{"id":23886,"date":"2020-05-12T10:21:37","date_gmt":"2020-05-12T10:21:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/05\/12\/rwamagana-umupasiteri-yishwe-atewe-ibyuma-n-abantu-bataramenyekana\/"},"modified":"2020-05-12T10:21:37","modified_gmt":"2020-05-12T10:21:37","slug":"rwamagana-umupasiteri-yishwe-atewe-ibyuma-n-abantu-bataramenyekana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886","title":{"rendered":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuturage witwa Pasiteri Theoneste Bapfakurera wo mu Mudugudu wa Gitaraga mu Kagari ka Nyarukombe mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, yishwe n\u2019abantu bataramenyekana mu ijoro ryakeye ubwo yari mu iduka ry\u2019uwitwa Th\u00e9ophile Ntirutwa.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Umunyamakuru wa Bwiza.com ukorera mu Karere Rwamagana yavuze ko abantu bagera mu 9 , baje bambaye amakote bafite n\u2019imbunda bakabanza gukanga abaturage hafi yaho pasiteri Theoneste yanyweraga Fanta. Aya makuru kandi akomeza avuga ko aba bakoze ubwicanyi baje bagasanga aho pasiteri yari ari maze bagapfuka ku munwa abantu bane bari kumwe , barangiza bakica uyu pasiteri bakagenda.<\/p>\n<p>Amakuru Bwiza.com yahawe n\u2019umwe mu baturage batashatse gutangazwa amazina ni uko aba bantu bari bitwaje intwaro za gakondo n\u2019imbunda nto (pistol) bageze mu iduka rya Theophile Ntirutwa ahagana saa moya n\u2019igice, ubwo yari arimo gufunga gusa ngo bagakomanga bavuga ko bashaka kwinjira.<\/p>\n<p>Uyu ati \u201c  Hafi saa moya n&#8217;iminota irenga. Th\u00e9ophile Ntirutwa yari arimo yitegura gufunga ka shop ke. Yumva abantu binjiye basunika abantu ngo binjire. We ahita aryama muri kontwari [comptoir], ubwo abo binjijwe bahise bababoha amaboko, batera ibyuma kandi banarasa umwe muri bo Pasteur Theoneste Bapfakurera ahita yitaba Imana.\u201d<\/p>\n<p>Uyu yatangarije Bwiza.com ko uyu Ntirushwa asanzwe ari umurwanashyaka w\u2019ishyaka ritaremererwa gukorera mu Rwanda, DALFA-Umurinzi rya Ingabire Victoire. Akeka ko abagabye iki gitero ari we bashakaga gusa ngo ntibamubonye kuko yari yihishe.<\/p>\n<p>Bahati Bony, Gitifu w&#8217;Umurenge wa Muyumbu we yavuze ko abishe uyu mu pasiteri bamwicishije ibyuma kandi ko batari abajura . Ati &#8221; Ntabwo bari abajura kuko nta kintu bibye baje bagamije kwica, barangije kumwica barigendera, basiga bapfutse umunwa abandi bane ndetse bambuye abaturage amatelefoni yabo mbere yuko bamwica.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201cBigaragara ko bamwishe bamuteye ibyuma ariko babanje gukangisha abaturage imbunda.&#8221;<\/p>\n<p>Bwiza.com yahamagaye Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, CIP Twizeyimana Hamdun avuga ko ari mu nama. Yasabye umunyamakuru kwandika ibibazo yifuza kumubaza mu butumwa bugufi, akaza kubusubiza.<\/p>\n<p>Ubwo iyi  nkuru yategurwaga, CIP Twizeyimana ntiyari yagasubije ubutumwa bugufi yandikiwe. Tukaza gutangaza ibyo yadutangarije kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Bwiza.com kandi yahamagaye Umuvugizi w&#8217;Urwego rw&#8217;Ubugenzacyaha (RIB) , Marie Michelle Umuhoza, atangaza ko iperereza ryatangiye ngo hamenyekane abakoze ubu bwicanyi, yongeyeho kandi ko  abantu bagera kuri 4 bakekwa bamaze gutabwa muri yombi . Igihe iperereza ryazarangira bikazashyikirizwa ubugenzacyaha.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Pasiteri Theoneste Bapfakurera wo mu Mudugudu wa Gitaraga mu Kagari ka Nyarukombe mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, yishwe n\u2019abantu bataramenyekana mu ijoro ryakeye ubwo yari mu iduka ry\u2019uwitwa Th\u00e9ophile Ntirutwa. Umunyamakuru wa Bwiza.com ukorera mu Karere Rwamagana yavuze ko abantu bagera mu 9 , baje bambaye amakote bafite n\u2019imbunda bakabanza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[126],"class_list":["post-23886","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Pasiteri Theoneste Bapfakurera wo mu Mudugudu wa Gitaraga mu Kagari ka Nyarukombe mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, yishwe n\u2019abantu bataramenyekana mu ijoro ryakeye ubwo yari mu iduka ry\u2019uwitwa Th\u00e9ophile Ntirutwa. Umunyamakuru wa Bwiza.com ukorera mu Karere Rwamagana yavuze ko abantu bagera mu 9 , baje bambaye amakote bafite n\u2019imbunda bakabanza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-12T10:21:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana\",\"datePublished\":\"2020-05-12T10:21:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886\"},\"wordCount\":377,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886\",\"name\":\"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-05-12T10:21:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=23886#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Pasiteri Theoneste Bapfakurera wo mu Mudugudu wa Gitaraga mu Kagari ka Nyarukombe mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, yishwe n\u2019abantu bataramenyekana mu ijoro ryakeye ubwo yari mu iduka ry\u2019uwitwa Th\u00e9ophile Ntirutwa. Umunyamakuru wa Bwiza.com ukorera mu Karere Rwamagana yavuze ko abantu bagera mu 9 , baje bambaye amakote bafite n\u2019imbunda bakabanza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-05-12T10:21:37+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana","datePublished":"2020-05-12T10:21:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886"},"wordCount":377,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23886#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886","name":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-05-12T10:21:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=23886"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=23886#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Umupasiteri yishwe atewe ibyuma n\u2019abantu bataramenyekana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23886","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=23886"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/23886\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=23886"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=23886"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=23886"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}