{"id":25699,"date":"2020-07-09T12:02:23","date_gmt":"2020-07-09T12:02:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/07\/09\/u-rwanda-rwakiriye-inkunga-ya-miliyari-152-rwf-zo-kuzamura-ubumenyi-mu\/"},"modified":"2020-07-09T12:02:23","modified_gmt":"2020-07-09T12:02:23","slug":"u-rwanda-rwakiriye-inkunga-ya-miliyari-152-rwf-zo-kuzamura-ubumenyi-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699","title":{"rendered":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Leta y\u2019u Rwanda yasinyanye amasezerano ya miLiyari 152 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda na Banki y\u2019Isi,  agamije gufasha iki gihugu muri gahunda zigamije kongera ubumenyi bukenewe ku isoko ry\u2019umurimo mu nzego zitandukanye hagamijwe iterambere. <\/strong><\/p>\n<p>Aya masezerano yasinywe hagati ya Minisiteri y&#8217;Imari n&#8217;Igenamigambi n&#8217;Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Ubulayi (EU), aho Leta yasinyiye amafaranga angana na miliyoni \u20ac10 akabakaba miliyari Rwf 10.8 akazafasha kuzamura iterambere ry&#8217;abikorera no guhanga imirimo.<\/p>\n<p>Iyi nkunga ni igice kimwe cy&#8217;amafaranga miliyoni \u20ac460, EU yiyemeje kuzaha u Rwanda mu byiciro kugeza mu mpera z&#8217;umwaka w&#8217;2020. Ni inkunga izafasha igihugu mu guhanga imirimo ku rubyiruko, hibandwa cyane ku bikorwa by&#8217;ikoranabuhanga n&#8217;ubukerarugendo.<\/p>\n<p>Mu gushyira mu bikorwa ibi byiciro bibiri byahiswemo, bizanyuzwa mu mishinga nk&#8217;uwitwa &#8216;Market Skills4Tourism&#8217; na &#8216;Tech Innovation\/Incubation Hubs&#8217;. Market Skills4Tourism izagirwamo uruhare na Rwanda Polytechnic (RP) ku bufatanye  n&#8217;agace nk&#8217;ubukerarugendo muri Private Sector Federation (PSF), RDB na WDA. Ikizaba kigamijwe ni ugushishikariza Urubyiruko kugira uruhare mu iterambere ry&#8217;ubukerarugendo n&#8217;amahoteli.<\/p>\n<p>Umushinga wa &#8216;Tech Innovation\/Incubation Hubs&#8217; wo uzashyirwa mu bikorwa na Rwanda Information Society Authority (RISA) ku bufatanye n&#8217;urwego rishinzwe ikoranabuhanga,ICT, muri PSF. Uyu mushinga uzagura amahirwe y&#8217;imirimo ituruka ku ikoranabuhanga mu mujyi yunganira Kigali ari yo Rusizi, Rubavu, Nyagatare and Muhanga.<\/p>\n<p>Nicola Bellomo, ukuruye itsinda ry&#8217;intumwa za EU mu Rwanda, yavuze ko inkunga izafasha u Rwanda kuzahura ubukerarugendo n&#8217;ibihombo byabukomotseho kubera ibi bihe bya coronavirus. Yagize ati: \u201cIyi nkunga ni ingenzi cyane ugendeye ku bihe Ubukerarugendo burimo muri iyi minsi. Ibi bihe kandi bigaragaza ko hadakoreshejwe uburyo bwo Kunoza ikoranabuhanga, gusubiza ibintu uko byahoze byagorana cyane. Ni yo mpamvu iyi gahunda iziye igihe ngo izibe ibyuho byasizwe na covid-19&#8243;.<\/p>\n<p>Hari n&#8217;indi nkunga Banki y&#8217;Isi yahaye u Rwanda, ingana na miliyoni $150 (hafi miliyari 142 rwf). Muri aya mafaranga, 1\/2 cyayo ni inkunga, mu gihe ikindi ari inguzanyo izishyurwa mu myaka 38 ku nyungu ya 0.75% ibanzirizwa n\u2019imyaka 6 itazishyurwa.<\/p>\n<p>Umushinga Leta iteganya gushoramo ayo mafaranga uri mu byiciro bine ari byo: kuvugurura imiyoborere muri gahunda zo kongera ubumenyi, gutanga amahugurwa ajyanye n\u2019igihe kandi akenewe ku isoko ry\u2019umurimo; kwagura amahirwe y\u2019ubumenyi bujyanye n\u2019imirimo iri ku isoko itanga akazi karambye no kubaka ubushobozi bukenewe mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda zitandukanye.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi, Dr. Uzziel Ndagijimana, yagize ati: \u201cKongera ubumenyi n\u2019amahirwe y\u2019imirimo biri mu by\u2019ibanze bigize gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 yo kwihutisha iterambere (NST1). Guha abakozi ubumenyi bukwiye mu guhindura ubukungu, ni inkingi ya mwamba izadufasha kugera ku ntego z\u2019igihe kirekire twihaye.\u201d<\/p>\n<p>Umushinga wo kwagura ubumenyi witezweho kongera no koroshya uburyo bwo kwiga mu mashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyi ngiro (TVET), amahugurwa n\u2019amasomo bitangawa mu mashuri makuru na za kaminuza bifite aho bihurira no guhaza isoko ry\u2019umurimo, n\u2019iterambere ry\u2019u Rwanda muri rusange.<\/p>\n<p>Uhagarariye intumwa za Banki y&#8217;Isi muri uyu mushinga, Ruth Karimi Charo, yagize ati: \u201cGahunda zibanzweho mu kongera ubumenyi zizashyigikira imbaraga Leta y\u2019u Rwanda ishyira mu kubaka umusingi w\u2019ubumenyi butanga umusaruro, ndetse zinafashe urubyiruko kubona ubumenyi burwongerera amahirwe yo kubona akazi karambye.\u201d<\/p>\n<p>U Rwanda si ubwa mbere rutewe inkunga na EU na Banki y&#8217;isi mu bikorwa bitandukanye bigamije guteza imbere y&#8217;ubukerarugendo,uburezi,imibereho y&#8217;abaturage,ibikorwa remezo n&#8217;ibindi bitandukanye.<\/p>\n<p><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y\u2019u Rwanda yasinyanye amasezerano ya miLiyari 152 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda na Banki y\u2019Isi, agamije gufasha iki gihugu muri gahunda zigamije kongera ubumenyi bukenewe ku isoko ry\u2019umurimo mu nzego zitandukanye hagamijwe iterambere. Aya masezerano yasinywe hagati ya Minisiteri y&#8217;Imari n&#8217;Igenamigambi n&#8217;Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Ubulayi (EU), aho Leta yasinyiye amafaranga angana na miliyoni \u20ac10 akabakaba miliyari Rwf [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":21,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[126],"class_list":["post-25699","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda yasinyanye amasezerano ya miLiyari 152 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda na Banki y\u2019Isi, agamije gufasha iki gihugu muri gahunda zigamije kongera ubumenyi bukenewe ku isoko ry\u2019umurimo mu nzego zitandukanye hagamijwe iterambere. Aya masezerano yasinywe hagati ya Minisiteri y&#8217;Imari n&#8217;Igenamigambi n&#8217;Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Ubulayi (EU), aho Leta yasinyiye amafaranga angana na miliyoni \u20ac10 akabakaba miliyari Rwf [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-07-09T12:02:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Sikubwabo Mark Ibrahim\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Sikubwabo Mark Ibrahim\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699\"},\"author\":{\"name\":\"Sikubwabo Mark Ibrahim\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/bcc34da0da2e73fb43bb8ace8d13b94b\"},\"headline\":\"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere\",\"datePublished\":\"2020-07-09T12:02:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699\"},\"wordCount\":551,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699\",\"name\":\"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-07-09T12:02:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=25699#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/bcc34da0da2e73fb43bb8ace8d13b94b\",\"name\":\"Sikubwabo Mark Ibrahim\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=21\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA","og_description":"Leta y\u2019u Rwanda yasinyanye amasezerano ya miLiyari 152 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda na Banki y\u2019Isi, agamije gufasha iki gihugu muri gahunda zigamije kongera ubumenyi bukenewe ku isoko ry\u2019umurimo mu nzego zitandukanye hagamijwe iterambere. Aya masezerano yasinywe hagati ya Minisiteri y&#8217;Imari n&#8217;Igenamigambi n&#8217;Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Ubulayi (EU), aho Leta yasinyiye amafaranga angana na miliyoni \u20ac10 akabakaba miliyari Rwf [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-07-09T12:02:23+00:00","author":"Sikubwabo Mark Ibrahim","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Sikubwabo Mark Ibrahim","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699"},"author":{"name":"Sikubwabo Mark Ibrahim","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/bcc34da0da2e73fb43bb8ace8d13b94b"},"headline":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere","datePublished":"2020-07-09T12:02:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699"},"wordCount":551,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=25699#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699","name":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-07-09T12:02:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=25699"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=25699#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwakiriye inkunga ya miliyari 152 rwf zo kuzamura ubumenyi mu iterambere"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/bcc34da0da2e73fb43bb8ace8d13b94b","name":"Sikubwabo Mark Ibrahim","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=21"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/25699","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/21"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=25699"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/25699\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=25699"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=25699"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=25699"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}