{"id":22090,"date":"2020-03-05T07:44:34","date_gmt":"2020-03-05T07:44:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/03\/05\/abakoze-ibizamini-byo-kwigisha-bazabisuziramo\/"},"modified":"2020-03-05T07:44:34","modified_gmt":"2020-03-05T07:44:34","slug":"abakoze-ibizamini-byo-kwigisha-bazabisuziramo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090","title":{"rendered":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Bamwe mu barezi batangaje ko bishimiye icyemezo cyafashwe na Minisiteri y&#8217;uburezi, nyuma yo gutangaza ko abarimu bari bakoze ibizamini by&#8217;akazi mu Kuboza 2019 bagomba kubisubiramo.<\/strong><\/p>\n<p>Ni ibizamini byakozwe ku wa 10 Ukuboza 2019, bigamije gushaka byibura abarimu bashya 7.214 bo mu mashuri abaza n&#8217;ayisumbuye.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko abarimu bamwe bahawe ikizamini kimwe nyamara baragombaga gukora bibiri cyangwa ibirenga, ari yo mpamvu banzuye ko ibizamini bimwe bisubirwamo.<\/p>\n<p>Minisitiri Uwamariya avuga ko minisiteri ayoboye yafashe kiriya cyemezo, nyuma yo gusanga hari bamwe mu barimu bahawe imirimo kandi baratsinzwe bimwe mu bizamini by&#8217;akazi. Ati&#8221; Niba umwarimu agomba kwigisha amasomo abiri, agombaga gukora ibizamini bibiri ariko bamwe bakoze kimwe gusa.\u201d <\/p>\n<p>Yasobanuye ko &#8220;Amabwiriza ibizamini byagombaga gukurikiza atasobanuwe kimwe mu turere twose. Mu turere tumwe na tumwe, abarimu bagombaga gukora ikizamini kimwe amasaha atatu ariko bamwe bakora ibizamini bibiri mu masaha atatu.&#8221; Akomeza avuga ngo &#8220;Aya ni amakosa tugomba gukosora kandi abarimu bose bagomba kugira amahirwe angana yo gukora ibizamini.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Abarimu bakirije yombi icyemezo cya Minisiteri y&#8217;Uburezi (MINEDUC)<\/strong><\/p>\n<p>Florent Migisha yagombaga gukora ibizamini bibiri, harimo icy&#8217;Icyongereza n&#8217;Igifaransa, akigisha mu Karere ka Musanze.<\/p>\n<p>Avuga ko mu ndimi, abandi bagombaga gukora ibizamini by&#8217;Icyongereza n&#8217;Ikinyarwanda ndetse n&#8217;ikizamini cy&#8217;Icyongereza n&#8217;Igiswahili bijyanye n&#8217;uko bagombaga kwigisha ayo masomo yombi.<\/p>\n<p>Icyatunguranye ni ukumva umuyobozi uvuye mu Kigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;uburezi (REB) abwira abarimu ko bazakora ikizamini kimwe, nk&#8217;uko Mugisha yabitangarije The New Times. Ati &#8220;Nanjye ubwanjye natsinze ikizamini ariko ikibazo cyashoboraga kugaragara mu gihe umuntu yoherejwe kwigisha isomo adafitemo ubumenyi. Urugero, umwarimu ugomba kwigisha Igiswahili ashobora koherezwa kwigisha igifaransa nta bumenyi agifiteho&#8221;.<\/p>\n<p>Innocent Ryambaje we yagombaga kwigisha Icyongereza n&#8217;Igiswahili ariko yakoze ikizamini cy&#8217;Icyongereza gusa. Avuga ko nta kazi yigeze ahabwa kuko ishuri yagombaga kwigishaho ryamwanze bitewe n&#8217;uko atakoze ikizamini cy&#8217;Igiswahili. Ati: \u201cBisobanuye ko ngomba gukora ikindi kizamini ntakoze.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Hari imyanya itarabona abarimu kandi bahari<\/strong><\/p>\n<p>Eugene Hakorimana, Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu yavuze ko yatsindiye kwigisha Icyongereza n&#8217;Ikinyarwanda, gusa akaba akiri ku rutonde rw\u2019abagomba gutegereza nyamara mu karere ke  hari imyanya idafite abayirimo.<\/p>\n<p>Urugero ni mu Rwunge rw&#8217;Amashuri rwa Murama mu Karere ka Nyabihu, ahari ikibazo cy&#8217;abarimu bagomba kwigisha Icyongereza, Entrepreneurship, amateka n&#8217;ubumenyi bwa mudasobwa.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko abakandida bazatsinda ibizamini nyuma yo guhabwa amahirwe y&#8217;akabiri, bazashyirwa ku rutonde rw&#8217;abatsinze ariko ntibabone imirimo bagomba gutegereza ko iboneka.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu barezi batangaje ko bishimiye icyemezo cyafashwe na Minisiteri y&#8217;uburezi, nyuma yo gutangaza ko abarimu bari bakoze ibizamini by&#8217;akazi mu Kuboza 2019 bagomba kubisubiramo. Ni ibizamini byakozwe ku wa 10 Ukuboza 2019, bigamije gushaka byibura abarimu bashya 7.214 bo mu mashuri abaza n&#8217;ayisumbuye. Minisitiri w\u2019uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko abarimu bamwe bahawe ikizamini [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-22090","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu barezi batangaje ko bishimiye icyemezo cyafashwe na Minisiteri y&#8217;uburezi, nyuma yo gutangaza ko abarimu bari bakoze ibizamini by&#8217;akazi mu Kuboza 2019 bagomba kubisubiramo. Ni ibizamini byakozwe ku wa 10 Ukuboza 2019, bigamije gushaka byibura abarimu bashya 7.214 bo mu mashuri abaza n&#8217;ayisumbuye. Minisitiri w\u2019uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko abarimu bamwe bahawe ikizamini [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-03-05T07:44:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo\",\"datePublished\":\"2020-03-05T07:44:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090\"},\"wordCount\":396,\"commentCount\":20,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090\",\"name\":\"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-03-05T07:44:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22090#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA","og_description":"Bamwe mu barezi batangaje ko bishimiye icyemezo cyafashwe na Minisiteri y&#8217;uburezi, nyuma yo gutangaza ko abarimu bari bakoze ibizamini by&#8217;akazi mu Kuboza 2019 bagomba kubisubiramo. Ni ibizamini byakozwe ku wa 10 Ukuboza 2019, bigamije gushaka byibura abarimu bashya 7.214 bo mu mashuri abaza n&#8217;ayisumbuye. Minisitiri w\u2019uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko abarimu bamwe bahawe ikizamini [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-03-05T07:44:34+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo","datePublished":"2020-03-05T07:44:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090"},"wordCount":396,"commentCount":20,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22090#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090","name":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-03-05T07:44:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22090"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22090#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abakoze ibizamini byo kwigisha bazabisuziramo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22090","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=22090"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22090\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=22090"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=22090"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=22090"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}