{"id":2625,"date":"2016-08-26T14:23:22","date_gmt":"2016-08-26T14:23:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/08\/26\/ibintu-10-byafasha-umuryango-kubaho-neza-mu-munezero\/"},"modified":"2016-08-26T14:23:22","modified_gmt":"2016-08-26T14:23:22","slug":"ibintu-10-byafasha-umuryango-kubaho-neza-mu-munezero","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625","title":{"rendered":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n\u2019abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane.<\/em> <\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-40683 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg\" alt=\"African American family together inside their home\" width=\"1000\" height=\"667\" \/><\/a><br \/>\nIbyo bintu 10 ni ibi bikurikira:<br \/>\n <strong>1.Ukuri mu muryango:<\/strong>  Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y\u2019umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa se nawe atabasha kwizera umugore we, uyu muryango uba urimo kugana mu manga.<br \/>\nNk\u2019abagize umuryango rero baba bagomba kubwizanya ukuri, umugabo n\u2019umugore bakaganira ku mishinga ibyara inyungu byaba na ngombwa bakanayereka abana babo mu gihe bagejeje igihe cy\u2019ubukure, umuryago uri muri iyi nzira utera imbere.<br \/>\n<strong style=\"font-style: inherit\">2.Kwitangira umuryango<\/strong> : Kumenya ibyo wakorera abandi harimo gufatanya, abagore kuganduka ( bitari kuba imbata) , abagabo gukunda, kugira umutima wo gushyigikira mugenzi wawe. Ndetse no kudategereza ko ari mugenzi wawe ukemura ikibazo ahubwo ugafata iya mbere mu kubikemura.<br \/>\n<strong style=\"font-style: inherit\">3.Kugira ibihe byiza hamwe<\/strong> : Ni umwanya wo kuganira, guseka, gukina, kubyina, n\u2019abo mu rugo rwawe . Ibi ariko ntibivuze gukoresha amafranga menshi, ushobora no gusohokera mu busitani (jardin) bwawe. Si igihe kandi cyo kuvuga ibyakubabaje ibyo mwagombye kubikemura mbere.<br \/>\n <strong>4.Guhana Impano<\/strong> : Iki kijya gusa n\u2019icyo hejuru, mu gihe hari umwe wifurizwa isabukuru mu muryango cyangwa afite ibindi birori biba ngombwa ko mumugenera impano ikamufasha kumva ko ashyigikiwe, akunzwe ndetse afite umuryango umukunda, umugabo ashobora gutungura umugore akamuzanira cadeau, umwana ashobora gutungura se akamuzanira impano,\u2026si ngombwa impano ihenze.<br \/>\n <strong>5.Guhana umwanya wo kuganira<\/strong> : Kumenya icyo uvuga uko ukivuga, aho ukivugira n\u2019ijwi ukoresha ukivuga ni ingenzi cyane. Yaba ari kuvugana n\u2019uwo mwashakanye cyangwa se kuganira n\u2019abana, niba hari n\u2019ikibazo mu muryango naho gikemurirwa.<br \/>\n <strong>5.Kumenya<\/strong> <strong style=\"font-style: inherit\">gushima:<\/strong> Burya kuba intangarugero ni uko uba ushyira mu bikorwa inshingano zawe byaba na ngombwa ukirengera n\u2019iz\u2019abandi, mu gihe rero hari intambwe uteye, fata akanya ushimwe abagufashije, abantu babana rero nk\u2019umuryango umwe barafashanya, niba rero ubona ko hari icyo wafashijwe, tinyuka ugire uti \u201cMerci papa, urakoze mama, mwana wanjye urakoze, Thank you sister,\u2026\u201d.<br \/>\n<strong style=\"font-style: inherit\">6.Kumenya guhangana n\u2019ibibazo: <\/strong> Niba hari ikibazo wica ibikuba ngo mwitane ba mwana, ahubwo mutuze mutekerezo inguni nziza mwacamo mukabasha gukemura ikibazo, umutima ntuhagarikwe n\u2019ibibazo ahubwo ugahangana na byo utuje ndetse ukirinda gutwarwa n\u2019amafaranga kugeza aho agutegeka aho usanga ibintu byose bihagarara kubera gushakisha amafranga.<br \/>\nNiba mukubitanye n\u2019ikibazo cy\u2019ubukene, menya ko atari ingeso, ku bw\u2019amaboko yanyu 2 izere kandi wishyiremo ko mugomba kugera ku byo mufuza, ndetse ugomba no kumenya ko urushako ruhinduka. Uko abamaze imyaka 5 babana si kimwe n\u2019 abamaze amezi 3 babana. Ikindi ni uko ingo zidasa. Ibyo ubona ahandi si ngombwa ko biba mu rugo rwawe, abana runaka abyara ntabwo bagomba gusa n\u2019abawe cyangwa ngo bagire ubwenge bungana.<br \/>\n <strong>7.Kugira amahame<\/strong> : Buri muryango uba ufite amahame yawo, aha twafata urugero, aho usanga abana badashobora gusanga ababyeyi muri salon mu gihe hari abashyitsi, umwana akamenya ko agomba kuza kubasuhuza yarangiza agatanga rugari ababyeyi bakamuganiriza, akumva ko agomba kureka abakuru bakaganira ibyabo, nk&#8217;uko nawe ashobora gusurwa n&#8217;abandi bana.<br \/>\nIbi bigabanya ubushyomozi bw&#8217;umwana cyangwa ubushyanutsi, akaba yakwigira mukuru kubera ibiganiro by&#8217;abakuru yumva. Aha kandi usanga umuryango uba ufite amasaha yo kuryama, kubyuka, gusenga, guhuria ku meza,&#8230;<br \/>\n <strong>8.Kumenya Gusenga:<\/strong>  Umuryango utazi Imana igihe cyose ntuba unafite urukundo, ku cyumweru mu gitondo fata agatoki umugore wawe n\u2019abana mujyane mu misa ya mbere,\u2026ibi bizabafasha kumva ko mushygikiwe n\u2019Imana kandi muhuje ukwemera nk\u2019umuryango umwe.<br \/>\n <strong>9.Kwirinda ubunebwe: <\/strong> Mu muryango si ngombwa kumva ko hari umuntu umwe ufite urufunguzo rwo gutunga umuryango, ahubwo buri wese aba agomba kwiyumvisha ko ari responsible mu iterambere ryawo, ubunebwe bushobora gutuma umuryango usenyuka burundu.<br \/>\n <strong>10.Gucisha make: <\/strong> Aha hakubiyemo byinshi, niba ucisha make urimo kuzana umwuka mwiza wo gukurura abashyitsi mu rugo, urimo gukurura umubano mwiza n\u2019abaturanyi, kwirinda amatiku yatuma ugongana n\u2019inzego za Leta, bigukururira umubano mwiza mu kazi n\u2019abo mukorana,\u2026.ibi byose biragukurirkirana bikaba ingaruka nziza mu muryango wawe.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Th\u00e9oneste Itangishatse\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n\u2019abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane. Ibyo bintu 10 ni ibi bikurikira: 1.Ukuri mu muryango: Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y\u2019umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-2625","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n\u2019abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane. Ibyo bintu 10 ni ibi bikurikira: 1.Ukuri mu muryango: Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y\u2019umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-08-26T14:23:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero\",\"datePublished\":\"2016-08-26T14:23:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625\"},\"wordCount\":663,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/famm.jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625\",\"name\":\"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/famm.jpg\",\"datePublished\":\"2016-08-26T14:23:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/famm.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/famm.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2625#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA","og_description":"Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n\u2019abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane. Ibyo bintu 10 ni ibi bikurikira: 1.Ukuri mu muryango: Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y\u2019umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-08-26T14:23:22+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero","datePublished":"2016-08-26T14:23:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625"},"wordCount":663,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625","name":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg","datePublished":"2016-08-26T14:23:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2625"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/famm.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2625#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2625","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2625"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2625\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2625"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2625"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2625"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}