusha ufite kinini kuko abantu bataremye kimwe ndetse imibonano umuntu akaba ayishimira bitewe n\u2019uburyo yakozwe cyangwa uko afata uwo bayikoranye.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abenshi b\u2019igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w\u2019igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n\u2019ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini. Bruno ati\u201d njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n\u2019iki gikorwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-2144","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abenshi b\u2019igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w\u2019igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n\u2019ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini. Bruno ati\u201d njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n\u2019iki gikorwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-22T14:57:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2016-05-22T14:57:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144\"},\"wordCount\":583,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/fille3-horz.jpg\",\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144\",\"name\":\"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/fille3-horz.jpg\",\"datePublished\":\"2016-05-22T14:57:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/fille3-horz.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/fille3-horz.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2144#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Abenshi b\u2019igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w\u2019igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n\u2019ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini. Bruno ati\u201d njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n\u2019iki gikorwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-22T14:57:46+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina","datePublished":"2016-05-22T14:57:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144"},"wordCount":583,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg","articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144","name":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg","datePublished":"2016-05-22T14:57:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2144"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/fille3-horz.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2144#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2144","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2144"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2144\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2144"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2144"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2144"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}