{"id":21771,"date":"2020-02-20T10:05:58","date_gmt":"2020-02-20T10:05:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/02\/20\/burera-umubyeyi-ntarabona-abana-be-bigaga-muri-uganda-kuva-imipaka-yafungwa\/"},"modified":"2020-02-20T10:05:58","modified_gmt":"2020-02-20T10:05:58","slug":"burera-umubyeyi-ntarabona-abana-be-bigaga-muri-uganda-kuva-imipaka-yafungwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771","title":{"rendered":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umubyeyi utashatse ko amazina ye atangazwa utuye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera avuga ko amaze hafi umwaka wose adaca iryera abana be babiri b&#8217;abakobwa biga muri Uganda kuva imipaka yafungwa kuwa 27 Gashyantare 2019. <em><\/h2>\n<p>Uyu mugabo yavuze ko abana be kugeza na n&#8217;ubu bacyiga muri Uganda aho umwe yiga mu wa Gatanu w&#8217;amashuri abanza n&#8217;undi wiga mashuri yisumbuye mu mwaka wa Gatatu.<\/p>\n<p>Yabwiye BBC ko atarabona abana be kuva urujya n&#8217;uruza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda rwakendera.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Reba nk&#8217;ubu ntibari baza [abana be babiri] kuva imipaka yahagarikwa. Natwe turacyafite ikibazo kuba batari bagaruka. Birangoye kubera ko Leta y&#8217;u Rwanda ntirikubyemera, ahubwo ikintu iri kudushishikariza ni ukujya kuvanayo abantu bacu bariyo.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu avuga ko yamaze gufata umwanzuro kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Ibyo namaze kubyiyemeza kubazana bakigira mu Rwanda. [Muri Uganda] biga neza ariko ni mu mahanga, ntabwo ari iwacu, ntabwo ari ho gakondo yacu iri.&#8221;<\/p>\n<p>Hari abandi nk&#8217;uyu bagifite abana biga muri Uganda bigoranye kugira ngo babashe kongera kubonana n&#8217;imiryango yabo kubera ibibazo byo kwambuka imipaka.<\/p>\n<p>Abaturage muri ako gace bashimye Leta y&#8217;u Rwanda yabazaniye amashuri mu gace kegereye umupaka na Uganda, ikintu bavuga ko cyabafashije mu bijyanye n&#8217;uburezi bw&#8217;abana babo.<\/p>\n<p>Umukecuru umwe ufite abana babiri bigaga muri Uganda ariko bataha mu Rwanda, avuga ko &#8220;ino [mu Rwanda] ni ho bigisha neza&#8221;, ko abana be bajyaga muri Uganda kuko aho batuye nta mashuri yari ahari.<\/p>\n<p>Abajijwe ku itandukaniro ry&#8217;ubrezi bwo mu Rwanda n&#8217;ubwa Uganda,<br \/>\n umwe mu baturage ati &#8221; Iriya [muri Uganda] ntabwo bakunze kwigisha imibare, bigisha Icyongereza gusa ariko ntibigisha imibare. Rero umwana agakura azi indimi ariko atazi gukora umubare, kandi murabona muri iyi si turimo kubaho ni umubare.&#8221;<\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Rwanda imaze amashuri menshi mu bice byinshi byegereye umupaka wa Uganda ndetse hasabwe ko n&#8217;iznidi servisi nyinshi abaturage bajyaga gushaka mu gihugu cya Uganda zahagezwa.<\/p>\n<p>Ibibazo by&#8217;ihagaragara ry&#8217;urujya n&#8217;uruza hagati ya Uganda n&#8217;u Rwanda byagize ingaruka zitari nke mu mfuruka nyinshi z&#8217;ubuzima.<\/p>\n<p>Iki kibazo cyagize ingaruka ku bukungu bw&#8217;abaturage bakoraga ubucuruzi bwambukiranya imipaka ndetse n&#8217;ubuhahirane. Cyagize ingaruka kandi ku mibanire n&#8217;ubsabane by&#8217;abaturage b&#8217;impande zombi ndetse byanazambije diplomasi.<\/p>\n<p>Uyu mwanzuro wo guhagarika urujya n&#8217;uruza wafashwe n&#8217;u Rwanda nyuma y&#8217;aho Abanyarwanda benshi bagiye bafatirwa muri Uganda, bagakorerwa iyicarubozo. Ni ibirego Uganda yahakanye.<\/p>\n<p>Abanyarwanda bagiriwe inama yo kuba baretse kujya muri Uganda mu gihe ibibazo biri hagati y&#8217;ibihugu byombi bimaze imyaka isaga ibiri byakemuka.<\/p>\n<p>Kugeza ubu, ibiganiro byagiye biba hagati ya Uganda n&#8217;u Rwanda biratanga icyizere ko imipaka izongera kuba nyabagendwa. Inama izahuza Pereziga Kagame na mugenzi we Museveni i Gatuna\/ Katuna yitezweho ko ishobora kuzatanga imyanzuro myiza kuri iki kibazo cy&#8217;urujya n&#8217;uruza aho abaturage bifuza ko imipaka yafungurwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umubyeyi utashatse ko amazina ye atangazwa utuye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera avuga ko amaze hafi umwaka wose adaca iryera abana be babiri b&#8217;abakobwa biga muri Uganda kuva imipaka yafungwa kuwa 27 Gashyantare 2019. Uyu mugabo yavuze ko abana be kugeza na n&#8217;ubu bacyiga muri Uganda aho umwe yiga mu wa Gatanu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21771","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umubyeyi utashatse ko amazina ye atangazwa utuye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera avuga ko amaze hafi umwaka wose adaca iryera abana be babiri b&#8217;abakobwa biga muri Uganda kuva imipaka yafungwa kuwa 27 Gashyantare 2019. Uyu mugabo yavuze ko abana be kugeza na n&#8217;ubu bacyiga muri Uganda aho umwe yiga mu wa Gatanu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-20T10:05:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa\",\"datePublished\":\"2020-02-20T10:05:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771\"},\"wordCount\":473,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771\",\"name\":\"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-02-20T10:05:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21771#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA","og_description":"Umubyeyi utashatse ko amazina ye atangazwa utuye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera avuga ko amaze hafi umwaka wose adaca iryera abana be babiri b&#8217;abakobwa biga muri Uganda kuva imipaka yafungwa kuwa 27 Gashyantare 2019. Uyu mugabo yavuze ko abana be kugeza na n&#8217;ubu bacyiga muri Uganda aho umwe yiga mu wa Gatanu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-02-20T10:05:58+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa","datePublished":"2020-02-20T10:05:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771"},"wordCount":473,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21771#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771","name":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-02-20T10:05:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21771"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21771#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Umubyeyi ntarabona abana be bigaga muri Uganda kuva imipaka yafungwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21771","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21771"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21771\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21771"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21771"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21771"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}