{"id":2148,"date":"2016-05-23T08:04:27","date_gmt":"2016-05-23T08:04:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/23\/kirehe-ushinzwe-imyitwarire-y-abamotari-afunzwe-akekwaho-kwaka-ruswa-no-kwiha\/"},"modified":"2025-02-12T19:15:21","modified_gmt":"2025-02-12T17:15:21","slug":"kirehe-ushinzwe-imyitwarire-y-abamotari-afunzwe-akekwaho-kwaka-ruswa-no-kwiha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148","title":{"rendered":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Kirehe ifunze umwe mu bashinzwe imyitwarire y\u2019abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto muri aka karere witwa Ngayaberura Jean Claude kubera gukekwaho kwiha ububasha akora inshingano zigenewe ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda agamije kuriganya no kwaka  amafaranga abakora uyu mwuga.<br \/>\nUyu mugabo akurikiranyweho gusaba ruswa y\u2019ibihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda umwe mu bakora uyu mwuga witwa Mubane Jean Paul ubwo yamufataga atwaye moto nta ruhushya rwo kuyitwara afite.<br \/>\nUmuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu ntara y\u2019Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko Ngayaberura yafashwe ku itariki 20 Gicurasi kubera kwiha ububasha bw\u2019urwego rwa Leta no kurwiyitirira agamije kwaka ruswa.<br \/>\nYavuze ko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Nyamugari mu gihe iperereza rikomeje.<br \/>\nIshami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ni ryo rifite ububasha bwo gusaba umuntu uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga, kandi ni na ryo rihana utarufite.<br \/>\nAsobanura uko yabigenje, IP Kayigi yagize ati:&#8221; Ubwo Ngayaberura yari mu kazi ko kugenzura imyitwarire ya bagenzi be, yaje guhura na Mubane, maze aramuhagarika; amubaza uruhushywa rwo gutwara moto, undi ararubura. Yahise afata moto ya Mubane; hanyuma amusaba biriya bihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kugira ngo amureke akomeze. Mubane yahise abimenyesha Polisi y\u2019u Rwanda, ihita iza, maze ifatira Ngayaberura mu cyuho. &#8221;<br \/>\nYakomeje agira ati:&#8221;Twavuze kenshi ko ruswa itemewe mu Rwanda ariko abantu bamwe bakomeje kuvunira  ibiti mu matwi. Kuyirwanya biri mu byo Polisi y\u2019u Rwanda yimirije imbere.Umuntu wese uzayisaba, uzayitanga, n\u2019uzayakira amenye ko azafatwa.&#8221;<br \/>\nAvuga ku ngaruka zayo, IP Kayigi yagize  ati:&#8221;Ruswa idindiza iterambere. Ni yo mpamvu buri wese asabwa kuyirinda, kandi akagira  uruhare mu kuyirwanya atanga amakuru ajyanye na yo.&#8221;<br \/>\nIngingo ya 641 yo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ivuga ko umuntu wese uha undi muntu, ku buryo bweruye cyangwa buteruye, washatse kumuha, wamuhaye ku buryo buziguye cyangwa butaziguye, impano cyangwa indonke iyo ari yo yose cyangwa yamugiriye amasezerano yabyo kugira ngo amukorere cyangwa akorere undi muntu ibinyuranyije n\u2019amategeko cyangwa areke gukora ibiri mu nshingano ze, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku icumi (10) z\u2019agaciro k\u2019indonke yatanze cyangwa yashatse gutanga.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Kirehe ifunze umwe mu bashinzwe imyitwarire y\u2019abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto muri aka karere witwa Ngayaberura Jean Claude kubera gukekwaho kwiha ububasha akora inshingano zigenewe ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda agamije kuriganya no kwaka amafaranga abakora uyu mwuga. Uyu mugabo akurikiranyweho gusaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2148","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Kirehe ifunze umwe mu bashinzwe imyitwarire y\u2019abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto muri aka karere witwa Ngayaberura Jean Claude kubera gukekwaho kwiha ububasha akora inshingano zigenewe ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda agamije kuriganya no kwaka amafaranga abakora uyu mwuga. Uyu mugabo akurikiranyweho gusaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-23T08:04:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T17:15:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha\",\"datePublished\":\"2016-05-23T08:04:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:15:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148\"},\"wordCount\":409,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148\",\"name\":\"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-05-23T08:04:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:15:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2148#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Kirehe ifunze umwe mu bashinzwe imyitwarire y\u2019abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto muri aka karere witwa Ngayaberura Jean Claude kubera gukekwaho kwiha ububasha akora inshingano zigenewe ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda agamije kuriganya no kwaka amafaranga abakora uyu mwuga. Uyu mugabo akurikiranyweho gusaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-23T08:04:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T17:15:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha","datePublished":"2016-05-23T08:04:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:15:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148"},"wordCount":409,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2148#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148","name":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-05-23T08:04:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:15:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2148"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2148#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y\u2019abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2148","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2148"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2148\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2148"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2148"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2148"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}