{"id":23512,"date":"2020-04-26T16:32:53","date_gmt":"2020-04-26T16:32:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/04\/26\/mugina-burugumesitiri-ndagijimana-yiyemeje-kujya-ahemba-abo-kurwanya-abicaga\/"},"modified":"2020-04-26T16:32:53","modified_gmt":"2020-04-26T16:32:53","slug":"mugina-burugumesitiri-ndagijimana-yiyemeje-kujya-ahemba-abo-kurwanya-abicaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512","title":{"rendered":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi"},"content":{"rendered":"<p>Tariki ya 26 Mata 1994 ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorerwaga abatutsi ryarakomeje mu gihugu. Icyo gihe Burugumesitiri Ndagijimana  Callixte wari Burugumesitiri wa Komini ya Mugina yari yiyemeje kujya ahemba abantu kugira ngo barwanye ibitero byagabwaga kuri Paruwasi ya Mugina.<\/p>\n<p>Ubu ngubu, iyi Paruwasi iherereye mu Kagari ka Mbati, Umurenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y\u2019Amajyepfo. Yari yarahungiyemo abatutsi benshi baturutse mu bice bitandukanye birimo ibyari byegereye iyi Komini, za Bugesera, Kigali Ngari n\u2019ahandi.<\/p>\n<p><strong>Bari biteguye kwirwanaho<\/strong><\/p>\n<p>Ubwo ibi bitero byatangiraga biturutse mu duce turimo Mbati, Mukinga na Jenda, aba batutsi batewe intege n\u2019ubwinshi bwabo batangiye birwanaho bashyigikiwe na Ndagijimana wiyemeje kwishyura ababafasha barimo abatutsi, abahutu n\u2019abapolisi.<\/p>\n<p>Gusa Ndagijimana yakomwe mu nkonkora no kurwanywa n\u2019abarimo Ngiruwonsanga Onesphore wigeze kuba Burugumesitiri wa Mugina, ndetse baramwica nk\u2019umunyembaraga warimo, babaca intege batyo.<\/p>\n<p><strong>Bicishijwe inzara n\u2019inyota<\/strong><\/p>\n<p>Ngiruwonsanga cyangwa se Gitaro yakoresheje inama, ategeka ko bafunga amazi ndetse bashyiraho ba bariyeri n\u2019imbwa zo guhiga abatutsi, kugira ngo batabona uko bajya gushaka ibyo kurya. Inka bari barahunganye ni zo batangiye kurya, ubwo inzara yari itangiye kubica.<\/p>\n<p><strong>Hifashijwe imbaraga z\u2019umurengera mu kubica<\/strong><\/p>\n<p>Nyuma yo kwica Burugumesitiri Ndagijimana, Ngiruwonsanga n\u2019abarimo Kanyanzira na Maj. Karangwa Pierre Claver wahungiye mu Buholandi, bifashishije impunzi z\u2019Abarundi zari muri Nyagahama na Kinazi, abasirikare baje mu modoka zigera kuri 14 n\u2019Interahamwe kugira ngo bose babafashe kwica abatutsi. <\/p>\n<p>Hiyongereyeho kandi ibitero byaturukaga mu duce twa Kabugondo, Runda na Ngoma, bicisha abari bahungiye muri Paruwasi intwaro zirimo imbunda, imihoro, amabuye, na za gerenade.<\/p>\n<p>Ku itariki nk\u2019iyi mu 1994, ubwicanyi kuri Paruwasi ya Mugina bwari bwaratangiye ariko ni  bwo bose bari bamaze gupfa. Kuri iyi tariki ndetse na 25 Mata, ni bwo ubwicanye bwari bukomeye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Tariki ya 26 Mata 1994 ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorerwaga abatutsi ryarakomeje mu gihugu. Icyo gihe Burugumesitiri Ndagijimana Callixte wari Burugumesitiri wa Komini ya Mugina yari yiyemeje kujya ahemba abantu kugira ngo barwanye ibitero byagabwaga kuri Paruwasi ya Mugina. Ubu ngubu, iyi Paruwasi iherereye mu Kagari ka Mbati, Umurenge wa Mugina mu Karere ka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-23512","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Tariki ya 26 Mata 1994 ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorerwaga abatutsi ryarakomeje mu gihugu. Icyo gihe Burugumesitiri Ndagijimana Callixte wari Burugumesitiri wa Komini ya Mugina yari yiyemeje kujya ahemba abantu kugira ngo barwanye ibitero byagabwaga kuri Paruwasi ya Mugina. Ubu ngubu, iyi Paruwasi iherereye mu Kagari ka Mbati, Umurenge wa Mugina mu Karere ka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-26T16:32:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi\",\"datePublished\":\"2020-04-26T16:32:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512\"},\"wordCount\":289,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512\",\"name\":\"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-04-26T16:32:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23512#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA","og_description":"Tariki ya 26 Mata 1994 ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorerwaga abatutsi ryarakomeje mu gihugu. Icyo gihe Burugumesitiri Ndagijimana Callixte wari Burugumesitiri wa Komini ya Mugina yari yiyemeje kujya ahemba abantu kugira ngo barwanye ibitero byagabwaga kuri Paruwasi ya Mugina. Ubu ngubu, iyi Paruwasi iherereye mu Kagari ka Mbati, Umurenge wa Mugina mu Karere ka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-04-26T16:32:53+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi","datePublished":"2020-04-26T16:32:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512"},"wordCount":289,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23512#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512","name":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-04-26T16:32:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23512"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23512#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mugina: Burugumesitiri Ndagijimana yiyemeje kujya ahemba abo kurwanya abicaga abatutsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23512","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=23512"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23512\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=23512"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=23512"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=23512"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}