{"id":2358,"date":"2016-08-10T14:51:34","date_gmt":"2016-08-10T14:51:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/08\/10\/abanyamakuru-bo-mu-rwanda-mu-nzira-zo-gushinga-ikigo-cy-imari\/"},"modified":"2025-02-12T19:09:28","modified_gmt":"2025-02-12T17:09:28","slug":"abanyamakuru-bo-mu-rwanda-mu-nzira-zo-gushinga-ikigo-cy-imari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358","title":{"rendered":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari"},"content":{"rendered":"<p>Abanyamakuru bo mu Rwanda barateganya gushinga ikigo cy\u2019imari iciriritse kizajya kibafasha mu kwiteza imbere nk\u2019uko byemerejwe mu nteko rusange y\u2019Itorero ry\u2019Abanyamakuru \u201cImpamyabigwi\u201d yateraniye i Kigali.<\/p>\n<p>Umwe mu banyamakuru bagize igitekerezo cyo gutangiza \u201cImpamyabigwi Development Fund\u201d, Rene Anthere Rwanyange, yasobanuriye abagize inteko rusange i (Abatoza b\u2019intore z\u2019abanyamakuru) batangiye ari abanyamakuru 30 ariko bakaba bafite gahunda yo kwagura imikorere.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cTwaricaye nk\u2019abanyamakuru tugira igitekerezo cyo gushyiraho ikigo cy\u2019imari cyadufasha kwiteza imbere, duhita dushyiraho ikitwa \u2018Media Ventures Group Ltd\u2019. Mu gutangiza uyu mushinga, twawutangiye turi abanyamakuru 30 hanyuma ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe imiyoborere kitwandika nk\u2019ikigo cy\u2019ishoramari.\u201d Yongeyeho ko mu mishinga bazashoramo imari harimo imyubakire, kwakira abantu n\u2019ubwikorezi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cDufite imishinga yo kubaka inzu ariko abanyamakuru bakajya bazigura ku giciro gito, tuzubaka ahantu twakwakirira abantu bashobora kumara igihe cyangwa abacumbika mu gihe gito bagakomeza ingendo zabo. Ikindi turateganya kugura imodoka izajya itwara abantu mu mujyi wa Kigali.\u201d<\/p>\n<p>Abanyamuryango ba \u201cMedia Ventures Group Ltd\u201d kuri ubu ni 33, buri munyamuryango atanga umugabaneshingiro wa buri kwezi ungana n\u2019amafaraga 30,000.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-39386 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\" alt=\"itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><\/p>\n<p>Barateganya kandi ko mu gihe cy\u2019imyaka itatu iri imbere bazaba bamaze kugura ubutaka bwa hegitari eshatu, ikindi kandi bakazakora ikinyamakuru kimwe gikorera kuri murandasi n\u2019ikindi cyandika ku mpapuro.<\/p>\n<p> <strong>Abanyamakuru basanga mu minsi mike icyo kigo kizabafasha gukirigita ifaranga<\/strong> <\/p>\n<p>Abanyamakuru Ildephonse Sinabubariraga na Dorothy Mbabazi bahuriza ku kuba iki kigo cy\u2019ishoramari mu gihe cyaba gitangiye cyafasha abanyamakuru kwiyubaka kiramutse gicunzwe neza, ikindi ngo cyabafasha muri byinshi birimo guteza imbere ibigo by\u2019itangazamakuru.<\/p>\n<p>Diane Mushimiyimana we yabwiye Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru ko icya mbere ari ugushyira hamwe kuko ari wo musingi w\u2019iterambere ku bantu bafite icyerekezo kimwe. Yakomeje agira ati: \u201cIkindi urabona ko bavuze ngo abanyamuryango bazajya babona inguzanyo ku buryo bworoshye mu gihe dukoze imishinga ibyara inyungu kandi yaduteza imbere mu gihe gito.\u201d<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Emmanuel Kwizera ati \u201cMbona ikigega cyabafasha cyane mu gihe cyazaba kibayeho. Ariko nagize impungenge ku itangwa ry\u2019imisanzu kuko abanyamakuru benshi nta masezerano bagirana n\u2019ibigo bakorera. Aho rero nabonye kuba batagitanga amasezerano bishobora kuzatuma habaho kudatangira rimwe umusanzu ukenewe\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201cIkigega cyo nikibaho cyazadufasha cyane kuko kuba hari abatagira amasezerano ubwabyo, urabyumva ko nta banki n\u2019imwe yaduha inguzanyo ku mushahara. Ariko twishyiriyeho ikigega, cyajya kitugoboka kikaduha inguzanyo tukiteza imbere. Itangazamakuru ryacu kugeza ubu ririmo urubyuruko rwinshi rukeneye kwiyubaka kandi abenshi bagomba kwiyubaka babinyujije mu kubona inguzanyo. Icyo kigega cyazatugirira akamaro cyane.\u201d<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyamakuru bo mu Rwanda barateganya gushinga ikigo cy\u2019imari iciriritse kizajya kibafasha mu kwiteza imbere nk\u2019uko byemerejwe mu nteko rusange y\u2019Itorero ry\u2019Abanyamakuru \u201cImpamyabigwi\u201d yateraniye i Kigali. Umwe mu banyamakuru bagize igitekerezo cyo gutangiza \u201cImpamyabigwi Development Fund\u201d, Rene Anthere Rwanyange, yasobanuriye abagize inteko rusange i (Abatoza b\u2019intore z\u2019abanyamakuru) batangiye ari abanyamakuru 30 ariko bakaba bafite gahunda yo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2358","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyamakuru bo mu Rwanda barateganya gushinga ikigo cy\u2019imari iciriritse kizajya kibafasha mu kwiteza imbere nk\u2019uko byemerejwe mu nteko rusange y\u2019Itorero ry\u2019Abanyamakuru \u201cImpamyabigwi\u201d yateraniye i Kigali. Umwe mu banyamakuru bagize igitekerezo cyo gutangiza \u201cImpamyabigwi Development Fund\u201d, Rene Anthere Rwanyange, yasobanuriye abagize inteko rusange i (Abatoza b\u2019intore z\u2019abanyamakuru) batangiye ari abanyamakuru 30 ariko bakaba bafite gahunda yo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-08-10T14:51:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T17:09:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari\",\"datePublished\":\"2016-08-10T14:51:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:09:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358\"},\"wordCount\":424,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358\",\"name\":\"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\",\"datePublished\":\"2016-08-10T14:51:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:09:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2358#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA","og_description":"Abanyamakuru bo mu Rwanda barateganya gushinga ikigo cy\u2019imari iciriritse kizajya kibafasha mu kwiteza imbere nk\u2019uko byemerejwe mu nteko rusange y\u2019Itorero ry\u2019Abanyamakuru \u201cImpamyabigwi\u201d yateraniye i Kigali. Umwe mu banyamakuru bagize igitekerezo cyo gutangiza \u201cImpamyabigwi Development Fund\u201d, Rene Anthere Rwanyange, yasobanuriye abagize inteko rusange i (Abatoza b\u2019intore z\u2019abanyamakuru) batangiye ari abanyamakuru 30 ariko bakaba bafite gahunda yo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-08-10T14:51:34+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T17:09:28+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari","datePublished":"2016-08-10T14:51:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:09:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358"},"wordCount":424,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358","name":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg","datePublished":"2016-08-10T14:51:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:09:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2358"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/itorero_ry_abanyamakuru_impamyabigwi-6b6d3.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2358#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cy\u2019imari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2358","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2358"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2358\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2358"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2358"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2358"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}