{"id":23361,"date":"2020-04-21T15:46:46","date_gmt":"2020-04-21T15:46:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/04\/21\/amakipe-atanu-ni-yo-yonyine-agihemba-abakinnyi-bayo-mu-rwanda\/"},"modified":"2020-04-21T15:46:46","modified_gmt":"2020-04-21T15:46:46","slug":"amakipe-atanu-ni-yo-yonyine-agihemba-abakinnyi-bayo-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361","title":{"rendered":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha isi, cyatumye amakipe menshi muri shampiyona y&#8217;ikiciro cya mbere mu Rwanda ahagarika by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo guhera mu ntangiriro za Mata.<em><\/strong><\/p>\n<p>Amakipe arimo Musanze FC, Espoir FC, Rayon Sports na Bugesera ni yo yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yahagaritse by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo.<\/p>\n<p>Ni nyuma yo gusanga abo bakinnyi nta kazi bari kuyakorera, ibyatumye imishahara yabo iba ihagaritswe. Bugesera FC ni yo kipe iheruka gutangaza ku mugaragaro ko yahagaritse by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo, aho mu ibaruwa ubuyobozi bw&#8217;iyi kipe bwabandikiye bwabamenyesheje ko bazajya bahembwa 1\/3 cy&#8217;umushahara wabo.<\/p>\n<p>Cyakora cyo n&#8217;ubwo amakipe ane ari yo yatangaje ku mugaragaro ko yamaze guhagarika by&#8217;agateganyo amasezerano afitanye n&#8217;abakozi bayo, amakuru avuga ko hari n&#8217;andi makipe arindwi yamaze gufata icyo cyemezo, bigatuma umubare w&#8217;amakipe ugera kuri 11.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko amakipe agihemba abakinnyi bayo ari AS Kigali, Marines FC, Gasogi United, Police FC na APR FC.<\/p>\n<p>Mu makipe nka Mukura VS ho abakinnyi baheruka guhabwa umushahara wabo mu Ugushyingo 2019.<\/p>\n<p><strong>Icyemezo cyo guhagarika imishahara cyakiriwe nabi<\/strong><\/p>\n<p>Rayon Sports ni imwe mu makipe yafashe icyemezo cyo guhagarika imishahara y&#8217;abakinnyi bayo, nyuma yo kugerwaho n&#8217;ingaruka z&#8217;ubukungu zatewe na COVID-19.<\/p>\n<p>Ni icyemezo iyi kipe yafashe, mu gihe amezi yakabakabaga atatu abakinnyi batabona umushahara.Icyemezo cyo kubahagarikira imishahara n&#8217;ubundi batahabwaga, cyatumye abakinnyi ba Gikundiro bandikira ubuyobozi bw&#8217;ikipe babumenyesha ko batanyuzwe n&#8217;icyemezo bwafashe.<\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uko babwiwe ko batazahabwa imishahara irimo n&#8217;iy&#8217;ukwezi kwa Werurwe, kandi muri uku kwezi barakinnyemo imikino ine harimo uwa Etincelles, Musanze, Marines na Gicumbi.<\/p>\n<p>Mu ibaruwa aba bakinnyi banditse kuri uyu wa 21 Mata, baburiye ubuyobozi bwa Rayon Sports ko nibutisubira kuri iki cyemezo babujyana mu nkiko, bijyanye n&#8217;uko icyemezo bwafashe kidahura n&#8217;amabwiriza y&#8217;impuzamashyirahamwe y&#8217;umupira w&#8217;amaguru ku isi, FIFA.<\/p>\n<p>Abakinnyi ba Rayon Sports bagize bati&#8221; Nk&#8217;abakinnyi tubandikiye tubasaba kwisubiraho ku cyemezo cyanyu mwafashe mukabanza mukatwegera tukajya inama, mwaba mutabyubahirije hakazitabazwa inzira y&#8217;amategeko aturengera.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Icyo FIFA ivuga ku bijyanye n&#8217;uko amakipe yahagarikira abakinnyi imishahara<\/strong><\/p>\n<p>FIFA ivuga ko yashyizeho imirongo ngenderwaho ku isi yose aho umwe muri yo uvuga ko bizwi ko icyorezo cya COVID-19 cyagize ingaruka ku bukungu bw&#8217;amahirwe, bikaba bishobora kuzatuma ibyo amakipe yahaga abakinnyi bitaboneka nk&#8217;uko bisanzwe.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo FIFA ivuga ko amakipe akwiye kwicarana n\u2019abakinnyi, bakumvikana ku buryo imishahara bari basanzwe bahabwa bashobora kuzayihabwa mu minsi iri imbere cyangwa se ikaba yagabanywa, ariko byumvikanweho n\u2019impande zombi.<\/p>\n<p>Mu umwanzuro waba wavuze, FIFA ivuga ko ari yo izicara igakemura izi mpaka hagendewe ku ngingo enye; zirimo kureba niba amakipe yarabanje kugerageza kumvikana n\u2019abakinnyi bikanga, kureba niba abakinnyi barafashwe kimwe bose ndetse no kureba niba nta ruhande rwabogamiweho cyane.<\/p>\n<p>Ni ingingo zishobora kugonga amwe mu makipe ya hano mu Rwanda yafashe kiriya cyemezo, kuko amenshi yabikoze atabanje kubiganiraho n&#8217;abakozi bayo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha isi, cyatumye amakipe menshi muri shampiyona y&#8217;ikiciro cya mbere mu Rwanda ahagarika by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo guhera mu ntangiriro za Mata. Amakipe arimo Musanze FC, Espoir FC, Rayon Sports na Bugesera ni yo yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yahagaritse by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo. Ni nyuma yo gusanga abo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-23361","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha isi, cyatumye amakipe menshi muri shampiyona y&#8217;ikiciro cya mbere mu Rwanda ahagarika by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo guhera mu ntangiriro za Mata. Amakipe arimo Musanze FC, Espoir FC, Rayon Sports na Bugesera ni yo yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yahagaritse by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo. Ni nyuma yo gusanga abo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-21T15:46:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2020-04-21T15:46:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361\"},\"wordCount\":484,\"commentCount\":20,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361\",\"name\":\"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-04-21T15:46:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23361#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha isi, cyatumye amakipe menshi muri shampiyona y&#8217;ikiciro cya mbere mu Rwanda ahagarika by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo guhera mu ntangiriro za Mata. Amakipe arimo Musanze FC, Espoir FC, Rayon Sports na Bugesera ni yo yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yahagaritse by&#8217;agateganyo amasezerano y&#8217;abakozi bayo. Ni nyuma yo gusanga abo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-04-21T15:46:46+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda","datePublished":"2020-04-21T15:46:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361"},"wordCount":484,"commentCount":20,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23361#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361","name":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-04-21T15:46:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23361"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23361#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amakipe atanu ni yo yonyine agihemba abakinnyi bayo mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23361","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=23361"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23361\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=23361"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=23361"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=23361"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}