{"id":24025,"date":"2020-05-19T08:24:32","date_gmt":"2020-05-19T08:24:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/05\/19\/imitego-bamwe-mu-b-igitsina-gore-mu-kubika-imbehe-z-ibikomerezwa-byiganjemo\/"},"modified":"2025-02-12T11:55:06","modified_gmt":"2025-02-12T09:55:06","slug":"imitego-bamwe-mu-b-igitsina-gore-mu-kubika-imbehe-z-ibikomerezwa-byiganjemo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025","title":{"rendered":"Imitego bamwe mu b&#8217;igitsina gore mu kubika imbehe z&#8217;ibikomerezwa byiganjemo abagabo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Muri iki gihe, uw\u2019igitsina gore afatwa nk\u2019umunyembaraga, ufite uruhare runini mu iterambere ry\u2019umuryango ndetse n\u2019igihugu. Gusa hari ibyagaragaye ko hari aho ajya yifashishwa mu kugusha bamwe mu b\u2019igitsina gabo mu mitego. Mu myanya y\u2019ubutegetsi ndetse no zindi mpande z\u2019ubuzima bw\u2019ubwamamare nk\u2019umuziki ndetse n\u2019imikino. Uyu mutego wafashe benshi, usimbuka benshi ndetse hari abafite icyizere gike ko gukoresha umugore muri ubu buryo byazacika; cyane ko ari n\u2019ibintu bimaze igihe kirekire cyane.<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Ni umutego ba nyirubwite bagiye bitega, ukabashibukana, abandi bakawutegwa na bagenzi babo bakoranye cyangwa bakorana mu rwego rwo gushaka kububikira imbehe. Impaka ziba nyinshi, hakibazwa niba koko ibyo aba bantu bazira ari ukuri cyangwa ikinyoma. Iyo babyigobotoye, havugwa imbaraga z\u2019amafaranga, uwo bifashe, bikitwa akagambane yagiriwe na ba (mu)genzi be.<\/p>\n<p>Si bishya kuko no mu bitabo nka Bibiliya, havugwa umunyembaraga \u2018Samusoni\u2019 wari waragoye Abafilisitiya, bakamwigira umutwe wo kumutega umugore we \u2018Delila\u2019. Byarangiye yemeye guca bugufi abwira umugore we ko imbaraga afite azikura mu musatsi, baramufata baramwogosha.<\/p>\n<p>Mu madosiye ya hano ku Isi habaye urubanza rw\u2019umuhanzi w\u2019icyamamare muri Amerika, Robert Kelly uzwi nka R. Kelly washinjwe gusambanya abakobwa, ibyaha bikamuhama. Habaye gushidikanya, abakunzi b\u2019uyu muhanzi n\u2019ibihangano bye bibaza niba atari ishyari yagiriwe. Hari abandi bashingiye ku myumvire itagira \u2018gihamya\u2019 ivuga ko ibyamamare byinshi muri Amerika bikura kumenyekana ku gukorera mu muryango wa \u2018Iluminati\u2019 uvugwaho gukorera \u2018Satani\u2019. Bityo ngo R. Kelly yashatse kumena amabanga, bimubyarira amazi nk\u2019ibisusa.<\/p>\n<p><strong>Muri Amerika bireze, abanyapolitiki barasumbirijwe<\/strong><\/p>\n<p>Bisa n\u2019ibidashoboka kumva mu myiteguro y\u2019ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, hatabayemo ibikorwa byo gushinjanya gufata ku ngufu abagore cyangwa se abakobwa.<\/p>\n<p>Mu 2016 ubwo Donald Trump, yiyamamarizaga amatora y\u2019Umukuru w\u2019Igihugu yashinzwe gufata ku ngufu abakobwa n\u2019abagore barenga 20 barimo Jessica Leeds, Jill Harth, Kristen Anderson, Lisa Boyne, Tasha Dixon n\u2019abandi gusa uyu mutego yawusimbutse neza. <\/p>\n<p>Ubu Joe Biden na we uteganya kwiyamamariza umwanya w\u2019Umukuru w\u2019Igihugu, ashinjwa gufata ku ngufu Tara Reade mu 1983 ubwo bakoranaga bya hafi muri sena.<\/p>\n<p>Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika kuva mu 1993 kugeza mu 2001, yashinzwe gufata ku ngufu abagore n\u2019abakobwa batandukanye, barimo Monica Lewinsky wakoze mu biro bye, Paula Jones mu 1994, Kathleen Willey mu 1998, Juanita Broaddrick mu 1998. <\/p>\n<p><strong>Mu Rwanda bimeze bite?<\/strong><\/p>\n<p>Muri iki gihugu biravugwa ndetse hari abagiye bashyirwa ahagaragara, gusa ntibyadukundiye kumenya icyakurikiye kuri dosiye zabo. Hari urutonde rw\u2019aba bantu barimo abakoze imirimo ikomeye ariko bwiza.com yahisemo kutayashyira ahagaragara, mu gihe n\u2019inkiko cyangwa urundi rwego rubifitiye ububasha zitigeze zitangaza ibyavuye mu byo baregwa cyangwa bakekwaho.<\/p>\n<p>Wumva abantu bahwihwisa ngo \u2018uriya bamuteze umukobwa\u2019 cyangwa umugore. Bakomeza bavuga ko hari abo uyu mutego wafashe, abandi barawusimbuka uramufata undi arawusimbuka.<\/p>\n<p>Ku basimbutse uyu mutego, ngo byabatwaye akayabo k\u2019amafaranga ku bwo gutinya kwandagarizwa ku karubanda. Abari batunze imodoka, bamwe batanze za \u2018kontake\u2019, bemera kuzihara, abari batunze amapikipiki nabo babigenza batyo.<\/p>\n<p>Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Karemera [izina ryahinduwe] yahamije ko azi neza umuturanyi bagiriye aka kagambane bitewe n\u2019uko atumvikanaga na mugenzi we bakoranaga. Ati: \u201cUmwe yateze undi umukobwa ariko aza kubitahura.\u201d Ngo icyakurikiyeho ni uko akimara kumenya iby\u2019uwo mutego, yahisemo gusezera ku murimo yakoraga.<\/p>\n<p>Mu magambo ahinnye, uyu mutego uba ugambiriye kubikira imbehe umukozi cyangwa umuherwe, kumunaniza ndetse no kumukuraho umutungo. Ku bawitega, baba bagenjwe no guhaza irari ry\u2019imibiri yabo, badatekereza ko uzabagiraho ingaruka cyangwa se babona bitabagendekeye uko babitekereza, bagashoramo ibyo batunze. Ibyamamare ndetse n\u2019abatunzi barasaba kwigengesera, bamenye ko hari abatishimiye iterambere ryabo n\u2019imikorere yabo, bifuza kubasimbura bakoresheje uburyo ubwo ari bwo bwose cyangwa bakagira icyo babungukaho; byanyura mu buryo bwiza cyangwa bubi.<\/p>\n<p>Iby&#8217;uyu mutego bikomeje kuvugwa haba imbere mu gihugu ndetse no hanze. Wowe uwuziho iki? Ni ahanyu h&#8217;ibisubizo n&#8217;ibitekerezo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri iki gihe, uw\u2019igitsina gore afatwa nk\u2019umunyembaraga, ufite uruhare runini mu iterambere ry\u2019umuryango ndetse n\u2019igihugu. Gusa hari ibyagaragaye ko hari aho ajya yifashishwa mu kugusha bamwe mu b\u2019igitsina gabo mu mitego. Mu myanya y\u2019ubutegetsi ndetse no zindi mpande z\u2019ubuzima bw\u2019ubwamamare nk\u2019umuziki ndetse n\u2019imikino. Uyu mutego wafashe benshi, usimbuka benshi ndetse hari abafite icyizere gike ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[478,510],"class_list":["post-24025","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw","tag-amamenyesha-rw","tag-featured-post-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Imitego bamwe mu b&#039;igitsina gore mu kubika imbehe z&#039;ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Imitego bamwe mu b&#039;igitsina gore mu kubika imbehe z&#039;ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muri iki gihe, uw\u2019igitsina gore afatwa nk\u2019umunyembaraga, ufite uruhare runini mu iterambere ry\u2019umuryango ndetse n\u2019igihugu. Gusa hari ibyagaragaye ko hari aho ajya yifashishwa mu kugusha bamwe mu b\u2019igitsina gabo mu mitego. Mu myanya y\u2019ubutegetsi ndetse no zindi mpande z\u2019ubuzima bw\u2019ubwamamare nk\u2019umuziki ndetse n\u2019imikino. Uyu mutego wafashe benshi, usimbuka benshi ndetse hari abafite icyizere gike ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-19T08:24:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T09:55:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Imitego bamwe mu b&#8217;igitsina gore mu kubika imbehe z&#8217;ibikomerezwa byiganjemo abagabo\",\"datePublished\":\"2020-05-19T08:24:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:55:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025\"},\"wordCount\":632,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025\",\"name\":\"Imitego bamwe mu b'igitsina gore mu kubika imbehe z'ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-05-19T08:24:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:55:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=24025#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imitego bamwe mu b&#8217;igitsina gore mu kubika imbehe z&#8217;ibikomerezwa byiganjemo abagabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Imitego bamwe mu b'igitsina gore mu kubika imbehe z'ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Imitego bamwe mu b'igitsina gore mu kubika imbehe z'ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA","og_description":"Muri iki gihe, uw\u2019igitsina gore afatwa nk\u2019umunyembaraga, ufite uruhare runini mu iterambere ry\u2019umuryango ndetse n\u2019igihugu. Gusa hari ibyagaragaye ko hari aho ajya yifashishwa mu kugusha bamwe mu b\u2019igitsina gabo mu mitego. Mu myanya y\u2019ubutegetsi ndetse no zindi mpande z\u2019ubuzima bw\u2019ubwamamare nk\u2019umuziki ndetse n\u2019imikino. Uyu mutego wafashe benshi, usimbuka benshi ndetse hari abafite icyizere gike ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-05-19T08:24:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T09:55:06+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Imitego bamwe mu b&#8217;igitsina gore mu kubika imbehe z&#8217;ibikomerezwa byiganjemo abagabo","datePublished":"2020-05-19T08:24:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:55:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025"},"wordCount":632,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","Featured Post"],"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=24025#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025","name":"Imitego bamwe mu b'igitsina gore mu kubika imbehe z'ibikomerezwa byiganjemo abagabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-05-19T08:24:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:55:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=24025"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=24025#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Imitego bamwe mu b&#8217;igitsina gore mu kubika imbehe z&#8217;ibikomerezwa byiganjemo abagabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/24025","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=24025"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/24025\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=24025"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=24025"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=24025"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}