{"id":26106,"date":"2020-07-22T20:00:00","date_gmt":"2020-07-22T20:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/07\/22\/karongi-bakoze-ikizamini-cyo-kwigisha-ari-babiri-batungurwa-no-gusanga\/"},"modified":"2020-07-22T20:00:00","modified_gmt":"2020-07-22T20:00:00","slug":"karongi-bakoze-ikizamini-cyo-kwigisha-ari-babiri-batungurwa-no-gusanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106","title":{"rendered":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Mu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y&#8217;incuke, abanza, ayisumbuye n&#8217;ay&#8217;imyuga n&#8217;ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze.<\/strong> <\/p>\n<p>Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by\u2019akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri aya mashuri.<\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uko Guverinoma y\u2019u Rwanda yasabye ko abarimu bakoze ibizamini byo kwigisha bongera gusubiramo, nyuma y\u2019uko bigaragaye ko hari amakosa yabayeho mu byari byabanje.<\/p>\n<p>Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi (REB), ari na cyo cyateguye ibyo bizamini, cyavugaga ko mu gihugu hose hakenewe abarimu bakabakaba 28,000.<\/p>\n<p>Umwe mu bakoreye ibyo bizamini muri TTC Rubengera ho mu karere ka Karongi, yabwiye BWIZA ko bakora ikizamini cyo kwigisha Imibare n&#8217;Ubugenge bakoze ari babiri, nyamara hasohoka urutonde rw&#8217;abatsinze bakisanga ari batandatu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Dukora ikizamini cy&#8217;Imibare n&#8217;Ubugenge twari turi mu cyumba cya gatatu turi abantu babiri imbere n&#8217;inyuma, ibisubizo bigiye gusohoka tubona turi batandatu. Ku rutonde berekana ko hari umwe wasubiyemo kuko yari yarabikije isomo rimwe yagombaga gukora, gusa ku munsi w&#8217;ikizamini na we ntawe twabonye. Wenda we impamvu tutamumenye ashobora kuba yarakoranye n&#8217;abanyabugenge.&#8221;<\/p>\n<p>Uwo mukandida utifuje ko amazina ye ajya mu Itangazamakuru ku bw&#8217;umutekano we, yavuze ko atazi aho abandi bantu batatu bavuye ngo kuko batigeze bagaragara kuri site y&#8217;ibizamini.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ni gute mwakora ikizamini muri abantu babiri, wajya kubona ukabona ku rutonde musohotse muri abantu batandatu? Abo bandi bavuye he? Bakoreye he?&#8221;<\/p>\n<p>Mu busanzwe ibizamini by&#8217;abarimu muri Karongi byakorewe ku masite abiri, iya TTC Rubengera yakoreyeho abagomba kuzigisha mu mashuri yisumbuye na TTC ndetse na Site ya Groupe Scolaire Nyarubuye yakoreyeho abagomba kwigisha mu mashuri abanza, akabiheraho avuga ko abashyizwe Kuri ruriya rutonde batarakoze ikizamini bashobora kuba ari abahagitswe.<\/p>\n<p>Yavuze ko ikibabaje ari uko abatarakoze ibizamini ari bo byagaragajwe ko batsinze ku kigero cyo hejuru, abakoze bo bagahabwa amanota yo hasi.<\/p>\n<p>Umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ka Karongi, Hitumukiza Robert, yabwiye BWIZA kiriya kibazo kireba Ikigo cy&#8217;Igihugu gishinzwe Uburezi (REB), ngo kuko nta ruhare na ruto akarere kigeze kagira muri biriya bizamini uretse kwereka REB ibyumba ibizamini byagombaga gukorerwamo.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Ijana ku ijana mu bizami twebwe nta kintu twinjiyemo na gato. Ntabwo akarere kakoresheje ibizamini usibye kwereka REB ngo dore salle ngiziriya. Rero mwahamagara kuri REB bakababwira.&#8221;<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru kifuje kumenya icyo REB ivuga kuri kiriya kibazo, gihamagaye umuyobozi wayo, Dr Iren\u00e9e Ndayambaje, ku murongo wa terefoni asaba ko twamwandikira ubutumwa bugufi, gusa abwandikiwe ntiyabusubiza.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y&#8217;incuke, abanza, ayisumbuye n&#8217;ay&#8217;imyuga n&#8217;ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze. Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by\u2019akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,132],"class_list":["post-26106","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y&#8217;incuke, abanza, ayisumbuye n&#8217;ay&#8217;imyuga n&#8217;ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze. Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by\u2019akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-07-22T20:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu\",\"datePublished\":\"2020-07-22T20:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106\"},\"wordCount\":433,\"commentCount\":114,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106\",\"name\":\"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-07-22T20:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26106#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA","og_description":"Mu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y&#8217;incuke, abanza, ayisumbuye n&#8217;ay&#8217;imyuga n&#8217;ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze. Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by\u2019akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-07-22T20:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu","datePublished":"2020-07-22T20:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106"},"wordCount":433,"commentCount":114,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26106#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106","name":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-07-22T20:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26106"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26106#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26106","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=26106"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26106\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=26106"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=26106"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=26106"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}