{"id":22916,"date":"2020-04-04T17:34:06","date_gmt":"2020-04-04T17:34:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/04\/04\/nyanza-abo-mu-miryango-y-abasore-babiri-barashwe-na-polisi-banze-kubashyingura\/"},"modified":"2020-04-04T17:34:06","modified_gmt":"2020-04-04T17:34:06","slug":"nyanza-abo-mu-miryango-y-abasore-babiri-barashwe-na-polisi-banze-kubashyingura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916","title":{"rendered":"Nyanza: Abo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abantu bo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na polisi y&#8217;u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza  banze gushyingura abantu babo.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Amakuru avuga ko  kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, ariko kandi ngo bahawe iminsi itatu, nishira hazafatwa icyemezo kucyakorwa.<\/p>\n<p>Amakuru Bwiza.com ikesha Intyoza.com aturutse mu baturage, avuga ko aho aba baturage barashwe kuwa 24 Werurwe 2020, batarashyingurwa.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko imirambo ikiri  mu nzu y\u2019uburuhukiro mu Bitaro bya Nyanza, aho bene abantu banze kubashyingura, bakanga no kugira uruhare mu gufatanya n\u2019ubuyobozi ndetse n\u2019ibitaro bibitse imirambo kubashyingura.<\/p>\n<p><strong>Ni iki gituma badashyingura abantu babo?<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Abo mu miryango y&#8217;abarashwe ngo bavuga ko ababarashe ari nabo bakwiye kubashyingura. Hari n&#8217;amakuru avuga ko umwe mu banyamurango  yasabye ko umwe muri aba babiri barashwe ( yari umusirikare) yajyanwa ahashyingurwa abasirikare i Kanombe.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Nyagisozi,  Niwemwana Immaculee avuga ko koko abaturage bene imirambo badashaka kubashyingura cyangwa se ngo banafatanye n\u2019ubuyobozi mu ishyingurwa ryabo.<\/p>\n<p>Gitifu Niwemwana yabwiye Intyoza.com ko \u201d Ibaruwa bandikiwe n\u2019ibitaro bibasaba ko bagira uruhare mu gushyingura abana babo, uwo twabonye ni umwe utarabashije kubyemera, undi ntawe twabonye kuko ntiyari ari iwe mu rugo, uwo si najya kumubeshyera kandi tutarigeze tubonana nawe.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201d Uwabyanze na we, yavuze ko nta bushobozi, nako ngo atagishaka ibyo ngibyo. Nta n&#8217;ubwo ari ikibazo cy\u2019ubushobozi kuko iyo abusaba twari kumufasha, nta n\u2019ikibazo gihari twarabigerageje, ariko ubushake bwabo kuba batabishaka nyine ubwo ntabwo waforusa( wahatira) umuntu ikitamurimo.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi akomeza avuga ko aba baturage bahawe iminsi itatu nirangira hazafatwa ikindi cyemezo. Avuga ko nyuma y\u2019iyi minsi inzego zizareba ikigomba gukorwa gikwiriye. Ibitaro ngo byabahaye iminsi itatu izarangira kuri uyu wa mbere cyangwa kuwa kabiri, tariki ya 06-07 Mata 2020.<\/p>\n<p><strong>Abaturage ntibashaka kumva icyo ubuyobozi bubabwira<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Gitifu Niwemwana avuga kandi ko ubuyobozi bwaganirije aba baturage, ntibabasha kubyumva, ariko ngo no mu gihe cy\u2019iyi minsi itatu bazakomeza kubegera babaganirize.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko  ubuyobozi bwiteguye gufasha aba baturage gushyingura abantu babo. Ati \u201d Ubufasha bwo twe turi tayari kububaha ahubwo ni uko batatugaragariza icyo bifuza. Ntabwo berura mubyukuri, impamvu mvuga ko baterura ni uko ntawatubwiye ati wenda icyo tubura ni isanduka ni mudufashe, icyo tubura ni imodoka ngo ituzanire imirambo ni mudifashe?&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi avuga ko ibyo gusaba ko umwe bivugwa ko yari umusirikare yashyingurwa i Kanombe byo basanze bitashoboka.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu bo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na polisi y&#8217;u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza banze gushyingura abantu babo. Amakuru avuga ko kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya. Ubuyobozi bw\u2019Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-22916","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyanza: Abo mu miryango y&#039;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyanza: Abo mu miryango y&#039;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu bo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na polisi y&#8217;u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza banze gushyingura abantu babo. Amakuru avuga ko kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya. Ubuyobozi bw\u2019Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-04T17:34:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Nyanza: Abo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura\",\"datePublished\":\"2020-04-04T17:34:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916\"},\"wordCount\":419,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916\",\"name\":\"Nyanza: Abo mu miryango y'abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-04-04T17:34:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=22916#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyanza: Abo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyanza: Abo mu miryango y'abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyanza: Abo mu miryango y'abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA","og_description":"Abantu bo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na polisi y&#8217;u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza banze gushyingura abantu babo. Amakuru avuga ko kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya. Ubuyobozi bw\u2019Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-04-04T17:34:06+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Nyanza: Abo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura","datePublished":"2020-04-04T17:34:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916"},"wordCount":419,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22916#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916","name":"Nyanza: Abo mu miryango y'abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-04-04T17:34:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=22916"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=22916#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyanza: Abo mu miryango y&#8217;abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22916","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=22916"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/22916\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=22916"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=22916"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=22916"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}