{"id":21949,"date":"2020-02-26T23:04:07","date_gmt":"2020-02-26T23:04:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/02\/26\/kwambura-ibibanza-abarengeje-imyaka-itatu-batabyubakamo-ibitekerezo\/"},"modified":"2020-02-26T23:04:07","modified_gmt":"2020-02-26T23:04:07","slug":"kwambura-ibibanza-abarengeje-imyaka-itatu-batabyubakamo-ibitekerezo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949","title":{"rendered":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w\u2019Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d\u2019Arc kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko abarenza imyaka itatu batubaka mu bibanza baguze, bagiye kujya babyamburwa.<\/strong><\/p>\n<p>Mu nkuru dukesha Igihe, Dr. Mujawamariya yagize ati: \u201cUzajya amara imyaka itatu adakoresha icyo kibanza, azajya acyamburwa. Usanga abantu bagura ibibanza  ko byazamura ibiciro. Hari byinshi muri Kigali usanga bitubatswe, ubu aba bantu bazajya bandikirwa mu gihe batabikoresheje , babyamburwe.\u201d<\/p>\n<p>Dr. Jeanne d&#8217;Arc yatangaje ibi nyuma yo kugaragarizwa imiterere y&#8217;ibibazo by&#8217;ibibanza na Komisiyo y&#8217;Ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n&#8217;ibidukikije mu nteko ishinga amategeko, umutwe w&#8217;Abadepite, bagaragaje izamuka ry&#8217;ibiciro ry&#8217;ibibanza cyane cyane ahagiye kubakwa ibikorwaremezo, bikaba bishyirwaho mu buryo budafite umurongo. Ni ho ikibazo cyo kureka ngo ubutaka buhende cyazamukiye.<\/p>\n<p>Abaturage batanze ibitekerezo bitandukanye nyuma yo kumva no gusoma aya makuru, bavuga uko bayakiriye.<\/p>\n<p><strong>IBITEKEREZO<\/strong><\/p>\n<p><strong>Manzi Patrick<\/strong>:   <em>Ushobora kugura ikibanza, ugashakisha ubundi bushobozi bwo kugikoresha kandi guhenda kw\u2019ikibanza cg ubutaka ntabweo ari impamvu y\u2019uko bigurwa ntibikoreshwe ahubwo hari impamvu nyinshi zibitera harimo ubwiyongere bw\u2019abantu, iterambere ry\u2019uduce runaka,\u2026<\/em><\/p>\n<p><strong>Ngenzi Raymond<\/strong>:   <em>Rwose izo ngamba mwafashe ndumva ari nziza kuko abantu babifashe nka business.<\/em><\/p>\n<p><strong>Seth-Benoit Niyukuri<\/strong>:  <em>Ahaaa! Ubu se bumva uguhenda kw\u2019ibibanza guterwa n\u2019ibibanza bidakoreshwa? Je pense non! (Ntatekereza oya!) Mwamubajije icyo iriya misoro izamuka buri mwaka izafasha mu guhangana n\u2019izamuka ry\u2019ubutaka!<\/em><\/p>\n<p><strong>Che<\/strong>:  Na none imyaka itatu ni myinshi, ibi bintu bimaze gufata intera cyane ugasanga uturanye n\u2019ibihuru, umujyi wa Kigali ukwiye nawo kubishyiramo agatege.<\/p>\n<p><strong>Ir Munyamahame Thacien<\/strong>:  <em>Ibi  ni sawa, naho uzajya amara imyaka itatu yiruka\/asiragira ku byangombwa byo kubaka, we azajya agenerwa iki? Ariko se kuki abantu bagura ibibanza ntibabyubake? Ntekereza ko icyiza ari uko twarebera ibibaza mu mpu zombi.<\/em><\/p>\n<p><strong>Niyigena Albert<\/strong>: <em>Ark mbona kugura ikibanza uba ugifitiye uburenganzira bwo kucyubakira igihe ushakiye. None se ubwo ubaye warakiguze nta yandi mafaranfga ufite, wanga ko yazagupfira ubusa, ukaba ugishaka ubushobozi bwo kubaka? Leta nayo ijye yitondera amategeko ishyiraho kuko akenshi atsikamira abaturage cyane cyane abamikoro macye.<\/em><\/p>\n<p><strong>Munyabugingo Jean Claude<\/strong>:  <em>Ibi nabyo bigomba guhinduka, nigute umuntu yakwamburwa ubutaka knd ari we wabwiguriye? Ahubwo wenda yabusorera instead yo kubwamburwa.<\/em><\/p>\n<p><strong>Inzu<\/strong>:  <em>Ikibazo ntabwo ari uko kimeze mushobora kuba mwarabyumvishe nabi, ikibazo nyamukuru gituma abantu bagura ibibanza ntibabyubake n\u2019igishushanyo Mbonera cy\u2019Umujyi wa Kigali gituma abantu batubaka, wowe se urafata ahantu nka Gasogi, Busanza, Karama, Masaka, Ndera, nurangiza uhashira muhantu hagomba kubakwa etages eshatu enye zigeretse (R3 cg R4) wumve ko koko abanyarwanda bazabona ubushobozi bwo kubaka izo etages? Noneho nibafate izo quartiers zo mu nkengero za Kigali bazishyire muri R1 KUBAKA inzu zisanzwe maze murebe ngo mu mwaka umwe ibyo bibanza byose ngo birubakwa.<\/em><\/p>\n<p>Byaba uburyo bunoze iyi Ministeri ifatiye uyu mwanzuro abarengeje imyaka itatu batubaka mu bibanza byabo, ibanje guha abaturage urubuga, bakabanza gutanga ibitekerezo, ibyiza babonamo ndetse n&#8217;imbogamizi kuko ikigaragara bafite byinshi bitandukanye, byafasha mu gushyira ku murongo mwiza iyi gahunda. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d\u2019Arc kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko abarenza imyaka itatu batubaka mu bibanza baguze, bagiye kujya babyamburwa. Mu nkuru dukesha Igihe, Dr. Mujawamariya yagize ati: \u201cUzajya amara imyaka itatu adakoresha icyo kibanza, azajya acyamburwa. Usanga abantu bagura ibibanza ko byazamura ibiciro. Hari byinshi muri Kigali usanga bitubatswe, ubu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-21949","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d\u2019Arc kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko abarenza imyaka itatu batubaka mu bibanza baguze, bagiye kujya babyamburwa. Mu nkuru dukesha Igihe, Dr. Mujawamariya yagize ati: \u201cUzajya amara imyaka itatu adakoresha icyo kibanza, azajya acyamburwa. Usanga abantu bagura ibibanza ko byazamura ibiciro. Hari byinshi muri Kigali usanga bitubatswe, ubu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-26T23:04:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo\",\"datePublished\":\"2020-02-26T23:04:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949\"},\"wordCount\":474,\"commentCount\":18,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949\",\"name\":\"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-02-26T23:04:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=21949#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d\u2019Arc kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko abarenza imyaka itatu batubaka mu bibanza baguze, bagiye kujya babyamburwa. Mu nkuru dukesha Igihe, Dr. Mujawamariya yagize ati: \u201cUzajya amara imyaka itatu adakoresha icyo kibanza, azajya acyamburwa. Usanga abantu bagura ibibanza ko byazamura ibiciro. Hari byinshi muri Kigali usanga bitubatswe, ubu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-02-26T23:04:07+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo","datePublished":"2020-02-26T23:04:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949"},"wordCount":474,"commentCount":18,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21949#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949","name":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-02-26T23:04:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=21949"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=21949#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwambura ibibanza abarengeje imyaka itatu batabyubakamo-ibitekerezo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21949","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=21949"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/21949\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=21949"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=21949"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=21949"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}