{"id":21471,"date":"2020-02-10T13:54:06","date_gmt":"2020-02-10T13:54:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/02\/10\/nyamasheke-bamaze-imyaka-8-basiragira-ku-ngurane-z-ibyabo-byangijwe\/"},"modified":"2020-02-10T13:54:06","modified_gmt":"2020-02-10T13:54:06","slug":"nyamasheke-bamaze-imyaka-8-basiragira-ku-ngurane-z-ibyabo-byangijwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471","title":{"rendered":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Imiryango 10 ituye mu mudugudu ya Kamabuye na Kamonyi,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharabuga mu karere ka Nyamasheke iravuga ko imaze imyaka 8 isiragizwa buri gihe ku ngurane y\u2019amafaranga yagombaga guhabwa nyuma yo kwangirizwa  ibyayo n\u2019ikorwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amashanyarazi, aho bahamagarwa buri gihe ngo bajye gusinyira amafaranga yabo mu mezi 3 bazayahabwa aho kuyahabwa bagahamagarwa kongera gusinya,bityo bityo imyaka 8 ikaba ishize.<\/strong><\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com, aba baturage bavuze ko muri 2012 ari ho bangirijwe ibyabo n\u2019ikorwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amashanyarazi wavaga ku muhanda munini wa kaburimbo Rusizi \u2013Huye aho bita ku giti cy\u2019inyoni ikagera ku biro by\u2019Akagari ka Ntandezi,mu byo bangirijwe ngo hakabamo  imyaka bari bahinze,ibiti by\u2019imbuto ziribwa,kawa,amashyamba y\u2019Intusi,Gereveriya n\u2019Imisave,n\u2019ibindi,abakozi b\u2019icyari EWSA barababarurira,banabwira buri wese amafaranga azishyurwa,barigendera imyaka ishira ari 5 batongeye kubaca iryera.<\/p>\n<figure id=\"attachment_21469\" aria-describedby=\"caption-attachment-21469\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-21469\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\" alt=\"Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye.\" title=\"Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye.\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"1024\" height=\"768\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye-300x225.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye-768x576.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye-860x645.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-21469\" class=\"wp-caption-text\">Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Bavuga ko muri 2017 bagiye ku biro bya REG mu karere,abayobozi bayo bababwira ko amalisiti yabo yabuze,ko basubira ku murenge wabo bagakorerwa andi,barongera barabarurirwa bakorerwa igenagaciro rishya,aho kwishyurwa  muri Kanama umwaka ushize wa 2019 babona  ahubwo hagarutse ngo abaza kongera kubabarurira iyo mitungo yabo yangijwe ku nshuro ya 3, bababaza impamvu aho kwishyurwa bahozwa mu mabarura,babwirwa ko noneho bitarenze amezi 3 bazaba bishyuwe none kugeza ubu ngo nta  n\u2019umukozi wa REG barongera guca iryera.<\/p>\n<p>Bayavuge Valens,umwe muri bo  yagize ati\u2019\u2019 Badusiragije inshuro nyinshi,uko tugiye bakatubwira gufotoza  amalisiti turiho,amarangamuntu,udutabo twa konti badufungurishije amakonti igitaraganya ngo amafaranga araje araje, n\u2019ibindi bahora batubwira gufotoza,ubu nta kindi tucyikorera duhora ku murenge baduhamagara ngo tujye gufotoza ibyo dutanga ngo twishyurwe duhora mu myenda.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ndimubenshi Xav\u00e9rine w\u2019imyaka 61, avuga ko  bamurimo amafaranga 160.000,inzu igiye kumugwaho yari kuyisana iyo ayabona.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 Amafaranga angana kuriya amaze imyaka 8 ni menshi cyane. Ibyo nakuragaho ibintunga kuko mba jyenyine mu nzu barabyangije, inzu igiye kungwaho,nta gikoni kizima ngira n\u2019ubwiherero  si bwiza  kandi bahora badukangurira isuku,imbaraga bakoresha mu kuza gutema agati gashibutse ntibazikoresha mu kutwishyura,badufunguje udutabo muri SACCO huti huti ngo tugiye kwihyurwa,ubu twaheze mu gihirahiro n\u2019 umuyobozi wa REG muri aka karere ntatwikoza,ntitumuzi.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Bahuriza ku gukurwa mu gihirahiro bakishyurwa amafaranga yabo  akabagirira akamaro,bagasaba ko biva mu nzira aho guhora bahamagarwa ku murenge ngo baze bafotoze impapuro batishyurwa.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere  wungirije ushinzwe itermbere ry\u2019ubukungu,  Ntaganira Josu\u00e9 Michel,avuga ko ikibazo cy\u2019abatishyurwa ibyabo byangijwe n\u2019ikorwa ry\u2019amashanyarazi bimaze kuba byinshi kandi byangisha abaturage n\u2019ibikorwa biba byakozwe, akavuga ko bagiye gukorana inama na REG bakayisaba kwishyura abaturage nta yandi mananiza.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 Ni byo koko ibi bibazo birahari, hari ababaruriwe batanga amakonti agira ibibazo,ayo tuyoherereza  REG ngo akosorwe,byaratangiye muri za Shangi n\u2019ahandi,aba 2 ni ababaruriwe bagasinya ariko ntibishyurwe, aba 3 ni abatarabaruriwe ariko barangirijwe,ubwo rero byose turifuza ko biva mu nzira,ni yo mpamvu duteganya inama y\u2019aabayobozi barebwa n\u2019iki kibazo bose n\u2019inzego z\u2019umutekano ngo gihabwe umurongo,kive mu nzira kuko kirushaho kwangisha abaturage bacu n\u2019ibyo bikorwa remezo baba bahawe igihe ibyabo byangijwe bitishyuwe\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi wa REG muri aka karere  Rushingabigwi Cl\u00e9ment we yanze kugira icyo agisubizaho. Yagize ati\u2019\u2019 mbabarira cyane si ndi muri mudu( mood) yo gusubiza ibyo bibazo kuko ni rusange.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_21470\" aria-describedby=\"caption-attachment-21470\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-21470\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/ndimubenshi_xave_rine_avuga_ko_inzara_igiye_kumwicira_mu_nzu_ishaje_cyane_abamo_ibyari_kumutunga_barabyangije_ntibanamwishyure.jpg\" alt=\"Ndimubenshi Xav\u00e9rine avuga ko inzara igiye kumwicira mu nzu ishaje cyane abamo,ibyari kumutunga barabyangije ntibanamwishyure.\" title=\"Ndimubenshi Xav\u00e9rine avuga ko inzara igiye kumwicira mu nzu ishaje cyane abamo,ibyari kumutunga barabyangije ntibanamwishyure.\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"1024\" height=\"768\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/ndimubenshi_xave_rine_avuga_ko_inzara_igiye_kumwicira_mu_nzu_ishaje_cyane_abamo_ibyari_kumutunga_barabyangije_ntibanamwishyure.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/ndimubenshi_xave_rine_avuga_ko_inzara_igiye_kumwicira_mu_nzu_ishaje_cyane_abamo_ibyari_kumutunga_barabyangije_ntibanamwishyure-300x225.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/ndimubenshi_xave_rine_avuga_ko_inzara_igiye_kumwicira_mu_nzu_ishaje_cyane_abamo_ibyari_kumutunga_barabyangije_ntibanamwishyure-768x576.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/ndimubenshi_xave_rine_avuga_ko_inzara_igiye_kumwicira_mu_nzu_ishaje_cyane_abamo_ibyari_kumutunga_barabyangije_ntibanamwishyure-860x645.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-21470\" class=\"wp-caption-text\">Ndimubenshi Xav\u00e9rine avuga ko inzara igiye kumwicira mu nzu ishaje cyane abamo,ibyari kumutunga barabyangije ntibanamwishyure.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ibibazo by\u2019ingurane z\u2019ibyangijwe n\u2019ahacishijwe imiyoboro y\u2019amashanyarazi  bivugwa mu mirenge myinshi y\u2019aka karere ahari n\u2019abavuga ko bamaze imyaka irenga 10 basiragizwa, n\u2019ubuyobozi bwa REG mu karere ntibugaragare ngo buganire na bo bubabwire uburyo bizakemuka,bamwe bakavuga ko bategereje ko umukuru w\u2019igihugu azasura aka karere bakabimutura kuko babona izindi nzego ntacyo zibikoraho,zibahoza murusigariro ariko imyaka yicuma batishyurwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imiryango 10 ituye mu mudugudu ya Kamabuye na Kamonyi,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharabuga mu karere ka Nyamasheke iravuga ko imaze imyaka 8 isiragizwa buri gihe ku ngurane y\u2019amafaranga yagombaga guhabwa nyuma yo kwangirizwa ibyayo n\u2019ikorwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amashanyarazi, aho bahamagarwa buri gihe ngo bajye gusinyira amafaranga yabo mu mezi 3 bazayahabwa aho kuyahabwa bagahamagarwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":21469,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21471","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imiryango 10 ituye mu mudugudu ya Kamabuye na Kamonyi,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharabuga mu karere ka Nyamasheke iravuga ko imaze imyaka 8 isiragizwa buri gihe ku ngurane y\u2019amafaranga yagombaga guhabwa nyuma yo kwangirizwa ibyayo n\u2019ikorwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amashanyarazi, aho bahamagarwa buri gihe ngo bajye gusinyira amafaranga yabo mu mezi 3 bazayahabwa aho kuyahabwa bagahamagarwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-10T13:54:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"768\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe\",\"datePublished\":\"2020-02-10T13:54:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471\"},\"wordCount\":642,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/02\\\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471\",\"name\":\"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/02\\\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\",\"datePublished\":\"2020-02-10T13:54:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/02\\\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/02\\\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg\",\"width\":1024,\"height\":768,\"caption\":\"Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21471#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA","og_description":"Imiryango 10 ituye mu mudugudu ya Kamabuye na Kamonyi,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharabuga mu karere ka Nyamasheke iravuga ko imaze imyaka 8 isiragizwa buri gihe ku ngurane y\u2019amafaranga yagombaga guhabwa nyuma yo kwangirizwa ibyayo n\u2019ikorwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amashanyarazi, aho bahamagarwa buri gihe ngo bajye gusinyira amafaranga yabo mu mezi 3 bazayahabwa aho kuyahabwa bagahamagarwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-02-10T13:54:06+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":768,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe","datePublished":"2020-02-10T13:54:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471"},"wordCount":642,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471","name":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg","datePublished":"2020-02-10T13:54:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21471"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/aya_mashanyarazi_ngo_amaze_imyaka_8_ahageze_abangirijwe_kubishyura_byarananiranye.jpg","width":1024,"height":768,"caption":"Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21471#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z\u2019ibyabo byangijwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21471","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21471"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21471\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/21469"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21471"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21471"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21471"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}