{"id":271206,"date":"2026-07-23T10:23:58","date_gmt":"2026-07-23T08:23:58","guid":{"rendered":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206"},"modified":"2026-07-23T13:42:04","modified_gmt":"2026-07-23T11:42:04","slug":"ishyamba-si-ryeru-hagat-ya-kongolo-na-mbayahaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206","title":{"rendered":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga"},"content":{"rendered":"<p>Mu muryango w\u2019Abanyamulenge, cyane cyane mu bantu bagaragara mu bikorwa bya politiki no mu bikorwa byo kuvuganira inyungu z\u2019uyu muryango, haravugwa ubwumvikane buke hagati ya bamwe mu bakorera ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko uyu mwuka mubi wiyongereye mu mezi ashize, aho bamwe bashinjanya kuba bakorera inyungu zabo bwite cyangwa iz\u2019ubutegetsi bwa Kinshasa, mu gihe abandi bo babona ko ibikorwa byabo bigamije gushakira ibisubizo ibibazo by\u2019umutekano n\u2019imibereho y\u2019Abanyamulenge.<\/p>\n<p>Mu bantu bavugwa muri ayo makimbirane, harimo Jacques Kongolo usanzwe ari umujyanama wa Perezida F\u00e9lix Tshisekedi wa Congo Kinshasa, Ganza Daniel C\u00e9dric na Pasiteri Isidole Mbayahaga bakunze kugaragara mu bikorwa bitandukanye bifitanye isano n\u2019Abanyamulenge ndetse n\u2019ubuyobozi bwa Kinshasa.<\/p>\n<p><strong>Uruzinduko i Burundi n\u2019impunzi z\u2019Abanyamulenge<\/strong><\/p>\n<p>Mu ntangiriro za 2026, Perezida wa Banyamulenge Global Advocacy, Charles Ntezumwami, yari kumwe n\u2019itsinda rye rigizwe na Pasiteri Mbayahaga, Gakunzi Fred, Ganza Daniel, Manyota Bosco, Ntagora Marcel na Rutikanga; bagiriye uruzinduko i Burundi, aho babonanye na Perezida \u00c9variste Ndayishimiye.<\/p>\n<p>Amakuru atandukanye avuga ko nyuma y\u2019uru ruzinduko, Jacques Kongolo yaba yarahawe inshingano zo kuganiriza impunzi z\u2019Abanyamulenge ziri mu Burundi.<\/p>\n<p>Bivugwa ko Kongolo yajyanye na Gen Gasita Innocent wa FARDC mu Burundi, aho bahuriye n\u2019itsinda rito ry\u2019impunzi mu gace ka Nyakabiga, muri hoteli.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko muri iyo nama hitabiriye abantu benshi, ndetse bamwe mu bari bahari bakaba barahawe amafaranga yo kubafasha mu gihe gito.<\/p>\n<p>Aya makuru avuga ko ayo mafaranga yaba yaraturutse ku buyobozi bwa Perezida F\u00e9lix Tshisekedi.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019urwo rugendo, Kongolo ngo yakomeje ibikorwa byo kuganiriza Abanyamulenge ku bijyanye no gushyigikira Leta ya Kinshasa.<\/p>\n<p>Ku wa 3 Gicurasi 2026, Abanyamulenge batuye i Bibogobogo basuwe na Jacques Kongolo ari kumwe na William Amuli Yakutumba wa Mai-Mai, aho yari ajyanye ubutumwa bwaturutse kuri Perezida F\u00e9lix Tshisekedi.<\/p>\n<p>Abari hafi y\u2019iki kibazo bavuga ko ubutumwa bwagejejwe kuri abo baturage bwari bugamije kubashishikariza gushyigikira Leta ya Kinshasa, ndetse hakaba harabayeho n\u2019ibyaburira ku ngaruka bashobora guhura na zo mu gihe batayishyigikiye.<\/p>\n<p><strong>Kongolo na Ganza Cedric batangiye kutumvikana ryari?<\/strong><\/p>\n<p>Kutumvikana hagati ya Jacques Kongolo na Ganza Daniel Cedric kuvugwa ko kwatangiye kugaragara cyane muri Gashyantare 2026, ubwo Ganza, afatanyije na Patrick Muyaya, Minisitiri w\u2019Itumanaho akaba n\u2019Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, bari mu myiteguro y\u2019uruzinduko rwo guhura n\u2019Abanyamulenge baba i Washington.<\/p>\n<p>Kongolo ngo ntiyari afite uruhare muri uwo mushinga, ibintu byaje gukurura kutumvikana hagati y\u2019aba bagabo bombi.<\/p>\n<p>Ganza C\u00e9dric avuga ko icyo gikorwa cyari kigamije gukangurira abaturage kubana mu mahoro no guteza imbere ubwiyunge mu bice by\u2019imisozi miremire ya Uvira, Fizi na Mwenga.<\/p>\n<p>Mu ibaruwa yandikiye Perezida F\u00e9lix Tshisekedi, Ganza yagaragaje ko yatunguwe no kuba umushinga yari yarateguye wafashwe nk\u2019igikorwa cyangiza igihugu, kandi ko Kongolo ubwe yari yarigeze kuwushyigikira.<\/p>\n<p>Ati: \u201cMu biganiro byose nagiranye na Bwana Kongolo kuri uyu mushinga mu byumweru byabanje, ntabwo yigeze angira inama yo kuwitondera cyangwa ngo ambwire ko hari ikibazo kirimo. Ahubwo we ubwe yavuze ko yatanze amadolari ya Amerika 1,000 yo kuwushyigikira.\u201d<\/p>\n<p>Ganza yabajije impamvu Kongolo yari kuwushyigikira niba koko wari ufite ingaruka ku nyungu z\u2019igihugu, anasaba Tshisekedi ko niba hari ibyo ashinjwa, yakwitaba inzego zibishinzwe kugira ngo abazwe kandi ukuri kumenyekane.<\/p>\n<p>Yanasabye ko umutekano we wizezwa mu gihe ibyo birego byaba bidafite ishingiro.<\/p>\n<p><strong>Mbayahaga na we yinjiye mu makimbirane<\/strong><\/p>\n<p>Umwuka mubi waje no kugaragara hagati ya Kongolo na Pasiteri Isidore Mbayahaga.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ifatwa ry\u2019ahazwi nka Point Zero, Mbayahaga yagaragaye kuri YouTube anenga bikomeye Jacques Kongolo, amushinja kuba igihombo ku Banyamulenge ndetse no kuri Leta ya Congo.<\/p>\n<p>Mbayahaga yanashinje Kongolo kugira uruhare mu bikorwa bijyanye no gukoresha drone za FARDC mu bitero bivugwa ko byibasira Abanyamulenge.<\/p>\n<p>Ibi birego, kugeza ubu, ntibyigeze bishimangirwa n\u2019inzego zigenga, ariko byakomeje kongera umwuka mubi hagati y\u2019aba bagabo.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko Kongolo yaba yaravuze ko amakimbirane yari hagati ye na Mbayahaga afite aho ahuriye na Ganza Cedric, ibintu byatumye ikibazo kigenda gifata indi ntera.<\/p>\n<p><strong>Ese amakimbirane arerekeza he?<\/strong><\/p>\n<p>Mu gihe ibikorwa by\u2019imirwano bikomeje kugira ingaruka ku baturage bo mu bice bitandukanye bya Kivu y\u2019Amajyepfo, cyane cyane mu duce dutuwe n\u2019Abanyamulenge, havugwa ko bamwe mu Banyamulenge bakorera cyangwa bashyigikiye Leta ya Kinshasa batangiye gutandukana ku buryo bwo gusubiza ibibazo by\u2019umutekano n\u2019ubwicanyi bushinjwa imitwe yitwaje intwaro.<\/p>\n<p>Abanenga aba bantu bavuga ko bamwe bashinjwa guhabwa amafaranga kugira ngo bagabanye uburemere bw\u2019ibirego byerekeye umutekano muke n\u2019ibitero bivugwa ko byibasira Abanyamulenge.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, abashyigikiye ibikorwa byabo bavuga ko bagamije gushaka uburyo bwo gukemura ibibazo by\u2019Abanyamulenge binyuze mu biganiro na Leta ya Kinshasa.<\/p>\n<p>Icyakora, mu gihe intambara n\u2019amakimbirane bikomeje mu bice bya Fizi, Uvira na Minembwe, kutumvikana hagati y\u2019Abanyamulenge bafite aho bahuriye na Leta ya Kinshasa bishobora kurushaho kwagura ibice biri muri uyu muryango, cyane cyane ku bijyanye n\u2019uburyo ikibazo cy\u2019umutekano wabo cyakemurwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu muryango w\u2019Abanyamulenge, cyane cyane mu bantu bagaragara mu bikorwa bya politiki no mu bikorwa byo kuvuganira inyungu z\u2019uyu muryango, haravugwa ubwumvikane buke hagati ya bamwe mu bakorera ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko uyu mwuka mubi wiyongereye mu mezi ashize, aho bamwe bashinjanya kuba bakorera inyungu zabo bwite cyangwa iz\u2019ubutegetsi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":271218,"comment_status":"open","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-271206","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu muryango w\u2019Abanyamulenge, cyane cyane mu bantu bagaragara mu bikorwa bya politiki no mu bikorwa byo kuvuganira inyungu z\u2019uyu muryango, haravugwa ubwumvikane buke hagati ya bamwe mu bakorera ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko uyu mwuka mubi wiyongereye mu mezi ashize, aho bamwe bashinjanya kuba bakorera inyungu zabo bwite cyangwa iz\u2019ubutegetsi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-07-23T08:23:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-07-23T11:42:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1134\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga\",\"datePublished\":\"2026-07-23T08:23:58+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-23T11:42:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206\"},\"wordCount\":796,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/mbayahaga_1.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206\",\"name\":\"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/mbayahaga_1.jpg\",\"datePublished\":\"2026-07-23T08:23:58+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-23T11:42:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/mbayahaga_1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/mbayahaga_1.jpg\",\"width\":1700,\"height\":1134},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=271206#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA","og_description":"Mu muryango w\u2019Abanyamulenge, cyane cyane mu bantu bagaragara mu bikorwa bya politiki no mu bikorwa byo kuvuganira inyungu z\u2019uyu muryango, haravugwa ubwumvikane buke hagati ya bamwe mu bakorera ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko uyu mwuka mubi wiyongereye mu mezi ashize, aho bamwe bashinjanya kuba bakorera inyungu zabo bwite cyangwa iz\u2019ubutegetsi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2026-07-23T08:23:58+00:00","article_modified_time":"2026-07-23T11:42:04+00:00","og_image":[{"width":1700,"height":1134,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga","datePublished":"2026-07-23T08:23:58+00:00","dateModified":"2026-07-23T11:42:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206"},"wordCount":796,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206","name":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg","datePublished":"2026-07-23T08:23:58+00:00","dateModified":"2026-07-23T11:42:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=271206"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/mbayahaga_1.jpg","width":1700,"height":1134},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=271206#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishyamba si ryeru hagati ya Kongolo na Mbayahaga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/271206","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=271206"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/271206\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/271218"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=271206"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=271206"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=271206"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}