{"id":2639,"date":"2016-08-27T11:05:15","date_gmt":"2016-08-27T11:05:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/08\/27\/ese-umugore-utwite-yanyazwa-bigakunda\/"},"modified":"2016-08-27T11:05:15","modified_gmt":"2016-08-27T11:05:15","slug":"ese-umugore-utwite-yanyazwa-bigakunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639","title":{"rendered":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Mbere yo kumenya ko umugore utwite yanyazwa mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, tubanze yumenye niba koko umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina.<\/em><br \/>\nNibyo koko, umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina, ariko ababyeyi benshi bakunze guhagarika imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore atwite, aho baba bavuga ko ngo banga guhutaza umwana uri mu nda. Mu bihe nk\u2019 ibi ndetse bamwe mu bagabo ntibatinya guca inyuma abo bashakanye ngo bajye gutera akabariro ahandi, kuko ngo baba babikumbuye.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-40733 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg\" alt=\"femme'\" width=\"647\" height=\"285\" \/><\/a><br \/>\nNiba rero muri mu bihe nk\u2019 ibi, mwihagarika ubuzima musanzwe mubayeho, ahubwo gusa mube maso ku bijyanye no kongera isuku, haba ku ruhande rw\u2019 umugore ndetse n\u2019 urw\u2019 umugabo, kuko mu gihe cy\u2019 imibonano mpuzabitsina, hashobora kugira imyanda yinjira, ikaba yahungabanya ubuzima bw\u2019 ikibondo mutegereje.<br \/>\nUrubuga 7sur7 dukesha iyi nkuru, rukomeza ruvuga ko akenshi ababyeyi b\u2019abagore batinya kuba baganira n\u2019abaganga babakurikirana ku bijyanye n\u2019ubuzima bw\u2019 imyororokere, ibi akaba ari nayo ntandaro y\u2019ubujiji bukunze kuranga benshi mu babyeyi.<br \/>\nUrubuga Doctissimo rwanditse ruvuga ko abashakashatsi batandukanye bagiye bashyira hanze inyigo zirenga 60 zose zikaza zihurira ku kintu kimwe cy\u2019 uko umugore utwite agomba gukora imibonano mpuzabitsina agendeye ku nama n\u2019 imyitwarire aba yabanje guhabwa na muganga ariko ko gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe nk\u2019 iki ko bitabujijwe burundu.<br \/>\nAbagore bose ntibagira imyitwarire imwe mu gihe batwite dore ko hari bamwe baba bumva nta bushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe hari ababa bumva babikora buri kanya, rimwe na rimwe hari abo usanga baribwa n\u2019 amabere cyangwa bananiwe cyane banatonekara umubiri wose icyo gihe aba yumva nta mugabo wamukoraho.<br \/>\nAriko na none bakongera bakavuga ko mu gihembwe cya mbere abagore baba bafite isesemi, umunaniro ukabije, uburibwe mu mabere n\u2019 ibindi ariko iyo bigeze mu gihembwe cya kabiri usanga ibyo bisa nk\u2019 ibyagabanutse ahubwo ubushake bwo gukora imibonano (libodo) bwariyongereye, ku buryo aha biba bisaba ko ayikora abanje kubonana na muganga.<br \/>\nGusa na none Abahanga mu by\u2019ubuzima bw\u2019umwana mu nda bemeza ko mu gihe umubyeyi atwite impanga zihuje igitsina ndetse n\u2019izitagihuje (Vrais Jumeaux\/Faux Jumeaux), ibyiza ari uko yakwirinda imibonano mpuzabitsina mu rwego rwo guharanira ko abana be batavuka mbere y\u2019 igihe cyabugenewe (amezi 9).<br \/>\n <strong>Umugore utwite se yanyazwa mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina?<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko byatangajwe haruguru ko imibonano mpuzabitsina ikorwa ku bw\u2019inama mwahawe na muganga, igihe cyose yemeye ko wakora imibonano n\u2019umugabo wawe, nta kintu na kimwe cyabuza umugabo kunyaza umugore we dore ko binatera benshi akanyamuneza.<br \/>\n <strong>Ese umugore anyazwa ate?<\/strong><br \/>\nUshobora kunyaza ukoresheje igitsina ,Ubu buryo bwo kunyaza ushobora kubukoresha mu gukora imibonano iyo utajya usohora vuba.Ufata umutwe w\u2019igitsina ukawukunguta kuri rugongo(kugeza igihe haziyeamazi ashyushye ndetse umugore akayamena menshi kuburyo uyumva kandi ukamenya neza ko umugore yishimye birenze kuko ashobora kuzana ayo mazi atishimye cyane.<br \/>\nUshobora kandi kunyaza ukoresheje urutoki,ibi bikaba byatuma umugore azana amazi menshi ndetse bikanaza kumufasha kugera ku byishimo bye bya nyuma vuba, Kunyaza ukoresha musumba zose ugakinisha kuri rugongo uzamura umanura vuba vuba ubundi akanyara.Gusa gukoresha urutoki biraryoha cyane kuko rwo rudahusha ku buryo kuri rugondo ahubwo ruba ruhakora neza,ikindi nuko ugomba kumenya neza niba urutoki rwawe rufite isuku kandi ntirube ruriho inzara zishobora gukomeretsa umubiri waho uri kurukoza.<br \/>\nUmugore warongowe neza akanyara ndetse akanagera ku ndunduro y\u2019ibyishimo, bimuha amahirwe yo gukira amavunane n\u2019izindi ndwara z\u2019umutwe,&#8230; ndetse akanahorana akanyamuneza, ibi rero bikaba byaba byiza ku buzima bw\u2019umwana yanaba atwite kuko abahanga bemeza ko mu gihe umubyeyi anezerewe ari umunezero no ku mwana.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Gentille Kamikazi\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbere yo kumenya ko umugore utwite yanyazwa mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, tubanze yumenye niba koko umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina. Nibyo koko, umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina, ariko ababyeyi benshi bakunze guhagarika imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore atwite, aho baba bavuga ko ngo banga guhutaza umwana uri mu nda. Mu bihe nk\u2019 ibi ndetse bamwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[93],"tags":[],"class_list":["post-2639","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ad-restricted-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbere yo kumenya ko umugore utwite yanyazwa mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, tubanze yumenye niba koko umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina. Nibyo koko, umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina, ariko ababyeyi benshi bakunze guhagarika imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore atwite, aho baba bavuga ko ngo banga guhutaza umwana uri mu nda. Mu bihe nk\u2019 ibi ndetse bamwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-08-27T11:05:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda?\",\"datePublished\":\"2016-08-27T11:05:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639\"},\"wordCount\":586,\"commentCount\":42,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/femme.jpg\",\"articleSection\":[\"Ad Restricted\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639\",\"name\":\"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/femme.jpg\",\"datePublished\":\"2016-08-27T11:05:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/femme.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/08\\\/femme.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2639#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA","og_description":"Mbere yo kumenya ko umugore utwite yanyazwa mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, tubanze yumenye niba koko umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina. Nibyo koko, umugore utwite akora imibonano mpuzabitsina, ariko ababyeyi benshi bakunze guhagarika imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore atwite, aho baba bavuga ko ngo banga guhutaza umwana uri mu nda. Mu bihe nk\u2019 ibi ndetse bamwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-08-27T11:05:15+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda?","datePublished":"2016-08-27T11:05:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639"},"wordCount":586,"commentCount":42,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg","articleSection":["Ad Restricted"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639","name":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg","datePublished":"2016-08-27T11:05:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2639"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/femme.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2639#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese umugore utwite yanyazwa bigakunda?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2639","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2639"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2639\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2639"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2639"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2639"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}