{"id":2714,"date":"2016-09-05T10:07:34","date_gmt":"2016-09-05T10:07:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/05\/ubumenyi-abasirikare-ba-habyarimana-bari-bafite-ntibwabujije-inkotanyi-gutsinda\/"},"modified":"2025-02-12T18:09:03","modified_gmt":"2025-02-12T16:09:03","slug":"ubumenyi-abasirikare-ba-habyarimana-bari-bafite-ntibwabujije-inkotanyi-gutsinda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714","title":{"rendered":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu bihe bya nyuma y\u2019 i 1959, Abanyarwanda bari barirukanywe mu gihugu cyabo nta ko batagize ngo bakigarukemo, nyamara ubutegetsi bwariho burabyanga.<\/em> <\/strong><br \/>\nUmuryango Mpuzamanga wokeje igitutu ubutegetsi bwa Habyarimana umusaba ko yareka Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cyabo bagataha, ariko avunira ibiti mu matwi we n\u2019abo bari bafatanyije kuyobora u Rwanda, ndetse avuga ko u Rwanda rwuzuye, ati:\u201d Ni ikirahuri cyuzuye amazi,uwakongeraho andi yaseseka\u201d.<br \/>\nMuri 1990, Inkontanyi zitangiye urugamba rwo kwibohora,  Perezida Habyarimana yaje  kwemera  politiki y\u2019 amashyaka menshi.<br \/>\nIcyakurikiye ni uko mu gihugu havutse abanyapolitiki bamurwanya, ndetse bamwe  mu bana b\u2019u Rwanda bajya ku rugamba rwo gufasha Inkotanyi. Abonye ko bimukomeranye, Habyarimana yiyambaje amaboko y\u2019amahanga ngo aneshe inkotanyi.<br \/>\n <strong>Ibyo byose byabaye  iby\u2019ubusa kuko byarangiye Inkontanyi  zimunesheje<\/strong><br \/>\nHakozwe ibiganiro bitandukanye, imishyikirano, ariko byose biba iby\u2019ubusa. Icyakurikiye ni urugamba.Nibwo rero izari ingabo za APR  zahanganye n\u2019Inzirabwoba.<br \/>\nAbakurikiranye urwo rugamba batangaza ko rutari rworoshye na gato.Ariko burya mu baburanyi 2 haboneka mo utsinda n&#8217;utsindwa.<br \/>\nInkotanyi zahanganye n&#8217; ingabo za Habyarimana hafi mu bayobozi bari bafite ipeti rya BEM.<br \/>\nAbazi ibyo amaranka basobanura ko  BEM ari ubwoko bwa rank yo mu ba EX-FAR ngo yari ifitwe gusa n\u2019umuntu witwa G\u00e9n\u00e9ral de Brigade Emmanuel Habyarimana uyu wahoze ari Ministre w\u2019Ingabo.<br \/>\n <strong>Habyarimana yari afite abasirikare bibitseho impamyabumenyi  z\u2019 ikirenga(BEM)<\/strong><br \/>\n <em>1.G\u00e9n\u00e9ral Major BEM Ndindiliyimana Augustin Butare 1973<\/em><br \/>\n <em>2.G\u00e9n\u00e9ral Major BEM Nsabimana D\u00e9ogratias a.k.a Castar Ruhengeri 1974<\/em><br \/>\n <em>3. G\u00e9n\u00e9ral BEM Gatsinzi Marcel Kigali 1977<\/em><br \/>\n <em>4. Major BEM Habyarimana Simon Gisenyi 1979<\/em><br \/>\n <em>5. Col BEM Nkuliyekubona Anselme Byumba 1981<\/em><br \/>\n <em>6. Lt Col BEM Baliyanga Alphonse Gisenyi 1982<\/em><br \/>\n <em>7. Lt Col BEM Kamanzi Innocent Gitarama 1983<\/em><br \/>\n <em>8.Lt Col BEM Rwabalinda Ephrem Cyangugu 1984<\/em><br \/>\n <em>9. Lt Col BEM Munyarugarama Ph\u00e9n\u00e9as Ruhengeri 1984<\/em><br \/>\n <em>10. Lt Col BEM Bahufite Juv\u00e9nal Byumba 1984<\/em><br \/>\n <em>11. Col BEM Gasake Athanase Ruhengeri 1985<\/em><br \/>\n <em>12. G\u00e9n\u00e9ral Major BEM Bizimungu Augustin Byumba 1985<\/em><br \/>\n <em>13.Col BEM Ndengeyinka Balthazar Kibuye 1986  <\/em><br \/>\n <em>14. Lt Col BEM Gasarabwe Edouard Butare 1986<\/em><br \/>\n <em>15. Lt Col BEM Nkundiye L\u00e9onard Gisenyi 1987  <\/em><br \/>\n <em>16. Lt Col BEM Hitimana Joseph Gisenyi 1988<\/em><br \/>\n <em>17. Major BEM Neretse Emmanuel Ruhengeri 1988<\/em><br \/>\n <em>18. Major BEM Mutambuka Gaspard Byumba 1989<\/em><br \/>\n <em>19. G\u00e9n\u00e9ral de Brigade BEM Habyarimana Emmanuel Byumba 1990<\/em><br \/>\n <em>20. Lt Col BEM Sebahire Antoine Kibungo 1991<\/em><br \/>\n <em>21. Lt Col BEM Musonera V\u00e9nant Gikongoro 1992.<\/em><br \/>\nUbundi ngo  BEM bisobanura Brevet\u00e9 d\u2019Etat Major , ikaba ari impamyabumenyi itangwa n\u2019ishuri rya Cyami Rikuru rya Gisirikare ryo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi (Institut Royal Sup\u00e9rieur de D\u00e9fense mu magambo ahinnye ni IRSD) .<br \/>\nBivugwa kandi ko iryo shuri ryashinzwe mu kinyejana cya 19, rikaba ryaritwaga Ecole de Guerre kugeza mu 1978.<br \/>\nRyari rigenewe kwigisha abasirikare bo mu rwego rwa officiers batoranijwe kuzaba abakuru b\u2019ingabo cyangwa gukora mu buyobozi bukuru bw\u2019ingabo.<br \/>\nKera  umuntu yashoboraga kwinjira muri iryo shuri ari Capitaine ariko kuva mu 1978 bisaba kuba uri Major kugira ngo yemererwe.<br \/>\nAba BEM babitaga inkuba z\u2019intambara (foudres de guerre). Ibi ntibivuze ko bose bagaragaje ubutwari ku rugamba, hari ababaye intwari koko, hari abirukanse amasigamana bata n\u2019abasirikare bari bashinzwe kuyobora, ariko nubwo hari bamwe batabarutse  hari abandi bari muri Congo, Sudan  no mu Burundi.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Zamubandi Saido\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu bihe bya nyuma y\u2019 i 1959, Abanyarwanda bari barirukanywe mu gihugu cyabo nta ko batagize ngo bakigarukemo, nyamara ubutegetsi bwariho burabyanga. Umuryango Mpuzamanga wokeje igitutu ubutegetsi bwa Habyarimana umusaba ko yareka Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cyabo bagataha, ariko avunira ibiti mu matwi we n\u2019abo bari bafatanyije kuyobora u Rwanda, ndetse avuga ko u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2714","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu bihe bya nyuma y\u2019 i 1959, Abanyarwanda bari barirukanywe mu gihugu cyabo nta ko batagize ngo bakigarukemo, nyamara ubutegetsi bwariho burabyanga. Umuryango Mpuzamanga wokeje igitutu ubutegetsi bwa Habyarimana umusaba ko yareka Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cyabo bagataha, ariko avunira ibiti mu matwi we n\u2019abo bari bafatanyije kuyobora u Rwanda, ndetse avuga ko u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-05T10:07:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T16:09:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba\",\"datePublished\":\"2016-09-05T10:07:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T16:09:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714\"},\"wordCount\":519,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714\",\"name\":\"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-05T10:07:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T16:09:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2714#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA","og_description":"Mu bihe bya nyuma y\u2019 i 1959, Abanyarwanda bari barirukanywe mu gihugu cyabo nta ko batagize ngo bakigarukemo, nyamara ubutegetsi bwariho burabyanga. Umuryango Mpuzamanga wokeje igitutu ubutegetsi bwa Habyarimana umusaba ko yareka Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cyabo bagataha, ariko avunira ibiti mu matwi we n\u2019abo bari bafatanyije kuyobora u Rwanda, ndetse avuga ko u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-05T10:07:34+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T16:09:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba","datePublished":"2016-09-05T10:07:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T16:09:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714"},"wordCount":519,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2714#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714","name":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-05T10:07:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T16:09:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2714"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2714#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubumenyi abasirikare ba Habyarimana bari bafite ntibwabujije Inkotanyi gutsinda urugamba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2714","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2714"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2714\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2714"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2714"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2714"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}