{"id":270644,"date":"2026-07-08T19:15:06","date_gmt":"2026-07-08T17:15:06","guid":{"rendered":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644"},"modified":"2026-07-08T20:28:47","modified_gmt":"2026-07-08T18:28:47","slug":"nyabihu-yasobanuye-impamvu-umukozi-yishyuwe-amafaranga-yubutumwa-bwakazi-nyuma-yimyaka-hafi-15","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644","title":{"rendered":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#8217;imyaka 15"},"content":{"rendered":"<p>Akarere ka Nyabihu kasobanuye ko ikibazo cy&#8217;umukozi wishyuwe amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi nyuma y&#8217;iminsi 5.130, bingana n&#8217;imyaka hafi 15, cyaturutse ku burangare bwabayeho icyo gihe, ariko nyuma y&#8217;ubugenzuzi byemezwa ko ayo mafaranga yari ay&#8217;umwenda agomba kwishyurwa.<\/p>\n<p>Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 8 Nyakanga 2026, ubwo ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu bwitabaga Komisiyo y&#8217;Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y&#8217;Imari n&#8217;Umutungo bya Leta (PAC), kugira ngo busobanure amakosa yagaragajwe muri raporo y&#8217;Urwego rw&#8217;Umugenzuzi Mukuru w&#8217;Imari ya Leta (OAG) y&#8217;umwaka wa 2024\/2025.<\/p>\n<p>PAC yakoreye ibarizwa mu ruhame hifashishijwe ikoranabuhanga rya Webex, ibaza ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu n&#8217;ibitaro biherereye muri ako karere ku makosa yagaragaye mu micungire y&#8217;imari n&#8217;umutungo bya Leta.<\/p>\n<p>Kimwe mu bibazo byibanzweho ni ugutinda kwishyura amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi (mission allowances), aho raporo yagaragaje ubukererwe buri hagati y&#8217;iminsi 14 n&#8217;iminsi 5,130.<\/p>\n<p>Depite Uwumuremyi Marie Claire yavuze ko bitangaje kubona hari umukozi wishyuwe amafaranga ye nyuma y&#8217;imyaka hafi 15.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Hari ikibazo cyo kutishyura amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;abakozi, aho ubukererwe buri hagati y&#8217;iminsi 14 n&#8217;iminsi 33, ndetse hakaba n&#8217;uwishyuwe nyuma y&#8217;iminsi 5,130, bingana hafi n&#8217;imyaka 15. Hari amafaranga angana na 884.500 Frw yishyuwe nyuma y&#8217;iyo myaka yose.&#8221;<\/p>\n<p>Yongeyeho ko ayo mafaranga yagombaga kwishyurwa mu mwaka wa 2011, ndetse raporo ya OAG ikagaragaza ko amafaranga yose y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi yatinze kwishyurwa muri ako karere arenga miliyoni 17 Frw.<\/p>\n<p>PAC yasabye ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu gusobanura impamvu ikibazo nk&#8217;icyo cyabaye n&#8217;ingamba zafashwe kugira ngo kitazongera kubaho.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, yemeye ko habaye uburangare mu kwishyura ayo mafaranga.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Ni byo koko, iki kibazo kirahari. Biterwa n&#8217;imiterere y&#8217;akarere kacu, aho hari igihe abakozi basabwa kujya mu butumwa bw&#8217;akazi bwihutirwa ku manywa cyangwa nijoro bakagenda batarahabwa amafaranga. Hari n&#8217;igihe bayasaba ariko tukaba tudafite ingengo y&#8217;imari ihagije. Twabonye ko iki kibazo gihari kandi turimo kugishakira igisubizo.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida wa PAC, Depite Muhakwa Valens, yavuze ko bidasobanutse uburyo umukozi ashobora kumara imyaka hafi 15 atarahabwa amafaranga yari agenewe.<\/p>\n<p>Mu gusubiza, Mugiraneza yasobanuye ko uwo mukozi wari warabaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge yakoze ubutumwa bw&#8217;akazi bwinshi, ariko ntahabwe amafaranga yabugenewe. Nyuma y&#8217;ubugenzuzi, byemejwe ko ibyo yavugaga bifite ishingiro, bityo umwenda we urishyurwa.<\/p>\n<p>Umukozi ushinzwe Ubukangurambaga n&#8217;Ubukoranabushake muri Minisiteri y&#8217;Ubutegetsi bw&#8217;Igihugu (MINALOC), Kubana Richard, yavuze ko iyo minisiteri igiye kongera imbaraga mu gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry&#8217;imyanzuro ya PAC.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Ubusanzwe, itegeko riteganya ko umukozi ugiye mu butumwa bw&#8217;akazi ahabwa amafaranga mbere cyangwa ku munsi agiyeho, kuko aba ari ayo kwifashisha muri ubwo butumwa. Iyo bidashobotse, ntibigomba kurenza iminsi itatu. Mu bisobanuro twahawe, ntabwo ikibazo cyatewe n&#8217;ibura ry&#8217;ingengo y&#8217;imari. Tuzakomeza gukurikirana kugira ngo tumenye niba imyanzuro ya PAC n&#8217;inama zatanzwe bishyirwa mu bikorwa.&#8221;<\/p>\n<p>Iteka rya Perezida N\u00ba 062\/01 ryerekeye ubutumwa bw&#8217;akazi, rifatanyije n&#8217;Iteka rya Minisitiri w&#8217;Intebe rigena indamunite z&#8217;abakozi ba Leta, riteganya ko umukozi wa Leta agira uburenganzira bwo guhabwa amafaranga y&#8217;urugendo, ay&#8217;icumbi n&#8217;ay&#8217;amafunguro hashingiwe ku rwego rw&#8217;akazi (Job Level) n&#8217;aho yoherejwe mu butumwa bw&#8217;akazi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Akarere ka Nyabihu kasobanuye ko ikibazo cy&#8217;umukozi wishyuwe amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi nyuma y&#8217;iminsi 5.130, bingana n&#8217;imyaka hafi 15, cyaturutse ku burangare bwabayeho icyo gihe, ariko nyuma y&#8217;ubugenzuzi byemezwa ko ayo mafaranga yari ay&#8217;umwenda agomba kwishyurwa. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 8 Nyakanga 2026, ubwo ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu bwitabaga Komisiyo y&#8217;Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe Gukurikirana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":28,"featured_media":270663,"comment_status":"open","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-270644","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#039;imyaka 15 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#039;imyaka 15 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Akarere ka Nyabihu kasobanuye ko ikibazo cy&#8217;umukozi wishyuwe amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi nyuma y&#8217;iminsi 5.130, bingana n&#8217;imyaka hafi 15, cyaturutse ku burangare bwabayeho icyo gihe, ariko nyuma y&#8217;ubugenzuzi byemezwa ko ayo mafaranga yari ay&#8217;umwenda agomba kwishyurwa. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 8 Nyakanga 2026, ubwo ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu bwitabaga Komisiyo y&#8217;Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe Gukurikirana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-07-08T17:15:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-07-08T18:28:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1080\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"876\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Biregeya Justin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Biregeya Justin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644\"},\"author\":{\"name\":\"Biregeya Justin\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/993a9b53e0b31ca8c7cc88f3aa755d82\"},\"headline\":\"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#8217;imyaka 15\",\"datePublished\":\"2026-07-08T17:15:06+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-08T18:28:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644\"},\"wordCount\":528,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/IMG-20260708-WA0040.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644\",\"name\":\"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y'imyaka 15 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/IMG-20260708-WA0040.jpg\",\"datePublished\":\"2026-07-08T17:15:06+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-08T18:28:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/IMG-20260708-WA0040.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/IMG-20260708-WA0040.jpg\",\"width\":1080,\"height\":876},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=270644#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#8217;imyaka 15\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/993a9b53e0b31ca8c7cc88f3aa755d82\",\"name\":\"Biregeya Justin\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=28\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y'imyaka 15 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y'imyaka 15 - BWIZA","og_description":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye ko ikibazo cy&#8217;umukozi wishyuwe amafaranga y&#8217;ubutumwa bw&#8217;akazi nyuma y&#8217;iminsi 5.130, bingana n&#8217;imyaka hafi 15, cyaturutse ku burangare bwabayeho icyo gihe, ariko nyuma y&#8217;ubugenzuzi byemezwa ko ayo mafaranga yari ay&#8217;umwenda agomba kwishyurwa. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 8 Nyakanga 2026, ubwo ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Nyabihu bwitabaga Komisiyo y&#8217;Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe Gukurikirana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2026-07-08T17:15:06+00:00","article_modified_time":"2026-07-08T18:28:47+00:00","og_image":[{"width":1080,"height":876,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Biregeya Justin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Biregeya Justin","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644"},"author":{"name":"Biregeya Justin","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/993a9b53e0b31ca8c7cc88f3aa755d82"},"headline":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#8217;imyaka 15","datePublished":"2026-07-08T17:15:06+00:00","dateModified":"2026-07-08T18:28:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644"},"wordCount":528,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644","name":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y'imyaka 15 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg","datePublished":"2026-07-08T17:15:06+00:00","dateModified":"2026-07-08T18:28:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=270644"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/IMG-20260708-WA0040.jpg","width":1080,"height":876},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=270644#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Akarere ka Nyabihu kasobanuye impamvu umukozi yishyuwe amafaranga ya misiyo nyuma y&#8217;imyaka 15"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/993a9b53e0b31ca8c7cc88f3aa755d82","name":"Biregeya Justin","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=28"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/270644","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/28"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=270644"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/270644\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/270663"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=270644"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=270644"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=270644"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}