{"id":26898,"date":"2020-08-16T15:17:25","date_gmt":"2020-08-16T15:17:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/08\/16\/karasira-aimable-arasaba-abamushutse-ko-bamufasha-muri-ibi-bihe-bimukomereye\/"},"modified":"2020-08-16T15:17:25","modified_gmt":"2020-08-16T15:17:25","slug":"karasira-aimable-arasaba-abamushutse-ko-bamufasha-muri-ibi-bihe-bimukomereye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898","title":{"rendered":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Karasira Aimable uherutse kwirukanwa na Kaminuza y\u2019u Rwanda ku mwanya w\u2019ubwarimu, arasaba abo mu mahanga bamushutse kumushyigikira muri ibi bihe bimukomereye by\u2019ubushomeri.<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 14 Kanama 2020, Kaminuza y\u2019u Rwanda yashyize hanze ibaruwa yirukana Karasira Aimable , yashyizweho umukono n\u2019umuyobozi wayo, Prof. Philip Cotton bitewe n\u2019amakosa ane yagiye akora mu bihe bitandukanye.<\/p>\n<p>Mu byo uyu mwarimu yazize byamenyekanye cyane harimo ubutumwa yagiye atambutsa ku rubuga rwa YouTube rwitwa Ukuri Mbona, aho yagiye agaragaza ko adashyigikiye Guverinoma y\u2019u Rwanda na politiki yayo, ndetse akanatuka bamwe mu bayobozi b\u2019iki gihugu.<\/p>\n<p>Ibi byose bigaragara mu ibaruwa Kaminuza y\u2019u Rwanda ishami rya Nyarugenge (UR-CST) yandikiye Karasira tariki ya 26 Nyakanga 2020, imusaba gusobanura iby\u2019aya makossa. Ibi kandi bigaragara no mu ibaruwa imwirukana.<\/p>\n<p><strong>Arasaba abo hanze kumushyigikira no muri ibi bihe bimukomereye<\/strong><\/p>\n<p>Karasira Aimable mu kiganiro yagiranye n\u2019umunyamakuru Etienne Gatanazi, cyasohotse kuri Ukuri Mbona, yasobanuye ko mu byo yatangazaga byose, yaterwaga agatege n\u2019abo hanze, abo bakaba baragendaga bamwereka ingingo z\u2019amategeko y\u2019u Rwanda zemerera umuntu kuvuga ikimuri ku mutima nk\u2019iya 38.<\/p>\n<p>Abajijwe niba yicuza kuba yarirukanwe azize amakosa ane nk\u2019uko Kaminuza y\u2019u Rwanda yabivuze, ati: \u201cNtacyo umutima wanjye unshinja rwose! Uretse ko hari abansazaga, ugasanga abo hanze barambwira bati vuga gutya, cyangwa nakora ibintu bikamera nka bya bindi ngo umuheto ushuka umwambi.\u201d<\/p>\n<p>Abo bo hanze ni bande? Karasira ati\u00a0: \u201cHari ibiganiro najyaga mbamo umutumirwa  by\u2019amaradiyo na televiziyo yo hanze, benshi barwanya leta. Akenshi rero babona cyane cyane ibibi kuruta ibyiza. Wenda uwo mutego nawugwagamo kuko nari pessimist, hari ibibi nabonaga, nkabona ibibi cyane kuruta ibyiza.\u201d<\/p>\n<p>Nyuma yo kwirukanwa na Kaminuza y\u2019 u Rwanda, Karasira abona ko igihe kigeze ngo abamubwiraga ko bamushyigikiye, bamushyigikire no muri ibi bihe bitamworoheye. Ati\u00a0: \u201cUbu mu byago ni ho nzabonera inshuti noneho.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza ati\u00a0: &#8220;Ariko abo hanze ndi kuvuga, benshi no mu mamessages bampa, baba bampa morale. Ati: Aha rero igihe ni iki. Nibanyereke ko koko bamfashije, ntabwo nkibona umushahara wanjye nabonaga wa buri kwezi, nibishyire hamwe bamfashe, niba koko baranakunze ibintu byanje, niba koko atari bya bindi bya wa muheto ushuka umwambi bitari bugeraneyo icya rimwe.\u201d<\/p>\n<p>Karasira Aimable abona ko Kaminuza y\u2019u Rwanda yafashe umwanzuro wo kumwirukana yihuse cyane. Kuri we, ngo ibi yari kumuganiriza, aho kumwirukana. Ati: \u201cIbyo ariko ntabwo kaminuza bari kubimpora, ngira ngo bari kunganiriza.\u201d Yavuze ko afite gahunda yo kwitabaza ubutabera kugira ngo bumurenganure, asubizwe akazi ke.<\/p>\n<p>Karasira Aimable yigishije isomo ry\u2019ikoranabuhanga muri Kaminuza y\u2019u Rwanda, ishami ry\u2019ubumenyi n\u2019ikoranabuhanga (UR-CST) riherereye mu Karere ka Nyarugenge, kuva mu 2008. Yigishaga nk\u2019umwarimu ufasha abandi (assistant lecturer), afite impamyabumenyi y\u2019icyiciro gihanitse izwi nka \u2018masters\u2019. <\/p>\n<p>Hari amakuru agera kuri Bwiza avuga ko Karasira Aimable yatangiye gukusanyirizwa inkunga y&#8217;amafaranga yo kumuha nk&#8217;impozamarira nyuma yo kwirukanwa na kaminuza y&#8217;u Rwanda. Iyi gahunda yatangijwe n&#8217;uwitwa Peter Mutabaruka, intego afite ikaba ari ugukusanya ibihumbi 4 by&#8217;amapawundi (\u00a34,000), amaze gukusanywa akaba agera ku mayero 2,751 (\u00a32751). <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Karasira Aimable uherutse kwirukanwa na Kaminuza y\u2019u Rwanda ku mwanya w\u2019ubwarimu, arasaba abo mu mahanga bamushutse kumushyigikira muri ibi bihe bimukomereye by\u2019ubushomeri. Tariki ya 14 Kanama 2020, Kaminuza y\u2019u Rwanda yashyize hanze ibaruwa yirukana Karasira Aimable , yashyizweho umukono n\u2019umuyobozi wayo, Prof. Philip Cotton bitewe n\u2019amakosa ane yagiye akora mu bihe bitandukanye. Mu byo uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,132],"class_list":["post-26898","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Karasira Aimable uherutse kwirukanwa na Kaminuza y\u2019u Rwanda ku mwanya w\u2019ubwarimu, arasaba abo mu mahanga bamushutse kumushyigikira muri ibi bihe bimukomereye by\u2019ubushomeri. Tariki ya 14 Kanama 2020, Kaminuza y\u2019u Rwanda yashyize hanze ibaruwa yirukana Karasira Aimable , yashyizweho umukono n\u2019umuyobozi wayo, Prof. Philip Cotton bitewe n\u2019amakosa ane yagiye akora mu bihe bitandukanye. Mu byo uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-08-16T15:17:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye\",\"datePublished\":\"2020-08-16T15:17:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898\",\"name\":\"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-08-16T15:17:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=26898#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA","og_description":"Karasira Aimable uherutse kwirukanwa na Kaminuza y\u2019u Rwanda ku mwanya w\u2019ubwarimu, arasaba abo mu mahanga bamushutse kumushyigikira muri ibi bihe bimukomereye by\u2019ubushomeri. Tariki ya 14 Kanama 2020, Kaminuza y\u2019u Rwanda yashyize hanze ibaruwa yirukana Karasira Aimable , yashyizweho umukono n\u2019umuyobozi wayo, Prof. Philip Cotton bitewe n\u2019amakosa ane yagiye akora mu bihe bitandukanye. Mu byo uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-08-16T15:17:25+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye","datePublished":"2020-08-16T15:17:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898"},"wordCount":490,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26898#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898","name":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-08-16T15:17:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=26898"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=26898#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karasira Aimable arasaba abamushutse ko bamufasha muri ibi bihe bimukomereye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26898","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=26898"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/26898\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=26898"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=26898"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=26898"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}