{"id":22729,"date":"2020-03-29T15:15:11","date_gmt":"2020-03-29T15:15:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/03\/29\/menya-abanyarwanda-amerika-yashyiriyeho-miliyoni-40-ngo-bafatwe\/"},"modified":"2020-03-29T15:15:11","modified_gmt":"2020-03-29T15:15:11","slug":"menya-abanyarwanda-amerika-yashyiriyeho-miliyoni-40-ngo-bafatwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729","title":{"rendered":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe"},"content":{"rendered":"<p>Urwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by\u2019intambara, jenoside ndetse n\u2019ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z\u2019amadolari y\u2019Amerika; arenga miliyari 38 z\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda azahabwa umuntu\/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa.<\/p>\n<p>Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga F\u00e9licien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, Munyarugarama Ph\u00e9n\u00e9as, Sikubwayo Charles na Ryandikayo Charles. Buri wese muri aba yashyiriweho miliyoni eshanu z&#8217;amadolari y&#8217;Amerika.<\/p>\n<h2>Ni bantu ki?<\/h2>\n<p><strong>Bizimana Augustin<\/strong><\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22723\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\" alt=\"eunusshwsae9y_d-1.jpg\" align=\"center\" width=\"1203\" height=\"678\" \/><\/p>\n<p>Bizimana Augustin yavukiye mu cyahoze ari Komine ya Gituza muri Prefecture ya Byumba mu 1954. Ku butegetsi bwa Habyarimana Juv\u00e9nal, Bizimana yabaye Minisitiri w\u2019Ingabo mu 1993 kugeza mu 1994.<\/p>\n<p>Akurikiranweho kugira uruhare mu itegurwa ndetse n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya jenoside kuva mu 1990 kugeza mu 1994. Muri icyo gihe, Bizimana Augustin avugwaho kuba yarateguye akanitabira inama zo kunoza umugambi wa jenoside, gutanga ibikoresho (intwaro) no kugenzura uburyo ubwicanyi bwakorwaga muri Prefecture zitandukanye.<\/p>\n<p>Mu 1994, Bizimana yarahunze ava mu Rwanda, akaba yarashakishijwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), rwashyikirije dosiye ye Urukiko rwa ONU rushinzwe gukurikirana abanyabyaha, IRM (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals)<\/p>\n<p><strong>Kabuga F\u00e9licien <\/strong><\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22724\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c.jpg\" alt=\"eugbtvju8am4f6c.jpg\" align=\"center\" width=\"1203\" height=\"678\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c.jpg 1203w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c-300x169.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c-1024x577.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c-768x433.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eugbtvju8am4f6c-860x485.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1203px) 100vw, 1203px\" \/><\/p>\n<p>Kabuga F\u00e9licien yavukiye mu cyahoze ari Komine ya Mukarange muri Prefecture ya Byumba mu 1935. Ni umunyemari ukurikiranweho gutera inkunga y\u2019amafaranga ishyirwa mu bikorwa rya jenoside ndetse no gutanga intwaro zo kwicisha abatutsi.<\/p>\n<p>Kabuga ashinjwa kugira uruhare mu itegurwa n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya jenoside kuva mu 1990 kugeza mu 1994. Ashinjwa kandi kubiba urwango mu Banyarwanda abicishije mu bitangazamakuru bya Kangura na RTLM yashinze.<\/p>\n<p>Kabuga yahunze mu 1994, ajya mu Busiwisi gusa bamutegetse kuhava, ajya muri RDC, ubu bivugwa ko aharereye muri Kenya ngo yahawe ubudahangarwa. Kuva urukiko rwa ICTR rwashyirwaho mu 1995, Kabuga yabaye ku isonga mu bahigwa ndetse yacitse amagerageza menshi yo kumuta muri yombi. ICTR yamushyiriyeho impapuro zimuta muri yombi mu 1999 ntiyafatwa kugeza ubwo inshingano yari yahawe zarangiriye, dosiye ye ihabwa IRM mu 2012.<\/p>\n<p><strong>Mpiranya Protais<\/strong><\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22725\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/euilp6qxsaa5ukk.jpg\" alt=\"euilp6qxsaa5ukk.jpg\" align=\"center\" width=\"1203\" height=\"678\" \/><\/p>\n<p>Mpiranya yavukiye muri Prefecture ya Gitarama mu 1960. Ku butegetsi bwa Habyarimana, yari umusirikare wahawe amapeti ya S2  mu mutwe w\u2019abarindaga Umukuru w\u2019Igihugu (Presidential Guard), mu 1993 yahawe inshingano zo kuwuyobora, ahabwa ipeti rya S3.<\/p>\n<p>Mpiranya ashinjwa kugira uruhare mu itegurwa n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya jenoside kuva mu 1990 kugeza mu 1994, aho yakurikiranaga imyitozo y\u2019abaturirwaga kuyishyira mu bikorwa muri Prefecture za Ruhengeri, Cyangugu, Gisenyi,\u2026 mu bigo bya gisirikare bya Gabiro, Gako, Mukamira na Bigogwe.<\/p>\n<p>Muri Kamena 2012, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika zifashishije ibitangazamakuru zatangaje ko zishaka abarimo Mpiranya  bari barashyiriweho impapuro zo kubata muri yombi na ICTR. Dosiye ya Mpiranya nayo yashyikirijwe IRM nyuma y\u2019aho inshingano za ICTR zarangiriye.<\/p>\n<p><strong>Kayishema Fulgence<\/strong><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22726\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/eullrznxsaadey4.jpg\" alt=\"eullrznxsaadey4.jpg\" align=\"center\" width=\"1203\" height=\"678\" \/><\/p>\n<p>Kayishema yavukiye muri Komine ya Kivumu muri Prefecture ya Kibuye mu 1961. Yari ashinzwe urwego rw\u2019ubutabera rwa polisi muri Kavumu.<\/p>\n<p>Kayishema afatanyije n\u2019abarimo Meya wa Kavumu, bateguye inama zitandukanye maze bakusanyiriza muri Kiliziya ya Nyange abatutsi bageraga ku 2000 bari bahungiye mu nkambi zitandukanye muri iyi komine. Bahaye Interahamwe amavuta yo gutwikisha iyi kiliziya ndetse aba \u2018Gendarmes\u2019 n\u2019abapolisi ba komine bahamisha amagerenade, abari mu rusengero baricwa.<\/p>\n<p>ICTR yakuriranyeho Kayishema icyaha cya jenoside n\u2019ibifitanye isano nayo. Mu 2007 Umushinjacyaha Mukuru wa ICTR yatanze igitekerezo cy&#8217;uko urukiko rwakohereza dosiye ye  imbere y\u2019ubutabera bw\u2019u Rwanda, byemewa muri Gashyantare 2012, bishyirwa mu ngiro muri Werurwe. <\/p>\n<p><strong>Ndimbati Aloys<\/strong><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22727\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/etzlhk0xgaavrbm.jpg\" alt=\"etzlhk0xgaavrbm.jpg\" align=\"center\" width=\"521\" height=\"637\" \/><\/p>\n<p>Ndimbati yavukiye muri Komine ya Gisovu muri Prefecture ya Kibuye muri za 50 (1950). Yabaye Bourgmestre wa Gisovu kuva mu 1990, mu bubasha yari afite ashinjwa gutegura no gushyira mu bikorwa umugambi wa jenoside muri iyi Prefecture, ubuzima bw\u2019abatutsi babarirwa mu 10,000.<\/p>\n<p>Mu gihe jenoside yakorwaga muri Kibuye, abatutsi bahungiye mu misozi yo mu Bisesero, Ndimbati n\u2019abarimo Charles Sikubwabo bataha amabwiriza Interahamwe, Gendarmes ndetse n\u2019abapolisi ya Komine yo guhiga aba batutsi bari bahunze. <\/p>\n<p>Ndimbati yahunze mu 1994, ICTR imukurikiranaho icyaha cya jenoside n\u2019ibifitanye isano nayo mu 1996. Mu 2002, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika zifashishije ibitangazamakuru muri Kenya, zatangaje ko zishaka Ndimbati, zishyiraho n\u2019aya mafaranga yo guha umuntu uzatanga amakuru atuma afatwa. Mu 2012, ICTR yashyikirije u Rwanda dosiye ya Ndimbati.<\/p>\n<p><strong>Munyarugarama Ph\u00e9n\u00e9as<\/strong><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-22728\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/03\/etpry_lxgcmefsw.jpg\" alt=\"etpry_lxgcmefsw.jpg\" align=\"center\" width=\"522\" height=\"636\" \/><\/p>\n<p>Munyarugarama yavutse mu 1948. Yari umusirikare ku butegetsibwa Habyarimana aho yari afite ipeti rya Lieutenant Colonel. Ashinjwa kugira uruhare mu itegurwa n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya jenoside mu 1994.<\/p>\n<p>ICTR yamushyiriyeho impapuro zimuta muri yombi, dosiye ye ishyikirizwa IRM mu 2012 nayo ishyikiriza dosiye ye ubutabera bw\u2019u Rwanda muri uwo mwaka.<\/p>\n<p><strong>Sikubwayo Charles<\/strong><\/p>\n<p>Sikubwayo yavukiye muri Komine ya Gishyita muri Prefecture ya Kibuye muri za 40 (1940). Yabaye umusirikare mu ngabo za leta yo ku bwa Habyarimana (Ex-FAR) ndetse aba Bourgmestre wa Gishyita kuva mu 1993 kugeza mu 1994. <\/p>\n<p>Sikubwayo ashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi muri Prefecture ya Kibuye kuva tariki ya 9 Mata 1994 kugeza muri Kamena 1994. We n\u2019abarimo Ryandikayo bategetse ba Gendarmes, abapolisi ndetse n\u2019Interahamwe guhiga abatutsi bari bahungiye mu nsengero zitandukanye nk\u2019urwa Mubuga, ahiciwe ibihumbi ny\u2019abatutsi bari bahungiyemo. Bategetse kandi ko abari bahungiye mu misozi ya Bisesero bicwa.<\/p>\n<p>Mu 1996, ICTR yashinje ibyaha 13 birimo jenoside. Amerika yatanze amatangazo yifashishije ibitangazamakuru muri Kenya, ko iri gushakisha Sikubwabo. Mu 2012, ICTR yashyikirije ubutabera bw\u2019u Rwanda dosiye ya Sikubwabo.<\/p>\n<p><strong>Ryandikayo Charles<\/strong><\/p>\n<p>Ryandikayo yavukiye muri Komine ya Gishyita muri Prefecture ya Kibuye mu 1961. Yari afite inzu icuruza amafunguro (restaurant) muri Mubuga muri iyi komine. <\/p>\n<p>Ashinjwa uruhare mu bwicanyi bwakorewe muri Kibuye, cyane cyane mu rusengero rwa Mubuga, rwaguyemo abatutsi bari bahungiyemo. Ryandikayo n\u2019abarimo Sikubwabo Charles batanze amabwiriza yo kwica abatutsi muri Kibuye. <\/p>\n<p>Mu 1996, ICTR yamukurikiyeho icyaha cya jenoside n\u2019ibifitanye isano, mu 2002 Amerika yifashishije ibitangazamakuru muri Kenya itangaza ko iri kumushakisha. Mu 2012, dosiye ye yashyikirijwe ubutabera bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p><strong>Uko ari umunani ntibarafatwa<\/strong><\/p>\n<p>Kuva aba bose bahunga mu 1994, bagakurikiranwa na ICTR kuva mu 1996, bamwe dosiye zabo zigashyikirizwa IRM n\u2019ubutabera bw\u2019u Rwanda, mu 2002 Amerika ikaba yarashyize hanze amatangazo asaba gutanga amakuru yatuma bafatwa, baracyidegembya. Bakekwaho kuba bari mu bihugu bitandukanye nka Kenya, RDC, Congo,\u2026 ariko nta makuru aratangazwa yo kubaca iryera. Kabuga F\u00e9licien ni we wavuzwe kenshi ko yagaragaye muri Kenya, ndetse inzego z\u2019umutekano, iperereza n\u2019ubutasi nka FBI zikaba zaramushakishije, akazica mu rihumye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by\u2019intambara, jenoside ndetse n\u2019ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z\u2019amadolari y\u2019Amerika; arenga miliyari 38 z\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda azahabwa umuntu\/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa. Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga F\u00e9licien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":22723,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[131],"class_list":["post-22729","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-zicukumbuye","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by\u2019intambara, jenoside ndetse n\u2019ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z\u2019amadolari y\u2019Amerika; arenga miliyari 38 z\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda azahabwa umuntu\/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa. Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga F\u00e9licien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-03-29T15:15:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1203\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"678\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe\",\"datePublished\":\"2020-03-29T15:15:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729\"},\"wordCount\":986,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/05\\\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\",\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729\",\"name\":\"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/05\\\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\",\"datePublished\":\"2020-03-29T15:15:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/05\\\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/05\\\/eunusshwsae9y_d-1.jpg\",\"width\":1203,\"height\":678,\"caption\":\"eunusshwsae9y_d-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22729#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA","og_description":"Urwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by\u2019intambara, jenoside ndetse n\u2019ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z\u2019amadolari y\u2019Amerika; arenga miliyari 38 z\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda azahabwa umuntu\/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa. Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga F\u00e9licien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-03-29T15:15:11+00:00","og_image":[{"width":1203,"height":678,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe","datePublished":"2020-03-29T15:15:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729"},"wordCount":986,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg","keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729","name":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg","datePublished":"2020-03-29T15:15:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22729"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/eunusshwsae9y_d-1.jpg","width":1203,"height":678,"caption":"eunusshwsae9y_d-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22729#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22729","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=22729"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22729\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/22723"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=22729"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=22729"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=22729"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}