{"id":26740,"date":"2020-08-11T07:00:00","date_gmt":"2020-08-11T07:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/08\/11\/u-rwanda-ntirwishimiye-laure-uwase-washyizwe-muri-komisiyo-izafasha-abadepite-b\/"},"modified":"2020-08-11T07:00:00","modified_gmt":"2020-08-11T07:00:00","slug":"u-rwanda-ntirwishimiye-laure-uwase-washyizwe-muri-komisiyo-izafasha-abadepite-b","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740","title":{"rendered":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda kuri uyu wa mbere, yatangaje ko yishimiye icyifuzo cy\u2019Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;Ububiligi cyo gushyiraho Komisiyo idasanzwe izafasha badepite b\u2019icyo gihugu kwiga ku mateka y\u2019ubukoloni bw&#8217;Ububiligi mu Rwanda, Congo Kinshasa n\u2019u Burundi; gusa igaragaza ko ihangayikishijwe no kuba akanama k&#8217;impuguke zizafasha iyo Komisiyo karimo Uwase Laure wakunze kumvikana apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Akanama kashyizweho kagizwe n&#8217;abantu 10, bikaba byitezwe ko kazashyira ahabona ukuri gushingiye ku bushakashatsi ku mateka y\u2019u Bubiligi mu gihe cy&#8217;ubukoloni bitarenze mu kwezi k&#8217;Ukwakira uyu mwaka.<\/p>\n<p>Mu itangazo Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;u Rwanda yasohoye kuri uyu wa mbere, yavuze ko icyifuzo cy&#8217;Inteko y&#8217;Ubwami bw&#8217;Ububiligi gisobanura &#8220;akamaro ko gusobanuka kw&#8217;amateka&#8221;, gusa igaragaza ko ihangayikishijwe n&#8217;umuntu upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi washyizwe muri iriya Komisiyo.<\/p>\n<p>Iti: &#8220;Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda ihangayikishijwe n&#8217;ishyirwa mu itsinda ry\u2019impuguke zizafasha Komisiyo idasanzwe, umuntu uzwiho guhakana Jenoside, uzwiho \u201cubuhanga\u201d mu kugoreka amateka ya vuba y\u2019u Rwanda kandi akanaba mu ishyirahamwe rifite gahunda yo guhakana no gusubiramo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994&#8221;.<\/p>\n<p>Inteko ishinga amategeko y&#8217;u Rwanda yavuze ko ifite amakenga ku bizava mu mirimo y&#8217;iriya Komisiyo, bijyanye no kuba irimo uriya muntu.<\/p>\n<p>Laure Nkundakozera Uwase Inteko Ishinga amategeko y&#8217;u Rwanda yikomye, yabaye Umunyamabanga Mukuru wa Jambo Asbl, umuryango uhuriwemo n&#8217;abahakana Jenoside, anaba umwanditsi mukuru wa Jambo News.<\/p>\n<p>Ni umukobwa wa Anastase Nkundakozera wahamijwe n\u2019Inkiko Gacaca ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, mu gihe nyina Agn\u00e8s Mukarugomwa yari umurwanashyaka ukomeye wa MRND, ubu akaba ari umuyobozi w&#8217;ikinyamakuru cyitwa Ikondera Libre.<\/p>\n<p>Ishyirwa rya Uwase muri kariya kanama mu cyumweru gishize, ryakuruye impaka ndende ku bakoresha urubuga rwa Twitter, hibazwa umusaruro azatanga mu kugaragaza ukuri ku Bukoloni bw&#8217;Ububiligi muri Afurika.<\/p>\n<p>Abenshi mu batanze ibitekerezo bahurije ku kuba yarahawe urwaho rwo gukomeza gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Uwitwa Assumpta U. Seminega yagize ati \u201cAbabiligi bakunda mwene abo nyine. Ba bandi bahaye ingoma batagira personalit\u00e9 (ubumuntu). Azagende abasingize abavuge ibigwi nk\u2019uko bisanzwe. Iyo bahitamo undi ni byo byari kuntangaza.\u201d<\/p>\n<p>Herman Gatera we yavuze ko yizeye ko ahubwo Uwase azamenyesha iyo komisiyo uruhare rwa Se Nkundakozera muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atemera, na nyina Beatrice Mukarugomwa \u201dValerie Bemeriki mushya wa Ikondera Libre.\u201d<\/p>\n<p>Mu bandi bashyizwe muri ako kanama harimo Dr Zana Mathieu Etambala ukora muri Mus\u00e9e d\u2019Afrique akanigisha muri KULeuven, akaba ari umuhanga mu mateka y\u2019ubukoloni. Hari kandi Dr Gillian Mathys wigisha muri Kaminuza ya Gent, akaba umuhanga mu mateka n\u2019umushakashatsi; Prof Elikia M\u2019Bokolo wo muri Kaminuza ya Kinshasa, akaba umuhanga mu mateka; Anne Wetsi Mpoma, umunyamateka y\u2019ubugeni na Musenyeri Mgr Jean-Louis Nahimana, wayoboye Komisiyo y\u2019Ukuri n\u2019Ubwiyunge mu Burundi.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko abari muri iyi komisiyo bazahura n\u2019abantu batandukanye ndetse bagakora n\u2019ibindi bintu mbere y\u2019uko bakora raporo ya nyuma, mu gihe cy\u2019umwaka umwe ushobora kongerwa bibaye ngombwa. Ni raporo yitezweho kuzaba inatanga ibitekerezo ku cyakorwa.<\/p>\n<p>Abashyizwe muri iriya komisiyo bazakorana n\u2019indi miryango itandukanye irebana n\u2019ibyo bihugu, nka Genevi\u00e8ve Kaninda (Collectif M\u00e9moire Coloniale), Suzanne Monkasa uyobora urugaga rw\u2019abagore muri diaspora ya Congo mu Bibiligi, Tracy Tansia n\u2019umwe mu bahagarariye Ibuka, impuzamiryango y\u2019abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu 1994.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda kuri uyu wa mbere, yatangaje ko yishimiye icyifuzo cy\u2019Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;Ububiligi cyo gushyiraho Komisiyo idasanzwe izafasha badepite b\u2019icyo gihugu kwiga ku mateka y\u2019ubukoloni bw&#8217;Ububiligi mu Rwanda, Congo Kinshasa n\u2019u Burundi; gusa igaragaza ko ihangayikishijwe no kuba akanama k&#8217;impuguke zizafasha iyo Komisiyo karimo Uwase Laure wakunze kumvikana apfobya Jenoside yakorewe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-26740","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda kuri uyu wa mbere, yatangaje ko yishimiye icyifuzo cy\u2019Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;Ububiligi cyo gushyiraho Komisiyo idasanzwe izafasha badepite b\u2019icyo gihugu kwiga ku mateka y\u2019ubukoloni bw&#8217;Ububiligi mu Rwanda, Congo Kinshasa n\u2019u Burundi; gusa igaragaza ko ihangayikishijwe no kuba akanama k&#8217;impuguke zizafasha iyo Komisiyo karimo Uwase Laure wakunze kumvikana apfobya Jenoside yakorewe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-08-11T07:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni\",\"datePublished\":\"2020-08-11T07:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740\"},\"wordCount\":552,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740\",\"name\":\"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-08-11T07:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26740#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA","og_description":"Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda kuri uyu wa mbere, yatangaje ko yishimiye icyifuzo cy\u2019Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;Ububiligi cyo gushyiraho Komisiyo idasanzwe izafasha badepite b\u2019icyo gihugu kwiga ku mateka y\u2019ubukoloni bw&#8217;Ububiligi mu Rwanda, Congo Kinshasa n\u2019u Burundi; gusa igaragaza ko ihangayikishijwe no kuba akanama k&#8217;impuguke zizafasha iyo Komisiyo karimo Uwase Laure wakunze kumvikana apfobya Jenoside yakorewe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-08-11T07:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni","datePublished":"2020-08-11T07:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740"},"wordCount":552,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26740#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740","name":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-08-11T07:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26740"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26740#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b\u2019u Bubiligi kwiga ku bukoloni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26740","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=26740"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26740\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=26740"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=26740"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=26740"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}