{"id":2154,"date":"2016-05-23T11:44:10","date_gmt":"2016-05-23T11:44:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/05\/23\/ubukene-buri-mu-itangazamakuru-ryo-mu-rwanda-buhatse-iki-ngo-hari-kimwe-leta\/"},"modified":"2025-02-12T19:15:14","modified_gmt":"2025-02-12T17:15:14","slug":"ubukene-buri-mu-itangazamakuru-ryo-mu-rwanda-buhatse-iki-ngo-hari-kimwe-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154","title":{"rendered":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>N\u2019ubwo bivugwa ko ubukene buri mu itangazamakuru bukomeje gushakirwa umuti ari nako hatangwa amahugurwa menshi ku banyamakuru nyamara usanga inzira ikiri ndende.<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>*Ubukene burahari mu binyamakuru cyane mu byigenga<\/strong><br \/>\n <strong>*Ibinyamakuru bimwe birimo gufunga Imiryango<\/strong><br \/>\n <strong>*Ntidukeneye amahugurwa ahubwo dukeneye amafaranga<\/strong><br \/>\n <strong>*Hagiye gukorwa ubuvugizi mu bigo bya Leta na za Minisiteri<\/strong><br \/>\nIbi ni bimwe mu byagiye bigarukwaho n\u2019abanyamakuru bugarijwe n\u2019ikibazo cy\u2019ubukene kandi bafite umwuga, ku rundi ruhande ababahagarariye nabo bakabizeza ko barimo kubakorera ubuvugizi.<br \/>\nMu kiganiro bwiza.com yagiranye n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;inama nkuruy&#8217;itangazamakuru mu Rwanda (MHC), Bwana Peacemaker Mbungiramihigo  ubwo hari hasojwe amahugurwa yo kwigisha abanyamakuru uburyo bakwiteza imbere bagatungwa n&#8217;umwuga wabo, yavuze ko hari gukorwa ibishoboka byose ngo hazamurwe ubushobozi ku bitangazamakuru n&#8217;ababikoramo babashe gutungwa n&#8217;umurimo bakora bitandukanye n\u2019uko ubu babayeho.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-32904\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\" alt=\"umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda\" width=\"717\" height=\"478\" \/><\/a>Abajijwe impamvu itangazamakuru rirushaho kugaragaramo ubukene, ndetse hakirengagizwa akamaro karyo?<\/strong><br \/>\nMbungiramigo yavuze ko MHC igiye gukora ubuvugizi ku birebana n&#8217;ubukene bukabije bugagaragara mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, aho bazajya mu bigo bya Leta, Minisiteri, Uturere n&#8217;Intarara ndetse n\u2019abikorera  babereka uburyo bashobora gukorana  n&#8217;itangazamakuru batarikenera gusa ngo ribakorere inkuru cyangwa ngo ribamamarize gusa, ahubwo babigire inshingano zo kumenya ko Umunyamakuru abayeho kubera umwuga we kandi ari nawo ukwiye kumutunga.<br \/>\n <strong>Leta yaba yarirengagije itangazamakuru?<\/strong><br \/>\nBamwe mu banyamakuru bibaza impamvu Leta igena ingengo y&#8217;Imari mu itangazamakuru ariko wajya kureba ugasanga nta mpinduka nyinshi ziba mu bitangazamakuru n&#8217;ababikoramo, wasubiza amaso inyuma ugasanga bimwe muri byo birimo kugenda bifunga imiryango.<br \/>\nbati:\u201dn\u2019ubwo Leta itanga inkunga rwose nayo ubwayo ni intica ntikize kuko usanga ntagihinduka,ahubwo igikwiye ni uko yabera itangazamakuru umwishingizi mu ma Banki no mu miryango nterankunga uwo binaniye akishakira ikindi yikorera\u201d.<br \/>\nAha abanyamakuru bavuga ko batangaza bakanamamaza  inkuru n&#8217;ibikorwa  by&#8217;ibigo bya Leta ndetse na za Minisiteri kandi ibyo bigo biba byaragenewe ingengo y&#8217;imari izakora mu itangazamakuru ariko wajya kureba ugasanga iyo ngengo yikoresherezwa mu bindi.<br \/>\n <strong>Bati ubumenyi turabufite ahubwo dukeneye amafaranga<\/strong><br \/>\nIbi byagiye bigarukwa n&#8217;abanyamakuru benshi cyane cyane muri bamwe mu barimazemo iminsi kuko bagiye bagaragaza ko ubumenyi babufite nta mpamvu y&#8217;amahugurwa ya buri munsi ashyirwamo amafaranga menshi yakabafashije kandi bakavuga ko ibijyanye n&#8217;umwuga wabo babizi ndetse bawukunze bakaba batazi impamvu batereranwa nk&#8217;umwana utagira iwabo.<br \/>\n <strong>Urugero<\/strong> : <em>Umwaka ushize Asman Niyonambaza, umuyobozi w&#8217;ikinyamakuru Rugari ubwo bari mu mahugurwa yaberaga muri Sport View i Remera yari yateguwe na MHC,  yavuze ko ntawe ubarusha gukunda igihugu cyabo kuko ngo bagikorera bapfa kandi bagakora neza bityo ngo babonye ubitaho bagikorera ibirenzeho.<\/em><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Twarapfuye, twarahombye, twishwe na za Banki Ramberi ariko turacyakora; ni ukuvuga ko tubonye inkunga itari amagambo twakora.<\/strong><br \/>\nGatera Stanley, Umuyobozi w&#8217;ikinyamakuru Umusingi avuga ko amahugurwa bahabwa ari meza cyane ariko na none ntacyo akemura kuko n&#8217;imyumvire yaho bakorera isa nkaho itumva itangazamakuru.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/arton39059.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-32918 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/arton39059.jpg\" alt=\"Bwiza.com\/Gatera\" width=\"451\" height=\"327\" \/><\/a><br \/>\nati:\u201d <em>ujya muri Banki ujyanye umushinga w&#8217;ikinyamakuru bakakwamaganira kure bakakunaniza mu rwego rwo kukwikiza ndetse bakubera Imfura bakakubwira ko batabyumva bikaba bigoye kuzamuka kuri wowe ukora mu itangazamakuru\u201d, <\/em> akaba abona bitoroshye kuba ubukene buri mu itangazamakuru bwarangira mu gihe imyumvire kuri bamwe imeze gutyo.<br \/>\nGatera  kimwe na Assouman ndetse na Nelson bavuga ko byagakwiye kuba inshingano ya Leta mu gukora ubuvugizi muri za Banki ndetse no mu bikorera bakabasha kubumvisha uburyo itangazamakuru ryakorerwamo ubucuruzi kandi bwunguka ngo kuko usanga bafata Banki Ramberi bakazishyura bigoranye kubera inyungu nyinshi ariko bagakora.<br \/>\n<figure id=\"attachment_32911\" aria-describedby=\"caption-attachment-32911\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/9049903185_5c9b06eb01_b.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-32911 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/9049903185_5c9b06eb01_b.jpg\" alt=\"Asouman Niyonambaza\" width=\"1024\" height=\"681\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-32911\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Assouman Niyonambaza Umuyobozi w&#8217;Ikinyamakuru Rugari<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong>Mu itangwa ry&#8217;amasoko habamo gutonesha ndetse n\u2019ayatanzwe uhawe amasezerano arangira atarakora?<\/strong><br \/>\nIki ni ikibazo kigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byaba ibyandika, amajwi n&#8217;amashusho aho bamwe mu babihagarariye bagiye bavuga ko mu itangwa ry&#8217;amasoko akenshi usanga harimo itonesha, amasoko meza agatwarwa na bamwe bahoraho, apiganirwa bagiye bayajyamo bakayatsindira bakoreshejwe amasezerano ariko nayo akarangira nta gikorwa na kimwe gikozwe; nyamara mu kuyajyamo baragiye batakazamo amafaranga menshi.<br \/>\n <strong>Inkuru zirasohoka zikanatangazwa buri munsi<\/strong><br \/>\nKugira ubukene bukabije kandi bikora buri munsi ndetse bihabwa ubutumire umusubirizo n&#8217;abantu batandukanye yaba abikorera, ibigo bya Leta na za Minisiteri, uturere n&#8217;intara ngo hakenewe ubuvugizi kuri buri ruhande kandi ntihakwiye ku ibi  bisa nko kwirengagiza nkana  umumaro w&#8217;itangazamakuru.<br \/>\nNk\u2019 uko ari inshingano gutangaza amakuru ku munyamakuru urikoramo wese byagakwiye kuba indi kuri buri wese wumva ko hari umusanzu ritanga muri sosiyeti Nyarwanda.<br \/>\n<figure id=\"attachment_32913\" aria-describedby=\"caption-attachment-32913\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/IMG_1691.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-32913 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/IMG_1691.jpg\" alt=\"bwiza.com\/abanyamakuru\" width=\"768\" height=\"503\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-32913\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>bamwe mu banyamakuru bari mu mahugurwa i Karongi bigishwa uburyo bakwiteza imbere\/Gatera Stanley iburyo ufite agenda mu kwaha<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAbanyamakuru babona MHC ntacyo idakora ngo barusheho kuzamura ubushozi mu gukora inkuru ngo ariko hakwiye n\u2019ubuvugizi ku bibazo bagaragaza bibabera imbogamizi mu mwuga wabo birimo ubukene, kubafasha kubona inkunga zirimo ibikoresho, kubona inguzanyo muri Banki no kubabwirira Leta n&#8217;ibigo byayo bikamenya ko uko barikenera ari nako naryo ribakeneye.<br \/>\n<figure id=\"attachment_32899\" aria-describedby=\"caption-attachment-32899\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/25225088440_95b6f7b3d9_k.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-32899 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/25225088440_95b6f7b3d9_k-1024x683.jpg\" alt=\"bwiza.com\/Mbungiramihigo\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-32899\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Mbungiramihigo Peacemaker umuyobozi wa MHC<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMbungiramihigo Peacemaker avuga ko mu 2013 Inama Nkuru y&#8217;Itangazamakuru yahawe inshingano nshya zo kubaka ubushobozi bw&#8217;itangazamakuru mu Rwanda,ikaba yaratangiye gukora ubushakashatsi no guhugura Abanyamakuru ariko isanga ibyo bidahagije kuri ubu ikaba igiye gukora ubuvugizi mu bigo bya Leta na za Minisiteri n&#8217;abikorera kugirango barusheho kumenya ko itangazamakuru ari umufatanyabikorwa bacishamo ibikorwa byabo babigeza ku banyarwanda.<br \/>\n<figure id=\"attachment_32916\" aria-describedby=\"caption-attachment-32916\" style=\"width: 742px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/Photo-Journarste.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-32916 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/Photo-Journarste.jpg\" alt=\"Photo Journarste\/bwiza.com\" width=\"742\" height=\"368\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-32916\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Hakenewe Ubuvugizi burenze ubwakorwaga kugirango Itangazamakuru rirusheho kuzamuka riteza imbere abarikoramo<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu ngengo yimari y&#8217;umwaka utaha 2016-2017 MHC yashyizemo gahunda yo gukora ubuvugizi ku itangazamakuru aho risabwa gukorana n&#8217;ibigo bya Leta na za Minisiteri ndetse n&#8217;abikorera byumwihariko  bagasabwa kugira ingengo y&#8217;imari yihariye igomba gukora mu itangazamakuru aho kugirango bahore bishimira gutumira ibinyamakuru ngo bibatangarize ibyabo nyamara batibuka ko nabo bagomba gutungwa n&#8217;umwuga wabo.<br \/>\nMHC ikaba ibona atariyo ikwiye kugira ingengo yimari yo kubaka ubushobozi bw&#8217;itangazamakuru yonyine bikwiye ko buri kigo kitangazamakuru na buri wese ukenera serivise mu itangazamakuru nawe akwiye kubigira inshingano ze mu kubaka ubushobozi bw&#8217;itangazamakuru.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Mecky Kayiranga@bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N\u2019ubwo bivugwa ko ubukene buri mu itangazamakuru bukomeje gushakirwa umuti ari nako hatangwa amahugurwa menshi ku banyamakuru nyamara usanga inzira ikiri ndende. *Ubukene burahari mu binyamakuru cyane mu byigenga *Ibinyamakuru bimwe birimo gufunga Imiryango *Ntidukeneye amahugurwa ahubwo dukeneye amafaranga *Hagiye gukorwa ubuvugizi mu bigo bya Leta na za Minisiteri Ibi ni bimwe mu byagiye bigarukwaho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2154","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N\u2019ubwo bivugwa ko ubukene buri mu itangazamakuru bukomeje gushakirwa umuti ari nako hatangwa amahugurwa menshi ku banyamakuru nyamara usanga inzira ikiri ndende. *Ubukene burahari mu binyamakuru cyane mu byigenga *Ibinyamakuru bimwe birimo gufunga Imiryango *Ntidukeneye amahugurwa ahubwo dukeneye amafaranga *Hagiye gukorwa ubuvugizi mu bigo bya Leta na za Minisiteri Ibi ni bimwe mu byagiye bigarukwaho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-23T11:44:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T17:15:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza\",\"datePublished\":\"2016-05-23T11:44:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:15:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154\"},\"wordCount\":988,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154\",\"name\":\"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\",\"datePublished\":\"2016-05-23T11:44:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:15:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/05\\\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2154#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA","og_description":"N\u2019ubwo bivugwa ko ubukene buri mu itangazamakuru bukomeje gushakirwa umuti ari nako hatangwa amahugurwa menshi ku banyamakuru nyamara usanga inzira ikiri ndende. *Ubukene burahari mu binyamakuru cyane mu byigenga *Ibinyamakuru bimwe birimo gufunga Imiryango *Ntidukeneye amahugurwa ahubwo dukeneye amafaranga *Hagiye gukorwa ubuvugizi mu bigo bya Leta na za Minisiteri Ibi ni bimwe mu byagiye bigarukwaho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-05-23T11:44:10+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T17:15:14+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza","datePublished":"2016-05-23T11:44:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:15:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154"},"wordCount":988,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154","name":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg","datePublished":"2016-05-23T11:44:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:15:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2154"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/05\/umuyobozi_wa_mhc_peacmaker_mbungiramihigo_avuga_ko_igenamigambi_ridahamye_ari_kimwe_mu_bibangamira_iterambere_ry_ibitangazamakuru_byo_mu_rwanda.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2154#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubukene buri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda buhatse iki? ngo hari kimwe Leta yirengagiza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2154","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2154"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2154\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2154"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2154"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2154"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}