{"id":2363,"date":"2016-08-10T22:35:27","date_gmt":"2016-08-10T22:35:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/08\/10\/ambasaderi-richard-gasana-wari-uhagarariye-u-rwanda-muri-loni-yakuwe-ku-mwanya\/"},"modified":"2025-02-12T19:09:25","modified_gmt":"2025-02-12T17:09:25","slug":"ambasaderi-richard-gasana-wari-uhagarariye-u-rwanda-muri-loni-yakuwe-ku-mwanya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363","title":{"rendered":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we"},"content":{"rendered":"<p>None kuwa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019amategeko yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko yemereye kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru Abapolisi 303 n\u2019Abacungagereza 24.<\/p>\n<p> Inama y\u2019Abaminisitiri yishimiye ko Inama ya African Union yahuje Abakuru b\u2019Ibihugu n\u2019aba za Guverinoma yabereye i Kigali, muri Convention Center, kuva ku itariki ya 10 kugeza ku ya 18 Nyakanga 2016 yagenze neza cyane, ishimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame by\u2019umwihariko n\u2019abandi Bayobozi uruhare babigizemo.<\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje imyanzuro y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri yo kuwa 8 Nyakanga 2016, imaze kuyikorera ubugororangingo.<\/li>\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yagejejweho Raporo y\u2019Isuzuma ry\u2019Imihigo y\u2019Inzego z\u2019Ubutegetsi Bwite bwa Leta n\u2019iy\u2019Inzego z\u2019Ibanze mu mwaka w\u2019ingengo y\u2019imari wa 2015-2016, ifata ingamba zo kwita ku mihigo itarashyizwe mu bikorwa ku buryo bushimishije.<\/li>\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yagejejweho raporo ku buryo Imihigo y\u2019Inzego z\u2019Ubutegetsi Bwite bwa Leta n\u2019iy\u2019Inzego z\u2019Ibanze y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari wa 2016-2017 yateguwe, irayishima.<\/li>\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje imibare fatizo (index value) ya 350 na 400 y\u2019imishahara mu Nzego Nkuru za Leta, muri za Minisiteri no mu Bigo bya Leta, yari iri munsi y\u2019umubare fatizo wa 400 n\u2019amateka ajyanye nabyo.<\/li>\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje ivugurura ry\u2019Inzego za Polisi y\u2019Igihugu n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa no guhindura Urwego ruzireberera, inemeza ishyirwaho rya Rwanda Investigation Bureau na Rwanda Law Enforcement Academy.<\/li>\n<\/ol>\n<p>2 6. Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje gahunda yo gukodesha n\u2019Umushoramari Uzima Chicken Ltd Ituragiro ry\u2019Igihugu rya Rubilizi mu rwego rwo kuricunga neza no kuribyaza umusaruro.<\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\" start=\"7\">\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Imishinga y\u2019Amategeko ikurikira:<\/li>\n<\/ol>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda, kuwa 13 Nyakanga 2016, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019Ikigo cy\u2019Ubuyapani Gishinzwe Ubutwererane Mpuzamahanga (JICA), yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na Miliyari Esheshatu na Miliyoni Magana Inani na Mirongo Inani n\u2019Icyenda z\u2019Amayeni y\u2019Ubuyapani (6.889.000.000 \u00a5) agenewe Umushinga wo gutunganya umuhanda Rusumo-Kayonza;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo yashyiriweho umukono i Beijing mu Bushinwa kuwa 29 Nyakanga 2016, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda na Banki y\u2019Ubushinwa y\u2019Ubucuruzi bw\u2019Ibyinjira n\u2019Ibisohoka mu Gihugu, yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na Miliyoni Magana Ane n\u2019Ibihumbi Mirongo Inani n\u2019Umunani z\u2019Ama Yuan (\u00a5 488,000,000) agenewe Umushinga wo gutunganya imihanda yo mu Mujyi wa Kigali;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda, kuwa 25 Nyakanga 2016, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019Ikigega Nyafurika Gitsura Amajyambere (ADF), yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na Miliyoni Mirongo Itatu n\u2019Eshanu n\u2019Ibihumbi Magana Cyenda za \u00abUnits of Account\u00bb (35.900.000 UA) agenewe Gahunda y\u2019Ubumenyi, Umurimo no Kwihangira imirimo &#8211; Icyiciro cya III;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019impano yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda, kuwa 13 Nyakanga 2016, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (ADB), ihagarariye Ikigega cy\u2019Ingoboka ku bufatanye bw\u2019Umuryango w&#8217;Ibihugu by&#8217;Uburayi na Afurika cy\u2019Ibikorwaremezo, yerekeranye n\u2019impano ingana na Miliyoni Makumyabiri z\u2019Amayero (20.000.000 \u00e2\u201a\u00ac) agenewe Umushinga Mpuzabihugu Uganda\/Rwanda w\u2019Imihanda Busega-Mpigi na Kagitumba- Kayonza-Rusumo;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda, kuwa 13 Nyakanga 2016, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019Ikigega Nyafurika Gitsura Amajyambere (ADF), yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na Miliyoni Mirongo Itandatu n\u2019Esheshatu n\u2019Ibihumbi Magana Atanu na Mirongo Itandatu za \u00abUnits of Account\u00bb (66.560.000 UA) agenewe Umushinga Mpuzabihugu Uganda\/Rwanda w\u2019Imihanda Busega-Mpigi na Kagitumba-Kayonza Rusumo;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019ltegeko rishyiraho Ikigo Gishinzwe Iterambere ry\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi mu Rwanda (RAB) rikagena inshingano, imiterere n\u2019lmikorere byacyo; &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Itegeko Shingiro n\u2019Amasezerano bigenga Umuryango Nyafurika w\u2019Itumanaho (ATU) byemerejwe i Cape Town muri Repubulika ya Afurika y\u2019Epfo, kuwa 7 Ukuboza 1999;<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>3 &#8211; Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho Ikigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Ihiganwa n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Ubuziranenge rikanagena inshingano, imiterere n\u2019imikorere byacyo;<\/p>\n<p>&#8211; Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano ajyanye no Gutwara Abantu n\u2019Ibintu mu Kirere hagati y\u2019u Rwanda na Benin, Central Africa Republic, C\u00f4te d&#8217;Ivoire, Ethiopia, Repubulika ya Guinea, Afurika y\u2019Epfo, Sudani na Uganda;<\/p>\n<p> &#8211; Umushinga w\u2019ltegeko rishyiraho Ikigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe iby\u2019Indege za Gisiviri (RCAA) inshingano, imiterere n\u2019imikorere byacyo.<\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\" start=\"8\">\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Amateka akurikira:<\/li>\n<\/ol>\n<p>&#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe rishyiraho Imbonerahamwe y\u2019Imyanya y\u2019Imirimo, Imishahara n\u2019Ibindi bigenerwa Abakozi mu Kigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry\u2019Ibikomoka ku Buhinzi n\u2019Ubworozi (NAEB);<\/p>\n<p>&#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe rigena imishahara n\u2019ibindi bigenerwa Abacungagereza;<\/p>\n<p> &#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe ryemerera Bwana NDOLI Jo\u00e0\u00abl Pierre wari ushinzwe Gusesengura Itangazamakuru mu Biro by\u2019Umuvugizi wa Guverinoma (OGS) guhagarika akazi mu gihe kitazwi;<\/p>\n<p>&#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe riha Ipeti Abofisiye Bato b\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa;<\/p>\n<p> &#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe rishyira mu kiruhuko cy\u2019izabukuru Abacungagereza;<\/p>\n<p>&#8211; Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe risezerera nta mpaka Abofisiye Bato mu Rwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa;<\/p>\n<p> &#8211; Iteka rya Minisitiri rigena Ibipimo Ngenderwaho mu gushyira mu byiciro Ibigo by\u2019Ubukerarugendo;<\/p>\n<p> &#8211; Iteka rya Minisitiri rigena Ibisabwa n\u2019Amafaranga yishyurwa kugira ngo Ibigo by\u2019Ubukerarugendo byemererwe gukora;<\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\" start=\"9\">\n<li>Inama y\u2019Abaminisitiri yahagaritse mu nshingano ze (re-called) Ambasaderi Gasana Richard Eugene.<\/li>\n<\/ol>\n<p> 10.Inama y\u2019Abaminisitiri yashyize mu myanya Abayobozi ku buryo bukurikira:<\/p>\n<p>  <strong>Muri Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi\/MINAGRI<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Bwana KAYISINGA Jean Claude: Umunyamabanga Uhoraho\/Permanent Secretary 4<\/p>\n<p> <strong>Muri Kaminuza y\u2019u Rwanda\/UR<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Amb. Dr. Charles MURIGANDE: Deputy Vice Chancellor for Institutional Advancement<\/p>\n<p> <strong> Muri Aviation Travel and Logistics (ATL) Ltd <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>&#8211; Abagize Inama y\u2019Ubuyobozi\/Board of Directors<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>AKAMANZI Clare, Perezida<\/li>\n<li>NSENGIYUMVA Ramathan: Visi Perezida<\/li>\n<li>KARIZA Belise<\/li>\n<li>KABERA Godfrey<\/li>\n<li>KALIMBA Linda<\/li>\n<li>HAVUGIMANA Francine<\/li>\n<\/ol>\n<p> <strong> Mu Kigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Umutungo Kamere\/RNRA<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Lt. Col. MUNYANGABE Emmanuel: Umuyobozi Mukuru Wungirije ushinzwe Jewoloji na Mine\/Deputy Director General in charge of Geology and Mines<\/p>\n<p>  <strong>Mu Kigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Guteza imbere Amakoperative\/RCA<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Bwana Apollo MUNANURA: Umuyobozi Mukuru\/Director General<\/p>\n<p> <strong> Muri MUHABURA MULTICHOICE LTD (MMC LTD)<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Maj. NKURIKIYUMUKIZA Schadrack: Umuyobozi Mukuru\/Director General  Mu Kigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry\u2019Ibikomoka ku Buhinzi n\u2019Ubworozi\/NAEB<\/p>\n<p> &#8211; URUJENI Sandrine: Umuyobozi Mukuru Wungirije\/Deputy CEO<\/p>\n<p>  <strong>Muri Minisiteri y\u2019Imicungire y\u2019Ibiza no Gucyura Impunzi\/MIDIMAR<\/strong> <\/p>\n<p> &#8211; Madamu KAYUMBA Kanjeru Rose: Umujyanama wa Minisitiri  Muri Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside\/CNLG<\/p>\n<p> &#8211; Bwana MUSONI Peter: Umuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe Ubutegetsi n\u2019Imari.<\/p>\n<p>  <strong>11.Mu Bindi:<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>a) Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko: &#8211; Kuva tariki ya mbere kugeza ku ya 6 Kanama 2016, u Rwanda rwakiriye Inama ya 13 ya Komite ishinzwe Serivisi z\u2019Iperereza n\u2019Umutekano muri Afurika (CISSA) ku 5 nsanganyamatsiko igira iti, \u201cIkoreshwa nabi ry\u2019Ubucamanza Mpuzamahanga kuri Afurika.\u201d<\/li>\n<\/ol>\n<p> &#8211; Kuva tariki ya mbere kugeza ku ya 7 Ukwakira 2016, hateguwe ku nshuro ya 9 Icyumweru cyahariwe Ubumwe n\u2019Ubwiyunge ku nsanganyamatsiko igira iti, \u201cDukomere ku gihango dufitanye n&#8217;u Rwanda turinda ibimaze kugerwaho\u201d.<\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>b) Minisitiri w\u2019Ubucuruzi n\u2019Inganda yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko u Rwanda ruzizihiza Umunsi wahariwe Amakoperative ku itariki ya 12 Kanama 2016 ku nsanganyamatsiko igira iti, \u201cAmakoperative: Ingufu zo gukorera ejo hazaza harambye.\u201d<\/li>\n<li>c) Minisitiri w\u2019Uburezi yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko u Rwanda rwatoranyijwe kwakira Ishuri Nyafurika ry\u2019Ubugenge\/ African School of Physics kuva tariki ya mbere kugeza ku ya 19 Kanama 2016. Intego rusange y\u2019iri shuri ni ukongera ubushobozi mu bumenyi bw\u2019ubugenge bw\u2019ibanze n\u2019ikoreshwa ryabwo muri Afurika.<\/li>\n<li>d) Minisitiri w\u2019Ingabo yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 18 Kanama 2016, u Rwanda ruri kwakira Imikino ya Gisirikari n\u2019Iserukiramuco bihuza Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba ku nshuro ya 10.<\/li>\n<li>e) Minisitiri w\u2019Urubyiruko n\u2019Ikoranabuhanga yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko Umunsi Mpuzamahanga w\u2019Urubyiruko uzizihizwa tariki ya 12 Kanama 2016 ku nsanganyamatsiko igira iti, \u201cUmurimo unoze mu ikoranabuhanga\u201d. Ku rwego rw\u2019Igihugu, ibirori byo kwizihiza uyu munsi bizabera mu Murenge wa Muganza, mu Karere ka Rusizi. Muri icyo gihe, hazatangizwa gahunda ya KORANUBUHANGA igamije gukangurira Abanyarwanda gukoresha Ikoranabuhanga hagamijwe gutanga serivisi nziza kandi zihuse cyane cyane binyuze mu IREMBO, mu rwego rwo kumenyera gukoresha ikoranabuhanga mu kwishyurana.<\/li>\n<li>f) CEO-RDB\/Cabinet Member yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko Umuhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 12 abana b\u2019ingagi 22 uzaba tariki ya 2 Nzeri 2016. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka ni \u201cTwunge ubumwe mu guteza imbere ubukungu binyuze mu kubungabunga ibidukikije.\u201d<\/li>\n<li>g) Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n\u2019Ayisumbuye yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko kuva tariki ya 24 Kanama kugeza tariki ya 3 Nzeri 2016, Amarushanwa y\u2019Imikino ku nshuro ya 16 y\u2019Ishyirahamwe rya Siporo rihuza Amashuri yisumbuye yo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba (FEASSSA) azabera muri Kenya. U Rwanda ruzahagararirwa n\u2019amakipe 27 mu mikino itandukanye.<\/li>\n<\/ol>\n<p> Iri tangazo ryashyizweho umukono na Stella Ford MUGABO Minisitiri Ushinzwe Imirimo y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>None kuwa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019amategeko yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko yemereye kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru Abapolisi 303 n\u2019Abacungagereza 24. Inama y\u2019Abaminisitiri yishimiye ko Inama ya African Union yahuje Abakuru b\u2019Ibihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2363","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"None kuwa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019amategeko yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko yemereye kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru Abapolisi 303 n\u2019Abacungagereza 24. Inama y\u2019Abaminisitiri yishimiye ko Inama ya African Union yahuje Abakuru b\u2019Ibihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-08-10T22:35:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T17:09:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we\",\"datePublished\":\"2016-08-10T22:35:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:09:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363\"},\"wordCount\":1500,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363\",\"name\":\"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-08-10T22:35:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T17:09:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2363#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA","og_description":"None kuwa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019amategeko yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko yemereye kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru Abapolisi 303 n\u2019Abacungagereza 24. Inama y\u2019Abaminisitiri yishimiye ko Inama ya African Union yahuje Abakuru b\u2019Ibihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-08-10T22:35:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T17:09:25+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we","datePublished":"2016-08-10T22:35:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:09:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363"},"wordCount":1500,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2363#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363","name":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-08-10T22:35:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T17:09:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2363"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2363#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2363","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2363"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2363\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2363"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2363"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2363"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}