{"id":22910,"date":"2020-04-04T17:44:19","date_gmt":"2020-04-04T17:44:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/04\/04\/ndarikira-musaza-wanjye-ariko-nabuze-uko-ntobora-umukobwa-w-i-kigoma\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:04","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:04","slug":"ndarikira-musaza-wanjye-ariko-nabuze-uko-ntobora-umukobwa-w-i-kigoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910","title":{"rendered":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#8217;i Kigoma"},"content":{"rendered":"<p>Sameera Sarah ni umukobwa w&#8217;imyaka 27 y&#8217;amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania.<\/p>\n<p>Afite musaza we w&#8217;imyaka 24 y&#8217;amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n&#8217;ubuzima bw&#8217;imyororokere n&#8217;urukundo.<\/p>\n<p>We n&#8217;uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko kwicara hanze ku kazuba akenyeye agasume gusa cyangwa se agaragaza igice cyo hejuru cy&#8217;umubiri we.<\/p>\n<p>Bitewe n&#8217;iyo myitwarire, yavuze ko na we atagira ikibazo cy&#8217;uko yamubona agaragara mu buryo budasanzwe, n&#8217;ubwo bwaba ari bwa bundi bukurura abasore. Ngo ntabwo umwe muri bo yakwica inzara kandi undi ahari, byo ngo nta kidasanzwe.<\/p>\n<p>Aho bigeze ngo Sameera arumva arushaho kurarikira musaza we bitewe na ya myitwarire, ariko akaba agira isoni zo kubimubwira nka musaza we; icyakoze ngo na we (musaza we ) bahuje ibitekerezo, akaritobora, na we atazuyaza.<\/p>\n<p><strong>Imyitwarire nk&#8217;iyi si iya Sameera gusa<\/strong><\/p>\n<p>Mu miryango itandukanye hari ubwo umuhungu n&#8217;umukobwa n&#8217;abavandimwe bitewe n&#8217;uko bari mu kigero kimwe bagiranaho imyitwarire idasanzwe, bakisanzura bumva ko nta kibazo biteye.<\/p>\n<p>Nyamara iyo birenze urugero nk&#8217;uko byagenze kuri Sameera na musaza we, bishobora kugira ingaruka mbi zirimo gusebya umuryango, bijyanye no kwangiza umuco.<\/p>\n<p>Kwisanzuranaho ni byiza mu gihe bitarenze urugero kandi ni na byiza ko umukobwa amenya ko kwitwararika no kwigengesera ari byo bizamugira umugore mwiza. <\/p>\n<p>N&#8217;umusore wifuza kuzavamo umugabo mwiza ni ngombwa ko ashyiraho umupaka atarenza yitwara cyangwa se aganira na mushiki we.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Sameera Sarah ni umukobwa w&#8217;imyaka 27 y&#8217;amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania. Afite musaza we w&#8217;imyaka 24 y&#8217;amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n&#8217;ubuzima bw&#8217;imyororokere n&#8217;urukundo. We n&#8217;uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-22910","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#039;i Kigoma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#039;i Kigoma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Sameera Sarah ni umukobwa w&#8217;imyaka 27 y&#8217;amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania. Afite musaza we w&#8217;imyaka 24 y&#8217;amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n&#8217;ubuzima bw&#8217;imyororokere n&#8217;urukundo. We n&#8217;uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-04T17:44:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#8217;i Kigoma\",\"datePublished\":\"2020-04-04T17:44:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910\"},\"wordCount\":259,\"commentCount\":16,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910\",\"name\":\"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w'i Kigoma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-04-04T17:44:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22910#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#8217;i Kigoma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w'i Kigoma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w'i Kigoma - BWIZA","og_description":"Sameera Sarah ni umukobwa w&#8217;imyaka 27 y&#8217;amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania. Afite musaza we w&#8217;imyaka 24 y&#8217;amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n&#8217;ubuzima bw&#8217;imyororokere n&#8217;urukundo. We n&#8217;uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-04-04T17:44:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:04+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#8217;i Kigoma","datePublished":"2020-04-04T17:44:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910"},"wordCount":259,"commentCount":16,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22910#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910","name":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w'i Kigoma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-04-04T17:44:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22910"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22910#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w&#8217;i Kigoma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22910","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=22910"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22910\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=22910"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=22910"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=22910"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}